Uburusiya bwaburijemo ibitero byo mu kirere by’indege zitagira abapilote za Amerika

Uburusiya buratangaza ko indege z’intambara zabwo zabujije indege ebyiri z’ibisasu za Leta zunze ubumwe z’Amerika kwambuka umupaka wabwo hejuru y’inyanja ya Barents muri Arctique. kuri iki cyumweru, nibwo abarwanyi b’Uburusiya bagaragaje ko indege z’intambara z’Amerika zirwanira mu kirere zo mu bwoko bwa B-52H zashakaga kwinjira mu burusiya, nk’uko Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yabyanditse ku mbuga nkoranyambaga…

Read More

Bisa nk’ibyarangiye! Kevin De Brune agiye gusanga Ngoro Kante na Karim Benzema muri arabia saudite

Kevin De Brune yamaze kwemeranya byose na ekipe ya Al-Ittihad ikina muri shampiyona yo muri arabiya Sawudite kuba yayisinyira nk’umukinnyi wayo mushya. Nyuma yo kumara imyaka igera ku icumi muri ekipe y’umujyi wa Manchester united ,uyu mubiligi usanzwe ukina hagati mu kibuga amasezerano ye afite muri Manchester city azarangira mu mwaka w’imikino wa 2024-25. Amakuru…

Read More

Tuyisenge Arsene wavuye muri Rayon sports afashije Red Arrows kwegukana Cecafa Kagame Cup

Red Arrows imaze kwegukana igikombe cya Cecafa Kagame cup itsinze ekipe ya Apr fc kuri penaliti nyuma yo kugwa miswi mu mu minota yagenwe 90 ndetse na mirongo itatu y’inyongera. Uyu ni umukino wabereye kuri sitade ya Uwanja wa KMC,iki kibuga cyatoranyijwe kwakira umukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup akaba ari nacyo cyakiriye imikino…

Read More

Perezida Museveni yabwiye urubyiruko rushaka kwigaragambiriza muri Uganda ko ruzaba ruri gukina n’umuriro

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yihanangirije abigaragambyaga ko “bazakina n’umuriro” nibaramuka bakomeje gahunda yo gukora urugendo rwo kurwanya ruswa mu nteko ishinga amategeko ku wa kabiri. Abasore n’inkumi b’abagande bari gutegura urugendo ku mbuga nkoranyambaga basaba ko ruswa ihagarara muri guverinoma.Bivugwa ko batijwe umurindi na bagenzi babo bo mu gihugu cy’abaturanyi cya Kenya, bateguye imyigaragambyo…

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Amashyaka ya gisosiyalisite yabonye intsinzi mu Bufaransa mu matora y’abadepite naho  Havutse Jean-Paul Sartre abona izuba

uyu munsi tariki 21 Nyakanga ni umunsi wa 203 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 163 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 21 Nyakanga 2021, Polisi y’u Rwanda, ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, abandi babaherekeje bafite imipanga…

Read More

TODAY IN SPORTS :Chris Froome yegukanye Tour de France naho Erling Braut Haaland abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1968 Jan Janssen ukomoka mu Buholandi yegukanye tour de france yabaga ku nshuro yayo ya 55. 1989 mu mukino w’iteramakofe ,Mike Tyson yakubise Carl Williams ubatagaruka kuri round ya mbere mu cyiciro cy’abafite ibiro byinshi. 2002 Michael Schumacher umushoferi w’umudage watwariraga Ferrari, yegukanye igikombe…

Read More

UKRAINE – RUSSIA WAR : impirimbanyi yo muri Ukraine yarwanyaga kuvugwa ku ururimi rw’ikirusiya mu gihugu yasanzwe yapfuye

Uwahoze ari umudepite ukomoka mu gihugu cya Ukraine yapfuye nyuma yo kurasirwa mu muhanda mu mujyi wa Lviv mu burengerazuba bwa Ukraine. Iryna Farion yateje impaka mu 2023 avuga ko abantu baziko bakunda igihugu cyabo bo muri Ukraine batagomba kuvuga Ikirusiya uko byagenda kose.Kuri uyu wa gatanu, iperereza ry’iyicwa ry’umwarimu w’indimi w’imyaka 60 ririmo ryakozwe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United yafashe umwanzuro ukakaye kuri Antony, Barcelona igiye gusinyisha undi mukinnyi utari Nico Williams

Crystal Palace  y’umutoza Olivier Glasner  y’iteguye gutanga amafaranga angana na  £30m  kuri Emile Smith Rowe, 23 Umusore ukina hagati mu kibuga muri Arsenal. (Talksport) Umunya-Spain  ukina hagati mu kibuga  Sergi Roberto, 32, ashobora kwerekeza muri shampiyona yabongereza Premier League  nyuma y’uko asoje amasezeranoye mu ikipe ya Barcelona kandi ikaba ntagahunda ifite yokumwongerera amasezerano  . (Mundo Deportivo –…

Read More