Copa América 2024: Argentine ibifashijwemo na  Lautaro Martínez yageze muri kimwe cya kane nubwo canada na chile bizikikomeranye

Ikipe y’Igihugu ya Argentine yatanze izindi gukandagiza ikirenge muri kimwe cya kane cya Copa America nyuma gutsinda chile igitego 1 -0 ikuzuza amanota atandatu mu tsinda rya mbere iherereyemo. Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ,mu mikino y’irushanwa rya Copa America rihuza amakipe aherere hariya kumugabane w’amerika y’amajyepfo nibwo ikipe y’igihugu ya Arigentine…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united agiye kugaruka kuyitoza

Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united biravugwa ko ashobora kugaruka muri iyi ikipe nk’umwe mu bazaba bagize itsinda rigari ryungirije umutoza mukuru Eric Tenhag. Nubwo ubuyobozi bwite bwa Manchester united bwirinze kugira ibyo butangaza kuri aya amakuru,gusa bimwe mu binyamakuru bigiye bikomakomeye byo mu buholandi byatanganje ko uyu munyabigwi w’iyi ikipe yaba yaregerewe…

Read More

EURO 2024: Cristiano Ronaldo na bagenzi be bafashije Portigal kugera muri kimwe cy’umunani naho ahazaza ha Turkey muri Euro hakomeza kuba agatereranzamba

Mu kanya gashize kuri sitade Signal Iduna Park, ikipe y’igihugu ya Portigal imaze kubona itike ya kimwe cy’umunani cy’irangiza nyuma yo kunyagira ibitego bitatu ku busa ikipe y’igihugu ya Turkey mu mukino wayo wa kabiri mu gikombe cy’uburayi kiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Ni umukino wayoboyowe n’umusifuzi ukomoka mu gihugu cy’ubudage witwa Felix Zwayer ,ukaba…

Read More

European Transfers : Bayern Munich yeretse chelsea fc ko amafaranga atagura byose kuri Micheal Olise

Mu kanya gashize Ikipe ya Bayern munich imaze kwemeranya na Micheal olisee wa Crystal palace kumusinyisha amasezerano azamugeza muri 2029 muri iyi ikipe itozwa na Vincent Kampony kuri miliyoni 60 z’amayero. Zirikana gusoma ibi mu nkuru : Ikipe y’igihangange ikina shampiyona y’ubudage [Bundesliga] ya Bayern Munich izishyura €60m (£50.7m) harimo inyongera zo kuzana umusore wimyaka…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 22/Kamena,Diego Maradona yakoze ku mupira n’ukuboko kw’ibumoso mbere yo kuwukubita umutwe kugira ngo awutereke mu ncundura binatuma Arijantine itsinda Ubwongereza igitego 1-0 naho Darrell Armstrong na Nikolay Shirshov babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo kuri iyi taliki: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 22 Kanama 2024 ni umunsi wa 174 w’umwaka ubura iminsi 192 ngo urangire. 1921 Paavo Nurmi yaciye agahigo ko kwiruka muri 10,000 akoresheje iminota 30 na amasegonda 40. 1949 ,mu mikino y’iteramakofe Ezzard Charles yatwaye umudali…

Read More

EURO 2024: Shaparenko na Yaremchuk bongeye gutuma abatuye Kyiv bongera kugira icyizere cyo kurenga amatsinda

Mu kanya kuri sitade Merkur spiel- Arena, Ikipe y’igihugu ya Ukraine ibonye itsinzi yayo ya mbere iyikuye imbere y’ikipe y’igihugu ya slovakia y’ibitego bibiri kuri kimwe muri EURO 2024. Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Ukraine Serhiy Rebrov yaje asa nkaho yawukaniye bijyanye yabanje hafi intwaro ze zose mu kibuga byumwiahariko abasore bakina mu ma shampiyona akomeye…

Read More

Abakwiye ikipe y’ingabo z’Igihugu nka APR FC batangiye ku hasesekara bahereye kumutoza wajyanye ikipe mu matsinda y’imikino nya Africa!

Nyuma  y’uko ikipe ya APR FC  isoje umwaka w’imikino  wa 2023/2024  igahitamo gutandukana n’uwari  umutoza wayo Umufaransa Thierry Froger  yamaze kubona umutoza mushya  umunya Serbia  w’imyaka 52 Darko Novic. Ikipe y’ingabo z’igihugu  “APR FC “  izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League mu mwaka utaha w’imikino ifite intego z’iremereye zo kugera  mumatsinda nyuma…

Read More

Chelsea fc ku isoko ry’abakinnyi : ibya Samu Omorodion wa Atheltico Madrid na Michael Olise wa crystal palace berekeza muri iyi ikipe bigeze he ?

Ikipe ya Chelsea yo muri shampiyona y’ubwongereza nyuma yo kuzana umutoza mushya enzo Maresca nayo yamaze gutera amatako ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri iki ki, nibande iyi ikipe iri gushaka kungeramo ?… Umutoza Enzo Maresca arashaka abataka bagomba kuzafasha  umunya Senegal Nicolas Jackson,aho ibi byatumye iyi ikipe ikomanga mu ikipe ya Atletico Madrid…

Read More

Umweyo muri Bugesera football club : batanu imaze kwemeza ko itandukanye nabo.

Bugesera FC ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu ari bo Stephen Bonney, Vincent Adams, Cyubahiro Idarusi, Dushimimana Olivier wasinyiye APR FC na Ani Elijah werekeje muri Police FC. iyi ikipe yo mu burasirazuba ,Kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024, nibwo Bugesera FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo imenyesha…

Read More

Nubwo aherutse kwisasira ingona za Lesotho, ntacyo byamariye Amavubi ku rutonde rwa FIFA

Mu kanya gashize ikipe y’igihugu y’u Rwanda [AMAVUBI STARS] yisanze ku mwanya w’ ijana na mirongo itatu na rimwe ku rutonde ngarukakwezi rusohorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA . Uru ni urutonde rumaze gusohorwa mu kanya gashize,aho ikipe y’igihugu y’u Rwanda imaze kwisanga ku mwanya w’ijana na mirongo itatu n’umwe akaba ari nawo rwari…

Read More