Menya byinshi ku rutonde ngarukakwezi rw’abakinnyi beza 100+ mu Rwanda rwasohowe n’ikinyamakuru DailyBox ruzwi nka “Rwanda Best”
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 09 Nyakanga nk’uko byari biteganyijwe ikinyamakuru DailyBox cyasohoye urutonde ngarukakwezi rw’abakinnyi 100+ beza kuruta abandi mu Rwanda “Rwanda Best” mu mupira wamaguru rwayobowe n’umusore w’Ikipe ya Rayon Sports Kevin Muhire. Ni urutonde rwari rusohotse kunshuro yarwo ya kabiri nyuma y’urwa kamena , aho hagaragayemo impinduka zitandukanye ariko nanone zitari…