CAF yongeye gushimangira ubushongore bwa sitade amahoro

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF yashyize hanze urutonde rwa za Sitade zishobora gukinirwaho imikino mpuzamahanga y’iyi Mpuzamashyirahamwe, aho u Rwanda rwisanze rufite ebyiri, ibintu byaherukaga mu myaka ine ishize. CAF yashyize Stade Amahoro na Kigali Pelé ku rutonde rw’ama-Stades yemerewe kwakira imikino y’ijonjora rya mbere n’irya kabiri, mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yabaye aya…

Read More

Gambia : Leta igiye gutora itegeko ritegeka ikatwa ry’imwe mu myanya ndangagitsina ku abagore

Mu gihugu cya Gambia hagiye kongera gushyirwaho itegeko ritegeka abakobwa n’abagore bose gukorerwa umuhango wo gukata bimwe mu bice byabo ndangagitsina . Gambiya, igihugu gito cyo muri Afurika y’iburengerazuba gituwe n’abantu batageze kuri miliyoni 3, nicyo gihugu cya mbere ku isi cyongeye kwemeza FGM[female genital mutilation] nyuma y’uko umuryango w’abibumbye ubibuzanyije,iri tegeko bitegenijwe ko riraza…

Read More

Nigeria : abanyeshuri 22 bahirimiwe n’ishuri bahita bapfa

Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko abana 22 bapfuye abandi barenga 130 barakomereka nyuma y’inyubako y’ishuri yasenyutse muri Nijeriya yo muri leta ya Plateau rwagati. ishuri rya Saint Academy riherereye mu murwa mukuru wa leta ya Jos ryahirimye mugihe abanyeshuri bari mwishuri mugitondo cyo kuwa gatanu. Abana benshi bahita bisanga munsi y’ibinonko by’iyi nyubako. Abakorerabushake bari…

Read More

Ntwari Fiacre ashobora kwisanga agiye gutozwa nu umutoza watozaga “Mangwende” doreko arimunzi zisohoka mu ikipe yakiniraga!

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”  Fiacre Ntwari yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya  Kaizer Chiefs yomu gihugu cya Africa y’Epfo avuye mu ikipe ya TS GALAXY yomuri icyo gihugu n’ubundi aho ashobora gutangwaho asaga $400K Hirya nohino ku isi isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rirarimbanyije  ndetse no mu gihugu  cya  Africa y’Epfo ahabarizwa uyu mukinnyi…

Read More

Inzira  y’u musaraba yerekeza mu matsinda kuri APR FC na Police! uko tombora yagenze kumakipe azahagararira u Rwanda mu mikino  Nya-Africa

Ikipe ya APR FC na Police FC z’igomba guhagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Confederetions Cup zamenya abobagomba gukina mu mikino y’Ibanze (Preliminary Round) aho APR FC izakina na  Azam mu gihe Police izakina  na SC Constantinois yomuri Algeria.  Kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nyakanga 2024 I Cairo mu…

Read More

EURO 2024 : Olie Watkins afashije ubwongereza kugera ku mukino wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’ubwongereza imaze kugera ku mukino wa nyuma wa EURO 2024 nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’ubuholandi les oranges ibitego 2-1. uyu wari umukino watangiye ikipe y’igihugu y’ubuholandi yataka cyane ndetse biza no kuyikundira kuko ku makosa ya Declan Rice aho yari amaze gutsikira aza kwisanga uwitwa Xavi Simons yamupapuje umupira maze nawe arekura…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Arsenal yatangaje ko yasinyishije Alexis Sanchez imuvanye muri Barcelona naho Mario Gómez abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1960 ,Mu gikombe cy’uburayi cyo muri uyu mwaka Viktor Ponedelnik yafashije igihugu cye cya leta zunze ubumwe z’abasoviyeti kwitwara neza ku mukino wanyuma w’iki gikombe imbere ya Yugoslavia aho bayitsinze bibiri kuri kimwe mu mukino waberaga kuri sitade ya Parc des Princes mu bafaransa. 1977 Nyuma y’imyaka ibiri…

Read More