APR FC yagize imibare mibi itishimiwe n’abakunzi bayo kumukino batsinzwemo na Simba mu buryo bworoshye

Ikipe y’Ingabo z’igihugu  “APR FC”  yagize imibare mu mukino wa yihuje na Simba SC itashimishije abafana bayo aho yabashije kugumana umupira kurwego rwa 29% mu gihe Simba yagize 71%. Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania yakoze ibirori bidasanzwe byo kwerekekana abakinnyi izakoresha umwaka utaha w’imikino ibirori byabereye kuri…

Read More

Dore urutonde rw’Abakinnyi umwe kuri umwe Rayon izakoresha muri 2024-2025 haba mu bagore na bagabo

Kuri uyu wa gatandatu Rayon Sports yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka utaha w’imikino haba mu bagabo ndetse no mu bagore umuhango wabereye kuri Kigali Pele Stadium mu kiswe umunsi w’igikundiro “Rayon Day”. Urutonde rw’Abakinnyi   Rayon Sports izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2024-25 Abazamu: Ndikuriyo Patient, Khadime Ndiaye. Bamyugariro: Serumogo Ali, Bugingo Hakim, Nsabimana Aimable, Ishimwe…

Read More

Apr fc igiye kuzajya yambara ‘Visit Rwanda’ ku myambaro yayo

Ikipe ya Apr fc yatangaje ko igiye kongera ibirango bya “Visit Rwanda ” ku myambaro izajya yambara mu mwaka utaha nka gahunda yo gukomeza gutuma u Rwanda rumenyeka i bwotamasimbi. iyi kipe y’ingabo z’igihugu yari isanzwe yambara uruganda rukora ibikomoka ku gihingwa k’ingano rwo mu gihugu cya Tanzania nk’umuterankunga wayo w’imena nyuma ya minisiteri y’ingabo…

Read More

Dore bimwe mu byatumye itorero ‘Umuriro wa Pentekote’ ryari ryiyomoye kuri ADEPR rihagarikwa

 ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda byahagaritswe n’urwego  rw’igihugu rw’Imiyoborere nyuma y’ibibazo by’imikorere bitandukanye birimo Gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane by’urudaca mu bakristo. Ifungwa ry’iri Torero, rigaragara mu ibaruwa y’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, yashyizweho umukono n’Umuyobozi Mukuru warwo, Dr Usta Kaitesi  yandikiye Pasiteri Ntawukuriryayo Corneille wariyoboraga .  icyemezo uru rwego ruvuga ko rwafashe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Neymar Jr yabaye umukinnyi uhenze ku isi y’umupira w’amaguru naho Brahim Diaz abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1949 icyahoze ari Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Amerika (BAA) na National Basketball League (NBL) byishyize hamwe bishyiraho Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ririho ubu rya (NBA), naho Maurice Podoloff yatorewe kuba umuyobozi wa mbere w’iyi shampiyona nshya. 1952 Umushoferi wakiniraga Ferrari w’umutaliyani witwa Alberto…

Read More

Conor Gallagher ashobora kuza kwerekeza muri Atletico Madrid

Ikipe ya Atletico Madrid yo muri esipanye irifuza gusinyisha Conor Gallagher usanzwe ukinira ikipe ya Chelsea fc mu kibuga hagati kuri miliyoni 36 z’amayero n’ubwo hari n’andi makipe arimo  Tottenham  ari kumwifuza. Gallagher yabwiye chelsea ko yifuza kuba umwe mu bakinnyi b’iyi ekipe izaba iyobowe n’umutoza mushya Enzo Maresca kandi ko yishimiye imikinire y’umutoza mushya…

Read More

Police Handball Club yafatiwe ibihano nyuma yo kurangwa n’imyitwarire itari myiza

ikipe ya Police Handball club yahawe ibihano n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda   nyuma y’uko iherutse kwikura mu mukino utarangiye kubera kutishimira uburyo bw’imisifurire. Iri Shyirahamwe kandi rivuga ko ubugenzuzi bwakozwe hagendewe ku mategeko agenga shampiyona mu Rwanda n’agenga umukino wa Handball ku Isi ku gice kijyanye n’ibihano . Ibi ninabyo byashingiweho mu guhagarika CIP…

Read More

Enzo Fernandez yamaze gusanga bagenzi be nyuma yo gukekwaho ivanguraruhu!

Enzo Fernandez yasanze ikipe ya Chelsea muri Amerika nyuma y’inkubiri y’amakuru y’ivanguramoko yari imaze iminsi amuvugwaho;aho uyu Umunya Argentine yasabye imbabazi bagenzi be ndetse na ekipe ye muri rusange. Muri uku kwezi hagati , Fernandez yabaye intandaro y’ivanguramoko nyuma yo gushyira amashusho kuri Instagram bigaragara ko amwerekana na bagenzi be bo muri Arijantine barimo kuririmba…

Read More