RGB yahagaritse ibikorwa byose by’inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje ko rwahagaritse inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda nyuma y’uyu mwuka mubi n’amakimbirane amaze iminsi abarizwa muri iri torero . Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ruvuga zimwe mu ngingo rwashingiyeho mu ifungwa ry’uru rusengero harimo ubutekamutwe ndetse n’uburiganya bwagiye bugaragara mumukorere y’iri torero no kuba rutujuje bimwe mu bisabwa na uru rwego kugirango…

Read More

Biravugwa ko Umunsi wa Mukura ‘Mukura Day’ ushobora kuza guhindurirwa amatariki wagombaga kuberaho

Biravugwa ko FERWAFA ishobora kumenyesha Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe na Super Cup izahuza APR FC na Police FC. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe…

Read More

Haba APR FC,Rayon Sports yewe na Simba  zose ntanimwe igaragara kuri urwo rutonde rw’Amakipe 10!

Amakipe yo k’umugabane wa Africa akomeje kwiyubaka mu buryo bufatika arinako bagura abakinnyi bakomeye , kandi biragaragara ko isoko ry’igura n’igurisha riri kuzamuka abakinnyi barushaho guhenda kuburyo amakipe yo muri Africa ageze kurwego rwo kurema isoko ry’Iburayi bakavanayo abakinnyi ndetse arinako banga rimwe n’arimwe amafaranga y’amakipe y’Iburay kubakinnyi baba bakina imbere muri Afurika. Nk’ubu Ikipe…

Read More

D.R . congo : Ububiko bw’imiti bwatatswe n’inkongi y’umuriro ikomeye

Ububiko bunini bw’ikigo gishinzwe gukwirakwiza imiti cya Kisangani kizwi nka (CAMEKIS) bwangijwe cyane n’inkongi y’umuriro, yabaye mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 4 Kanama kugeza mu rukerera rwo ku wa mbere 5 Kanama. Nk’uko byatangajwe na Dr. Aimé Eyane, umuyobozi wa CAMEKIS, imiti ifite agaciro ka miliyoni irenga y’amadolari y’Amerika yamaze guhinduka umuyonga kubera…

Read More

Dufite insengero ziruta amashuri ari muri iki gihugu : Dr. Kaitesi Usta

Umuyobozi Mukuru wa RGB, Dr. Kaitesi Usta, asanga mu kubaka insengero hakwiye no kubaho kugabanya ubucucike ahubwo ubwo butaka bugakoreshwa ibindi. Yatanze urugero kuri ADEPR, avuga ko muri Kigali ihafite insengero zingana n’utugari tuyibarizwamo. Iri torero rifite insengero zisaga 3000 mu Gihugu hose. Dr. Kaitesi Usta aho yagize ati : “Dufite insengero ziruta amashuri ari…

Read More

Paris Olempics : ese  Clementine Mukandanga niwe u Rwanda rwategaho amakiriro yo kubona nibura umudali ?

 imikino olempike yinjiye mu cyumweru cyayo cya nyuma, u Rwanda rusigaje umukinnyi umwe uzaseruka ku munsi wa nyuma w’iyi mikino,bakinnyi batandatu baserukiye u Rwanda, batanu bamaze gusezererwa nta mudali begukanye mu marushanwa yo koga, kwiruka, gusiganwa ku igare n’inkota. Ku wa gatandatu kandi Eric Manizabayo yasiganwe mu bagabo 273km ariko ageze kuri 245 akurwa mu isiganwa na…

Read More

Rutahizamu w’Amavubi Byiringiro Lague yafashije ikipe ye kwitwara neza

Rutahizamu wa Amavubi Byiringiro Lague yaraye yitwaye neza ndetse anafasha ikipe ye ya Sandvikens IF kwitwara neza nyuma yo gutsinda igitego muri bine batsinze ikipe ya Gefle IF ikinamo umunyarwanda Raphael York muri shampiyona y’icyiciro cya Kabiri yo muri Suwede. Umunyarwanda Byiringiro Lague yinjiye mu kibuga asimbuye umunya – Nigeria John Junior Igbarumah ku munota…

Read More