ubwoko bushya bw’Indwara y’Ubushita bw’Inkende buzwi nka ‘clade 1b ‘ bwatangiye guhikwirakwira muri DRC

Ikigo gishinzwe ubuzima bw’abaturage muri Afurika cyiratangaza ko ubwandu bw’indwara y’ubushita bw’inkende buteye ubwoba, kubera ko ubwoko bwayo bushya burimo kwambukiranya imipaka ya Repuburika ya demokarasi ya Kongo. Ikigo gishinzwe ubuzima bw’abaturage muri Afurika, CDC mu cyumweru gitaha, gishobora gutangaza ko ubushita bw’inkende ari amakuba yugarije rubanda. Iki kigo kivuga ko ubwandu bw’iyo ndwara buteye…

Read More

u Rwanda rukenye akayabo k’amafaranga ko kubaka sitasiyo zipima amazi no gutanga umuburo ku biza

u Rwanda rukeneye amafaranga ari hagati ya miliyari 6-7 Frw yo kugura izindi sitasiyo 180 zipima ubwinshi n’umuvuduko w’amazi ku biyaga no ku migezi ziziyongera kuri 59 zitanga amakuru afasha mu gukora igenamigambi ry’imikoreshereze y’amazi guhera mu 2017. Umwaka ushize abantu basaga 130 babuze ubuzima bwabo bitewe n’imyuzure n’inkangu ndetse inzu 6000 zarangiritse,Ibi biza byabayeho…

Read More

Etincelles FC yiyongereye kuri Mukura vs mu kubuzwa kugira igikorwa cya ruhago icyo ari cyose gitegurwa ku munsi wa Super Coupe

FERWAFA imaze kumenyesha ikipe ya Etincelles FC ko umukino wa gicuti yari guhuramo na Musanze FC ku wa Gatandatu saa Cyenda udashobora kuba kuko kuri uwo munsi hari umukino wa Super Cup ugomba guhuza APR FC na Police FC kuri Kigali Pele Stadium. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Etincelles FC ko umukino wa…

Read More

Tanzania : Polisi irimo gukora iperereza ku bakekwaho gufata ku ngufu umugore mu mashusho yakwirakwiye kuri muri andasi

Polisi ya Tanzania irimo gukora iperereza ku bagabo batanu bafashwe amashusho muri videwo yahererekanyijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko iberekana barimo gufata ku ngufu mu kivunge umugore ukiri muto. Igipolisi cya Tanzania cyatangaje ko amaperereza yacyo arimo gukorwa, ariko ntiyemeje amakuru yuko hari abatawe muri yombi gusa kugeza ubu abashinzwe umutekano nta cyo bari…

Read More

Igikoni cy’imwe cyo muri restaurant ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro

mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ,Igikoni cy’imwe muri restaurant ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro . Ni inkongi bivugwa ko yaturutse ku mavuta yo gutekesha muri iyo nyubako iherereye mu igorofa rya Gatanu. Abakozi bo muri iyo restaurant bahise bakora ibishoboka bazimya umuriro utarangiza byinshi. iyi nkongi ije nyuma y’iyo…

Read More

Ubudage : abantu babiri bitabye imana abandi bakomerekera mu isenyuka ry’inyubako ya Hotel

Abantu babiri biciwe i Kröv mu Budage, nyuma y’igice kimwe cy’inyubako ya hoteri cyaguye mu ijoro ryo ku wa kabiri, mu gihe abandi benshi bakometse. Ku wa kabiri, igisenge cy’iyo hoteri giherereye hafi y’inkombe z’Uruzi Moselle, cyasenyutse ahagana mu ma saa 23h00 ku isaha yaho (21h00 GMT), kimenagura amadirishya ubwo igorofa yo hejuru y’inyubako yagwaga…

Read More

Transfert : Ikipe ya Liverpool iri mu biganiro bya nyuma na Martin Zubimendi

ikipe ya Liverpool irifuza umunyesipanye Martin Zubimendi ufite imyaka 25 usanzwe ukina mu kibiga hagati muri ekipe ya Real Sociedad yo mugihugu cya esipanye. Uyu musore wimyaka 25 yitwaye neza mu ku mukino wanyuma w’igikombe cy’Uburayi mu ikipe ye y’igihugu ya Espagne ubwo umukinnyi wa Manchester City witwa Rodrigo Hernández Cascante bakunze kwita Rodri yaje…

Read More

Amakuru mashya : Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagiye ahagaragara

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda ,aho igiciro gishya cya litiro ya lisansi ntikigomba kurenga amafaranga y’u Rwanda ni 1629 naho mazutu itagomba kurenga amafaranga 1,652 kuri litiro. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi mukuru w’uru rwego Rugigana Everste, Urwego…

Read More