indwara y’ubushita bw’inkende yamaze kugera ku mugabane w’uburayi
Minisiteri y’ubuzima yo muri Suwede yatangaje ko yatahuye umuntu ufite ubu bwoko bukaze kurushaho bw’ubushita bw’inkende muri iki gihugu. Olivia Wigzell ukuriye ikigo cy’ubuzima cya Sweden yavuze ko uwo muntu wanduye yari yabanje kurwarira mu karere k’umurwa mukuru Stockholm, gusa ko kuba arimo kuvurirwa muri iki gihugu bidateye inkeke ku baturage bose bacyo. Olivia yabwiye…