Uefa Champions League final; Dortimund vs Real Madrid,11 bashobora kubanzamo ,kuraguza intsinzi umutwe ndetse n\’andi makuru avugwamo

Kuri uyu wa gatandatu, taliki 1/ kamena, Real Madrid na Borussia Dortmund ziraza guhura kumukino wanyuma wa Champions League .uyu mukino ugiye guhuza aya amakipe yombi mu gihe Real Madrid iraza kuba ihatanira gutwara igikombe cyayo 15 mu mateka yayo ndetse kikaba icya mbere kuguhera mu 2022 kuko nibwo igiheruka , Borussia Dortmund irashaka gutwara…

Read More

Twitege iki kuri Hans Flick wasinye imyaka ibiri nk\’umutoza mukuru muri Barcelona?

Barcelona yatangaje ko hashyizweho Hansi Flick nk\’umutoza wabo mushya nyuma yo kugenda kwa Xavi Hernandez,Uwahoze ari umutoza w’Ubudage na Bayern Munich yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’ibyumweru bike by’ibiganiro hagati niyi ekipe ikinira kuri Estadio de Camp Nou. Xavi yari yabanje gutangaza muri Mutarama ko agiye kuva ku mirimo ye mu mpeshyi,…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku rutonde rw\’abakinnyi 100+ beza mu Rwanda rwa sohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena,2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena, 2024 batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100+ beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More

Ni iki U bubiligi bwa Kevin De Brune buhatse muri EURO 2024 budafite Courtois ariko bwagaruye witsel ?

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Kevin De Bruyne, azayobora ikipe y’Ububiligi yasubiwemo harimo na Alex Witsel wigeze gusezera muri Shampiyona y’Uburayi ukwezi gutaha. Kuri uyu wa kabiri, De Bruyne na Witsel baje ku rutonde rw\’abakinnyi 25 bashyizwe ahagaragara n\’umutoza Domenico Tedesco. Umunyezamu wa Real Madrid, Thibaut Courtois, witegura umukino wa nyuma wa Champions League….

Read More

Apr fc yananiwe kuvuga rumwe na zimwe mu nkingi za mwamba zayo.

Nyuma yo gusoza uyu umwaka w\’imikino mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, iyi ikipe y\’ingabo z\’igihugu yatangiye gutegura umwaka w\’imikino utaha iganiriza bamwe mu bakinnyi bayo bagenda begera ku musozo w\’amasezerano yabo bari basanzwe bafite muri iyi ekipe . Kwikubitiro habanjwe kuganirizwa bamwe mu bageze ku musozo wa amasezerano yabo ariko benda kujya kwitabira…

Read More

Umweyo na Transfert muri Police fc biravuza ubuhuha.

Ikipe y\’igipolisi cy\’igihugu nyuma yo gusoza shampiyona y\’umwaka w\’imikino wa 2023/2024 warangiye mu buryo butashimishije benshi abareberera hafi iby\’ikipe harimo n\’abafana bayo bijyanye n\’intwaro zigiye zikomakomeye yari yaragiye yibibikaho mu ntangiriro z\’iyi season kuko yasoreje ku mwanya ku mwanya wa karindwi n\’amanota mirongo itatu n\’icyenda yizigamye igitego kimwe gusa mu mikino 30 ya shampiyona usibye…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku urutonde rw\’abakinnyi 100 beza mu Rwanda rwasohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena 2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena 2024 ;batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100 beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More