Dore ibyo kumenya Ku rutonde rw\’abakinnyi 100+ beza mu Rwanda rwa sohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena,2024
Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena, 2024 batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100+ beza muri ruhago y\’u Rwanda.
1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa
Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo z’Igihugu ya garutse ku gukinisha abakinnyi baba nyamahanga nyuma y\’imyaka 11 bavuye kuri iyo gahunda byana huriranye n’Ikipe ya Police fc ndetse na Marines Fc nazo za hise zi subukura iyo gahunda, ukongeraho n’umubare wa banyamahanga bi yongereye mu makipe hafi ya yose mu buryo bugaragara, kandi akenshi abakinnyi baba nyamahanga bazanwa kugirango batange umusaruro mu buryo bugaragara Buruta abene gihugu.
Ibyo byose bishobora kuba zimwe mu mpamvu zatumye abakinnyi babanyamahanga bagira umubare mu nini aho bafitemo barindwi mu bakinnyi 10 bambere muri “100 Best Rwanda Football players”
“100 Best Rwanda Football players” isohotse kunshuro ya mbere itangirana n’ukwezi kwa kamena 2024, isohorwa ni kinyamakuru daily–box.com kunshuro yambere mu Rwanda.
2.Haragaragaraho umukinnyi umwe ubarizwa mu kiciro cya kabiri
Shampiyona y’ikiciro cya kabiri umwaka w’imikino wa 2023-24 iri kugana ku musozo aho imikino igeze mu icyiciro cya kamarampaka (playoffs), bisobanuye ko kwijanisha rihanitse abagize umwaka w’imikino mwiza byoroshye kubamenya.
Rutayizamu w’Umunyarwanda Christian IYAMUREMYE ukinira ikipe ya As Muhanga niwe mu kinnyi umwe rukumbi ubarizwa mu icyiciro cya kabiri ugaragara kuri ururutonde.
3.Abakinnyi Bangana na 35% gusa bakomoka hanze y’Urwanda
Urebye nubwo umubare w’abakinnyi baba nyamahanga muri shampiyona y’Urwanda wiyongereye ugereranyije ni myaka 11 ishize umubare w’abakinnyi baba nyarwanda uracyari munini , bituma n\’u bundi abanyarwanda baba benshi kuri ururutonde“100 Best Rwanda Football players”