Watch Loading...
FootballHomeSports

Umweyo na Transfert muri Police fc biravuza ubuhuha.

\"\"

Ikipe y\’igipolisi cy\’igihugu nyuma yo gusoza shampiyona y\’umwaka w\’imikino wa 2023/2024 warangiye mu buryo butashimishije benshi

abareberera hafi iby\’ikipe harimo n\’abafana bayo bijyanye n\’intwaro zigiye zikomakomeye yari yaragiye yibibikaho mu ntangiriro z\’iyi season kuko yasoreje ku mwanya ku mwanya wa karindwi n\’amanota mirongo itatu n\’icyenda yizigamye igitego kimwe gusa mu mikino 30 ya shampiyona usibye ko umwaka wabo waje kuba wacungurwa n\’igikombe cya amahoro batwaye batsinze ekipe ya bugesera ibitego bibiri kuri kimwe .

Iyi ikipe ikaba yifuza kugabanya abakinnyi yari isanzwe yifashisha mu mwaka w\’imikino ushize nkuko amakuru agera kuri Daily Box abisobanura kuko iyi ikipe irifuza gusigarana byibuze abakinnyi cumi na babiri bonyine muri urutonde rw\’abakinnyi mirongo itatu iyi ikipe yari isanzwe ikoresha bivugwa ko abarenga cumi n\’umunani bashobora kuza kwerekwa umuryango muri iyi ikipe y\’igipolisi cy\’ igihigu.

Uru ni urutonde rw\’abashobora kuza gutandukana n\’iyi ikipe ibasezereye dore iyi ikipe yifuza kuzana intwaro nshya zizayifasha mu mwakaw\’imikino utaha dore ko izanasohokera igihugu mu marushanwa nyafurika ya TOTAL CAF CONFEDERATION CUP :

  • NYAMURANGWA Moise
  • KAYITABA DIEUDONNE
  • CHUKUMA ODILE
  • NIYONSABA Eric
  • NYAMURANGWA Moses
  • MUGENZI Bevienue
  • NSHUTI Dominic Savio
  • SERUHIDE MOSES
  • NDAHIRO Derick
  • RURANGWA Mose
  • HAKIZIMANA Aman
  • aba baza biyongera kubandi yagiye itiza irigutekereza ko bibashobokeye yabagurisha burundu .

Iyi ikipe rero ikaba nayo ifite urutonde rurure rw\’abakinnyi irikwifuza benshi bagiye batandukanye biganjemo abakina imbere mu gihugu ndetse n\’abakinnyi mpuzamahanga:

  • ISHIMWE Christian (APR FC) kuri miliyoni 25 frw .
  • FITINA Ombarenga ( APR FC ) kuri miliyoni 30 frw.
  • KILONGOZI Richard (KIYOVU sc) kuri miliyoni 40 frw.
  • RWABUHIHI Aime Placide (policefc) kuri miliyoni 10 frw.
  • JOACKIAM Odjera ukina muri misiri wanaciye muri RAYON SPORTS FC.
  • n\’andi amazina mpuzamahanga yiganjemo abafite amamuko muri afrika yo mu burengerazuba by\’umwihariko mu gihugu cya MALi.
\"\"

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *