Inzira  y’u musaraba yerekeza mu matsinda kuri APR FC na Police! uko tombora yagenze kumakipe azahagararira u Rwanda mu mikino  Nya-Africa

Ikipe ya APR FC na Police FC z’igomba guhagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Confederetions Cup zamenya abobagomba gukina mu mikino y’Ibanze (Preliminary Round) aho APR FC izakina na  Azam mu gihe Police izakina  na SC Constantinois yomuri Algeria.  Kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nyakanga 2024 I Cairo mu…

Read More

EURO 2024 : Olie Watkins afashije ubwongereza kugera ku mukino wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’ubwongereza imaze kugera ku mukino wa nyuma wa EURO 2024 nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’ubuholandi les oranges ibitego 2-1. uyu wari umukino watangiye ikipe y’igihugu y’ubuholandi yataka cyane ndetse biza no kuyikundira kuko ku makosa ya Declan Rice aho yari amaze gutsikira aza kwisanga uwitwa Xavi Simons yamupapuje umupira maze nawe arekura…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Arsenal yatangaje ko yasinyishije Alexis Sanchez imuvanye muri Barcelona naho Mario Gómez abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1960 ,Mu gikombe cy’uburayi cyo muri uyu mwaka Viktor Ponedelnik yafashije igihugu cye cya leta zunze ubumwe z’abasoviyeti kwitwara neza ku mukino wanyuma w’iki gikombe imbere ya Yugoslavia aho bayitsinze bibiri kuri kimwe mu mukino waberaga kuri sitade ya Parc des Princes mu bafaransa. 1977 Nyuma y’imyaka ibiri…

Read More

Copa America: Lionel Messi yagejeje Argentine ku mukino wa nyuma

Rutahizamu wa Argentine, Lionel Messi yongeye gufasha igihugu cye kugera ku mukino wa nyuma wa Copa America. Cumi n’imwe umutoza wa Argentine Lionel Scaloni yabanjemo harimo Emiliano Martínez,Gonzalo Montiel,Cristian Romero,Lisandro Martínez,Nicolas Tagliafico,Ángel Di María,Rodrigo De Paul,Enzo Fernández,Alexis Mac Allister,Lionel Messi na Julián Álvarez . Naho mugihe kuruhande rwa Canada umutoza Jesse Marsch yabanjemo Cyle Larin,Jonathan…

Read More

EURO 2024: Lamine Yamal yatumye esipanye igera ku mukino wa nyuma

mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 9 Nyakanga 2024,Ikipe y’Igihugu ya Espagne yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’u Burayi itsinze u Bufaransa ibitego 2-1.   Ikipe y’igihugu ya Spain itsinze ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ibitego 2-1 biyihesha amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma y’irushanwa rya EURO ikaba itegereje kuzacakirana n’izava hagati ya Netherlands…

Read More

EURO 2024 : umugore wa Alvaro Morata yifatiye ku gahanga ibitanganzamakuru by’iwabo bikomeje kugaya umusaruro w’umugabo we

Umugore wa Alvaro Morata yamaganye ibitangazamakuru byo muri esipanye bikomeza kwandika ndetse no gusiga icyasha umugabo we ,bimushinza umusaruro mucye muri iyi ikipe y’igihugu mu mikino ya Euro 2024 iri kubera mu Budage. Bimwe mu bitangazamakuru byifatiwe ku gahanga na madame  Alice Campello biyobowe n’ikitwa  El Confidencial, giherutse gushyira hanze umutwe w’inkuru uharabika ndetse unerekana…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki 9/Nyakanga,Wayne Rooney Marc yatangaje ko azava muri Manchester United nyuma yimyaka 13 naho Ashley Young abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo. 1877 Shampiyona ya mbere ya tennis ya Wimbledon yakinwe ku nshuro yayo ya mbere ,iri rushanwa bwa mbere ryabanje gukinwa n’abagabo gusa . 1991 Afurika y’Epfo yongeye kwinjira mu mikino Olempike 2000 Polisi yarashe abafana ibyuka biryana mu maso ndetse n’amasasu mu mukino w’umupira wamaguru wo gushaka itike…

Read More

Amagaju akomeje kwerekana ko atiyubakira kuri radio nk’uko umutoza wabo yigeze kubitangaza ahubwo ko biyubaka bucece!

Ikipe ya Amagaju ibarizwa mu kiciro cya mbere muri shampiyona y’u Rwanda yamaze kwibikaho abakinnyi bashya bandi byatumye yuzuza abakinnyi basaga batandatu imaze gusinyisha muri ir’isoko ry’Igura n’igurishwa ry’Abakinnyi. Iyi Ikipe ibarizwa mu majyepfo y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe nubwo kubw’impamvu y’Ikibuga umwaka w’Imikino utambutse yakiriraga imikino yayo kuri sitade mpuzamahanga ya Huye ,ikomeje…

Read More