Etincelles FC yiyongereye kuri Mukura vs mu kubuzwa kugira igikorwa cya ruhago icyo ari cyose gitegurwa ku munsi wa Super Coupe

FERWAFA imaze kumenyesha ikipe ya Etincelles FC ko umukino wa gicuti yari guhuramo na Musanze FC ku wa Gatandatu saa Cyenda udashobora kuba kuko kuri uwo munsi hari umukino wa Super Cup ugomba guhuza APR FC na Police FC kuri Kigali Pele Stadium. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Etincelles FC ko umukino wa…

Read More

Transfert : Ikipe ya Liverpool iri mu biganiro bya nyuma na Martin Zubimendi

ikipe ya Liverpool irifuza umunyesipanye Martin Zubimendi ufite imyaka 25 usanzwe ukina mu kibiga hagati muri ekipe ya Real Sociedad yo mugihugu cya esipanye. Uyu musore wimyaka 25 yitwaye neza mu ku mukino wanyuma w’igikombe cy’Uburayi mu ikipe ye y’igihugu ya Espagne ubwo umukinnyi wa Manchester City witwa Rodrigo Hernández Cascante bakunze kwita Rodri yaje…

Read More

Biravugwa ko Umunsi wa Mukura ‘Mukura Day’ ushobora kuza guhindurirwa amatariki wagombaga kuberaho

Biravugwa ko FERWAFA ishobora kumenyesha Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe na Super Cup izahuza APR FC na Police FC. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Ikipe ya Mukura VS ko umukino wa gicuti uzayihuza Rayon Sports kuri ‘Mukura Day’, udashobora kubera rimwe…

Read More

Haba APR FC,Rayon Sports yewe na Simba  zose ntanimwe igaragara kuri urwo rutonde rw’Amakipe 10!

Amakipe yo k’umugabane wa Africa akomeje kwiyubaka mu buryo bufatika arinako bagura abakinnyi bakomeye , kandi biragaragara ko isoko ry’igura n’igurisha riri kuzamuka abakinnyi barushaho guhenda kuburyo amakipe yo muri Africa ageze kurwego rwo kurema isoko ry’Iburayi bakavanayo abakinnyi ndetse arinako banga rimwe n’arimwe amafaranga y’amakipe y’Iburay kubakinnyi baba bakina imbere muri Afurika. Nk’ubu Ikipe…

Read More

Rutahizamu w’Amavubi Byiringiro Lague yafashije ikipe ye kwitwara neza

Rutahizamu wa Amavubi Byiringiro Lague yaraye yitwaye neza ndetse anafasha ikipe ye ya Sandvikens IF kwitwara neza nyuma yo gutsinda igitego muri bine batsinze ikipe ya Gefle IF ikinamo umunyarwanda Raphael York muri shampiyona y’icyiciro cya Kabiri yo muri Suwede. Umunyarwanda Byiringiro Lague yinjiye mu kibuga asimbuye umunya – Nigeria John Junior Igbarumah ku munota…

Read More

APR FC yagize imibare mibi itishimiwe n’abakunzi bayo kumukino batsinzwemo na Simba mu buryo bworoshye

Ikipe y’Ingabo z’igihugu  “APR FC”  yagize imibare mu mukino wa yihuje na Simba SC itashimishije abafana bayo aho yabashije kugumana umupira kurwego rwa 29% mu gihe Simba yagize 71%. Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania yakoze ibirori bidasanzwe byo kwerekekana abakinnyi izakoresha umwaka utaha w’imikino ibirori byabereye kuri…

Read More

Dore urutonde rw’Abakinnyi umwe kuri umwe Rayon izakoresha muri 2024-2025 haba mu bagore na bagabo

Kuri uyu wa gatandatu Rayon Sports yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka utaha w’imikino haba mu bagabo ndetse no mu bagore umuhango wabereye kuri Kigali Pele Stadium mu kiswe umunsi w’igikundiro “Rayon Day”. Urutonde rw’Abakinnyi   Rayon Sports izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2024-25 Abazamu: Ndikuriyo Patient, Khadime Ndiaye. Bamyugariro: Serumogo Ali, Bugingo Hakim, Nsabimana Aimable, Ishimwe…

Read More