TODAY IN SPORTS HISTORY : El Merreikh yegukanye igikombe cya gatatu cya ‘CECAFA Kagame Cup’ imaze gutsinda APR FC

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 1957 Ku myaka 17 y’amavuko, rutahizamu w’umupira w’amaguru w’u Bwongereza Jimmy Greaves wakiniraga chelsea yatsinze igitego mu cyiciro cye cya mbere muri shampiyona ubwo Chelsea na Tottenham Hotspur banganya igitego 1-1 kuri White Hart Lane 2013, ikitazibagirana mu mikino y’abafite ubumuga ni umudari wa…

Read More

Rwanda Premier League : Gasogi yatsinze Marines ;ihita inayobora urutonde rwa shampiyona by’agateganyo!

Ikipe ya Gasogi united imaze gutsinda Ikipe ya Marines igitego kimwe ku busa mu mukino wayo wa kabiri wa shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda wabereye kuri sitade ya Kigali pele stadium . Uyu wari umukino wayobowe na Ishimwe Didier nk’umusifuzi wo hagati mu kibuga afatanya na Habumugisha Emmanuel naho Ahad Gad ari umusifuzi…

Read More

Col. Richard Karasira yasezeranije ikintu gikomeye abafana ba Apr fc!

Umuyobozi wa APR FC, Col. Richard Karasira yasezeranyije ibyishimo abafana, abasaba kuba inyuma y’ikipe yabo ndetse bakanararika abandi. Ibi bikubiye mu butumwa yahejeje ku bari baje gushyigikira iyi kipe y’ingabo mu myitozo yakoreye muri Stade Amahoro kuri uyu wa kane tariki ya 22/8/2024. Chairman yatangiye yisegura mu izina ry’ubuyobozi bwa APR FC ahagarariye, maze abashyikiriza…

Read More

Bundesliga igiye gutangira ; Bayern Munich yiteguye bingana iki gukosora amakosa yakoze mu mwaka w’imikino ushize ?

ikipe ya Bayern Munich izakina umukino wa shampiyona ya Bundesliga icakirana na ekipe ya VfL Wolfsburg mu mpera z’iki cyumweru turimo hamwe n’umutoza mushya wayo Vincent Kompany ushaka gusubiza iyi kipe kongera kuba umwami w’umupira w’amaguru wo mu Budage. Mu myaka icumi ishize, iyi kipe yegukanye ibikombe 11 byikurikiranya kuva 2013 kugeza 2023 muri shampiyona…

Read More

Amakipe akinamo Bizimana Djihad na Mutsinzi ange araza guseruka muri Europa Conference League

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu amakipe akinamo abakinnyi babiri bakinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘amavubi’ barimo Bizimana Djihad na Mutsinzi ange araza kumanuka mu kibuga mu mikino y’ibanze ya Uefa Conference League. Ku isaa y’ isaa mbiri z’ijoro zo kuri uyu wagatatu taraki 22/ Kanama /2024 ,ikipe ya FK Kryvbas ikinamo umunyarwanda Bizimana…

Read More

Umukino wa Rayon sports na Amagaju fc wahinduriwe amasaha wagombaga kuberaho

Ubuyobozi bwa shampiyona y’ikiciro cya mbere bwatangaje ko umukino wa Rayon sports na Amagaju wimuriwe amasaha kubera ikibazo cy’uko kuri sitade ya Kigali Pele Stadium ni njoro kuko nta rumuri ruhagije ruhari. Imvano y’ibi yaturutse ku ibaruwa Daily Box ifiye kopi umujyi wa Kigali waraye wandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] uyimenyesha ko…

Read More