Israel-Hamas War : Abarenga 274 bahitanwe n\’igitero cya isreal ku nkambi ya Nuseirat muri Gaza

Minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas muri Gaza ivuga ko igitero cya Isiraheli ku nkambi y’impunzi cyatumye abantu bane bari bafashwe bugwate babohoka ariko cyikaba cyahitanye abantu 274 barimo abana n’abandi baturage. Igikorwa cya Isiraheli cyo kubohora imbohe enye zari zifitwe na Hamas cyahitanye Abanyapalestine barenga 270 gikomeretsa abandi bagera kuri 700 mu nkambi y’impunzi ya…

Read More

Madamu Jeanette yahaye urubyiruko umukoro wo kurwanya abasebya u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi, asaba urubyiruko kugira uruhare mu guhangana n’abasebya u Rwanda ndetse n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Mu kiganiro cyibanze cyane cyane ku mateka y’u Rwanda cyatanzwe na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yabwiye uru rubyiruko ko u…

Read More

Umwe mu bagize intumwa za rubanda umutwe wa sena yeguye ku nshingano ze

Hon .Mupenzi George wari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko y\’u Rwanda umutwe wa sena yamaze kugeza urwandiko rwemeza ubwegure bwe kuri perezida w\’iyi nteko . Bubicishije mu ubutumwa ,ubuyobozi bw\’inteko ishinga amategeko y\’ u Rwanda bwemeje aya makuru yaramaze iminsi avugwa ko uyu munya -politike ashobora kuba yeguye ku nshingano ze. ubu Ubutumwa…

Read More

Perezida Tshisekedi ntakozwa ibyo guhura na perezida Kagame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba . Iyi Nteko Idasanzwe ya 23 y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki 07 Kamena 2024, yabaye hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga. Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yitabirwa n’abakuru…

Read More

Amerika itangaje amagambo akomeye ku Isabukuru y\’Imyaka 80 hatangijwe igitero Cya Normandy mu Bufaransa

Ni igitero cyatangijwe ku wa 6 Kamena 1944, cyari kigamije kuganza no guhashya aba Nazi bari barangajwe imbere na Adolf Hitler. Uyu munsi ufatwa nk\’umunsi udasanzwe kuri politiki y\’ibihugu Byose hamwe byarwanyaga Ubudage,birimo,Ubufaransa,Ubwongereza,Leta Zunze Ubumwe Za Amerika n\’ibindi cyane ko bamwe bemeza ko Ari imwe mu ngamba zatumye abadage batsindwa intambara. Kuri uyu wa 05…

Read More

Abimukira bambere bagejejwe mu Rwanda bavuye mu bwongereza barinubira uburyo bw\’imibereho basanze mu Rwanda

Itsinda ry\’abimukira bazanwe mu Rwanda baturutse mu bwami bw\’abongereza bazanwe kubufatanye na leta y\’ubwongereza barataka ikibazo cy\’imibereho mibi ,umutekano ndetse no guhabwa akato aho bagereranije iki gihugu nka gereza ikinguye. Nyuma y\’impaka nyinshi kuri iki cyemezo cyo kuzana aba bimukira mu rw\’imisozi igihumbi hagati ya leta y\’ubwongereza ndetse n\’amashyaka ya politike atavuga rumwe na leta…

Read More

Batatu ni bo bonyine bemerewe byagateganyo kwiyamamaza ku mwanya wa perezida

Kuri uyu wa kane komisiyo y\’igihugu y\’amatora [NEC] yatangaje urutonde rwa agateganyo rwa abakandida bemerewe kwiyamamariza amatora yo ku mwanya w\’umukuru w\’igihugu ndetse n\’aya abadepite ateganijwe kuba hagati ya taliki 14-16/nyakanga /2024. Komiseri mukuru wa Komisiyo y\’igihugu y\’amatora Hon. Oda Gasinzigwa yatangaje ko abakandinda batatu bonyine aribo bujuje ibisabwa aribo: Kurundi ruhande ,uyu muyobozi yanakomeje…

Read More

Abarenga 40 baburiye ubuzima mu gitero cya Israel ku ishuri rya U.N riherereye mu gace ka GAZA

Ku wa kane, indege kabuhariwe z\’intambara zo muri Isiraheli zagabye igitero ku ishuri ry\’umuryango w\’abibumbye riri hagati muri Gaza gihitana byibuze abantu 30, nk\’uko byatangajwe n\’umuyobozi wo mu bitaro byegereye ako gace. Abayobozi b\’inzego z\’ibanze bavuga ko iki igitero cy\’indege cya Isiraheli cyagabwe ku ishuri riyobowe n\’umuryango w\’abibumbye ryacumbikiraga Abanyapalestine bimuwe mu nkambi ya Nuseirat…

Read More

Uburusiya Bugiye kwimurira intwaro zabwo hafi y\’Uburayi na Amerika, Putin yabitewe n\’iki?

Perezida w\’Uburusiya Vladimir Putin hashize amasaha ane yemereye isi ko nawe ntakibazo nagito afite cyo kohereza ibitwaro birasa mu ntera ndende ku myisho y\’Uburengerazuba bw\’Isi. Nyuma y\’inama Ngaruka mwaka y\’ihuriro ryiga ku bukungu i St.petersburg,Bwana Putin Yagiranye ikiganiro n\’abanyamakuru maze atangaza ibisubizo n\’imigambi ijyanye no kuba Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zaremereye Ukraine gukoresha intwaro…

Read More

Guverinoma y\’u Rwanda yagejeje ku nteko nshingamategeko ibyagezweho mu myaka irindwi [NST-1]

Leta y\’u Rwanda yatangarije abaturage bayo bahagarariwe n\’abagize inteko nshingamategeko imitwe yombi ibyagezweho muri gahunda yo kwihutisha iterambere NST1 (2017-2024) ibi bikaba byatangajwe na Minisitri w\’intebe Dr.Edouard Ngirente. Umuyobozi wa guvernoma y\’u Rwanda imbere y\’inteko nshingamategeko yatangaje ibyagezweho bihereye kukuzamuka kw\’ingengo y\’imari iva kuri milliyari igihumbi na magana cyenda igera kuri milliyari zigera ku bihumbi…

Read More