Icyumweru kimwe cyari gihagije gusa kugirango Minisitiri Muamba yegure muri Guverinoma ya DR.Congo
Stéphanie Mbombo Muamba ,nyuma y’icyumweru kimwe yaramaze mu nshingano zo kuba minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye ry’Ubukungu bubungabunga kirere muri Guverinoma ya DRC muri uru rukerera rwo kuri uyu wa 19 Kamena 2024 yatangaje ko yeguye kuri izi nshingano yari amazemo icyumweru, kubera impamvu ze bwite. Uyu munyacyubahiro ,Tariki ya 12 Kamena 2024 ni bwo Minisitiri…