Icyumweru kimwe cyari gihagije gusa kugirango Minisitiri Muamba yegure muri Guverinoma ya DR.Congo

Stéphanie Mbombo Muamba ,nyuma y’icyumweru kimwe yaramaze mu nshingano zo kuba minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye ry’Ubukungu bubungabunga kirere muri Guverinoma ya DRC muri uru rukerera rwo kuri uyu wa 19 Kamena 2024 yatangaje ko yeguye kuri izi nshingano yari amazemo icyumweru, kubera impamvu ze bwite. Uyu munyacyubahiro ,Tariki ya 12 Kamena 2024 ni bwo Minisitiri…

Read More

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye indahiro za abofisiye bato bashya b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora

Abofisiye 166 barimo abakobwa 27 mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), barangije amasomo mu Ishuri rya RCS rya Rwamagana, banahabwa ipeti rya AIP (Assistant Inspector of Prison). Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yakiriye indahiro z’abofisiye bato bashya b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, bahuguriwe bwa mbere mu ishuri ry’amahugurwa ry’uru rwego. Yabasabye kutajya mu bikorwa…

Read More

Perezida Netanyahu yasheshe goverinoma ye yari ifite mu nshingano intambara yo muri Gaza

Ku wa mbere, Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasheshe Inama y’Abaminisitiri y’intambara, iki kikaba ari igikorwa gishimangira uruhare rwe mu ntambara yo muri Isiraheli na Hamas kandi bikaba bishobora guhagarika imirwano mu karere ka Gaza vuba aha. Perezida Netanyahu yatangaje ibi nyuma y’iminsi mike uwo bahanganye mu bya politiki, Benny Gantz, avuye muri Guverinoma…

Read More

Bakabaye barakoresheje ayo mafaranga n’imbaraga zabo mu bindi. U Rwanda rurahari ndetse ruzakomeza gutera imbere buri mwaka:Perezida Kagame

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu,perezida wa repubulika y’u Rwanda Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda rutazigera rugendera ku gitutu cy’amahanga ndetse n’abandi batifuriza igihugu ibyiza. Nyakubahwa Kagame Paul kuri iki gicamunsi yagiranye ikiganiro na RBA byumwihariko cyagarukaga ku ncamake y’ibyagezweho ,imbogamizi ndetse na amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri nyakanga taliki 15,umuyobozi…

Read More

Israel itwitse ingo nyinshi zo muri Rafah nyuma y’abasirikare bayo 8 bishwe na Hamas

Mu masaha yatambutse kuri uyu wa 15/06/2024, Hamas yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Israel bihitana abasirikare umunani (8),bituma Israel itangaza ko ibyo nabyo Ari ibyo Hamasi igomba kwishyura. Minisitiri w’intebe Benjamin Netanyahu ntiyazuyaje mu gutanga umukoro kuri iki gitero, kuko Israel yahise mu ijoro ryakeye itwika ingo nyinshi y’abaturage ba Gaza muri Rafa byakomeje…

Read More

Abajyanama b’ubuzima bagera ku 8000 bahuye n’umukuru w’igihugu bishimira ibyagezweho

Ni kuri uyu wa gatandatu, aho aba bajyanama bahuriye na Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame muri BK Arena,bashimirwa umurimo wabo wa buri munsi. Ni ibirori byabanjirijwe no gutarama ndetse no kuganira mu nzego zitandukanye z’ubuzima,Aho hibukijwe uruhare rw’umujyanama w’ubuzima ku buzima n’imibereho by’abanyarwanda. Nyakubahwa perezida wa Repubulika, yibukije ko akazi inzego z’ubuzima zikora karenze…

Read More

Urukiko rw’umuryango wa abibumbye rwabeshyuje amakuru yo gufungurwa kwa Kabuga Félicien

Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwahakanye ibijyanye n’amakuru yahwihwiswaga ko Kabuga Félicien ufungiwe muri kasho yarwo yamaze gufungurwa. ejo ku wa gatanu taliki 14 Kamena nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga babonye ifota yaririmo ikwirakwizwa igaragaza umunyemari Kabuga ari kumwe n’umuryango we bishimye. aya mafota yakomeje gucicikana nyuma y’uko ku wa kabiri taliki…

Read More

Indege yari itwaye Vice-president wa Malawi yaburiye irengero!

Saulos Chilima,Perezida wungirije wa Malawi,yaburiwe irengero mu ndege yafashe mu masaha ya mugitondo Aho yerekezaga Mzuzu mu majyaruguru y\’icyo gihugu. Mu masaha yashize, ibiro bya perezida wa Malawi,byatangaje ibura ry\’indege yari itwaye uyu mwunganizi wa perezida mu nshingano,yaburiwe irengero ndetse na radari zikaba zakomeje kuyibura.Iyi ndege yari itegerejwe kugera I Mzuzu ku isaha ya saa…

Read More

Menya inkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine! Kuva kuri Aburahamu

Amateka ya Israel na Palestine atangirira mu Myaka ya kera cyane,Agahuzwa n’ubwami bwabami nk’ubwa Otomani,Abaromani, Intambara zose z’isi,ndetse b’ibihugu by’ubu nka Leta Zunze Ubumwe Za Amerika,Ubwami bw’Ubwongereza n’Ubudage! Muri iyi nyandiko Daily –box iradusobanurira inkomoko kugeza kuri iyi ntambara ya Hamasi na Israel. Inkomoko nyirizina y’abayisrael ni igice cy’amajyaruguru y’Uburengerazuba bwa Mezopotamiya,aba bari bagizwe n’imiryango…

Read More

Perezida Macron n\’ishyaka rye bakubitiwe ahareba inzega mu matora y\’iburayi ;ahita asesa inteko ishinga amategeko anahamagaza amatora yo kuyisimbuza

Ku wa mbere, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yizeye ko Abafaransa bazahitamo neza mu matora y’agateganyo azaba kuri iki cyumweru nyuma y’uko ishyaka ry\’ubumwe bw’abakristu rye buzwi nka [centrist alliance] bwakubiswe inshuro n’ubw’iburyo mu matora y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi. Ubufaransa buzajya mu matora gutora Inteko ishinga amategeko nshya ,aho ikiciro cyambere cyayo cyabaye taliki ya…

Read More