Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mugihe APR ikiri gutekereza ibya Super Cup; Police yashyize hanze abakinnyi izakoresha mu rugamba rw’imikino Nya-Africa!
Rutahizamu w’umunya-Senegal Bouly Sambou Junior w’imyaka 25 ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Raja Casablanca yo mu gihugu cya Morocco aho ashobora kuyisinyira avuye mu ikipe asanzwe akinira ya Konyaspor yo mu gihugu cya Turkey.(#MickyJr) Ikipe ya Orlando Pirates yo mu gihugu cya Africa y’Epfo yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije umusore w’imyaka 27 ukina kuruhande…