Paper Talk[Rwanda&Africa]:Chelsea ikomeje kuyobora isoko ry’igura ni gurisha,United yanze amafaranga bari kuyiha kuri Scott McTominay!
Brighton irashaka gutwara Mats Hummels, 35, ubu udafite ikipe akaba yaranyuze mu makipe atandukanye arimo Bayern Munich ndetse na Borussia Dortmund umwe mubagize ibihebyiza mu bihe yari akiri muto dore ko yari mu ikipe y’igihugu ya Badage yatwaye igikombe cy’isi muri 2014 batsinze ikipe y’igihugu ya Argentine . (Sky Sports) Manchester United irashaka gutwara Sander Berge,…