Paper Talk[Rwanda&Africa]:Chelsea ikomeje kuyobora isoko ry’igura ni gurisha,United yanze amafaranga bari kuyiha kuri Scott McTominay!

Brighton irashaka gutwara Mats Hummels, 35, ubu udafite ikipe akaba yaranyuze mu makipe atandukanye arimo   Bayern Munich ndetse na  Borussia Dortmund umwe mubagize  ibihebyiza mu bihe yari akiri muto dore ko yari mu ikipe y’igihugu ya Badage  yatwaye igikombe cy’isi  muri 2014 batsinze ikipe y’igihugu ya Argentine   . (Sky Sports) Manchester United  irashaka gutwara Sander Berge,…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cya Côte d’Ivoire cyabonye ubwigenge naho Muammar al-Gaddafi, wayoboye Libya abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 8 Kanama ni umunsi wa 220 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 146 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1782: George Washington yategetse ko hakorwa imidali y’icyubahiro igenewe abasirikare bakomerekeye ku rugamba, iyi midali yahawe inyito ya Badge of…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe ya Westham yigaruriye umujyi wa London naho Dani Ceballos abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1984 Amerika yabonye umudari wa mbere wa zahabu mu mikino Olempike mu mateka ya basketball y’abagore itsinze Koreya y’Epfo amanota 85 kuri 55 ku mukino wa nyuma mu mikino wabereye i Los Angeles. 7 Kanama 1999 ,West Ham United yatsinze igitego 1-0 Tottenham Hotspur…

Read More

Paper Talk[Europe]: Robertinho utoza Rayon arifuza Milton Kalisa wa Vipers, Layvin Kurzawa wakiniye PSG ashobora kuza gukina muri Africa!

Ikipe ya Mouloudia Club d’Alger [MC Alger], ikina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Algerie yatangiye gukora imyitozo ikakaye isanzwe imenyerewe cyane mu ngando za gisirikare, mu rwego rwo kwitegura neza imikino ya CAF Champions League iyi kipe ifitiye itike.(#MickyJr) Umufaransa  Layvin Marc Kurzawa w’imyaka 31  wakiniye amakipe akomeye Iburayi nka Paris Saint-Germain, Monaco ndetse n’andi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Julián Álvarez birangiye avuye muri Manchester City, Liverpool yageze kuri Federico Chiesa Juventus igambirira kurekura!

Newcastle United  yegereje kumvikana na  Crystal Palace  kubagurisha Marc Guehi, 24,  Umwongereza ukina nka myugriro, ikipe ya  Newcastle y’umutoza  Eddie Howe yiteguye kwishyura arenga  £60m  ubundi igatwara uyu musore  . (Telegraph – subscription required) Manchester United irasa nk’iri  kuva  gakegake muri gahunda yo gutwara Manuel Ugarte   wa  Paris St-Germain akaba umusore ukina hagati mu kibuga w’imyaka 23…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : imyaka 79 irihiritse igisasu kirimbuzi kirashwe kuri Hiroshima mu Buyapani naho umuhanzi Josh Franceschi aravuka

Ku ya 6 Kanama 1945, ni bwo harashwe igisasu kirimbuzi (bombe atomique) hejuru y’umujyi wa Hiroshima, mu Buyapani, byatumye Intambara ya Kabiri y’Isi yose irangira.Kuva icyo gihe, ku Isi hose habaye ubwoba kubera ko amakimbirane ashobora kwangiza burundu ikiremwamuntu.Igisasu kirimbuzi Little Boy (agahungu gato) cyatewe mu mujyi wa Hiroshima ku itariki ya 6 Kanama 1945,…

Read More

TODAY IN SPORTS : Oyvind Leonhardsen yasinye muri Tottenham Hotspur naho Robin van Persie abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1958 Umukinnyi w’umunyamerika witwa Glenn Davis yanditse amateka ye ku isi mu kwiruka metero 400 i Budapest, muri Hongiriya. 1977 Nyuma yo kubakinira imikino ya Shampiyona 472 Tottenham Hotspur F.C yaretse umunyezamu wayo Pat Jennings wimyaka 32 asinyira mukeba wayo Arsenal ku 45 ,000…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Shampiyona muri Africa zishobora gukoresha VAR zikomeje kwiyongera! Amissi Cedric yasinyiye Kiyovu Sports

Umunya-Nigeria  Augustine Tunde Oladapo  wa kiniraga ikipe ya TP Mazembe  yo mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  yamaze gusinyira ikipe ya  ES Setif yo muri  Algeria iri no mu myiteguro yo kwerekeza mu gihugu cya Tunisia mu mwiherero wo  kwitegura umwaka utaha w’imikino wa  2024-2025.(#MickyJr) Amakipe aza hagararira igihugu cya Ghana mu mikino…

Read More

Paper Talk[Europe]:Chelsea yamaze gushaka umusimbura wa Conor Gallagher, Victor Osimhen munzira zo guhombere Napoli!

Umunya-Cameroon Joel Matip, 32, watandukanye na  Liverpool mu mpera z’umwaka w’imikino wa  202-2024  ari kwifuzwa na Bayer Leverkusen  yegukanye igikombe cya shampiyona mu mwaka ushize w’imikino . (Sky Germany) Mugihe hari amakuru akomeze kuvugwa ko Umwongereza Joe Gomez  akaba myugariro wa  Liverpool  kashobora gusohoka muri iy’ikipe ya Arne Slot  kuri ubu amakuru ahari aravuga ko ntagahunda afite…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Thomas Sankara yahiritswe ku ubutegetsi naho Harold Holt abona izuba

uyu munsi ku wa mbere , tariki 5 Kanama ni umunsi wa 218 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 147 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1916: Mu ntambara ya mbere y’isi yose, mu gitero cyabereye muri Romaniya, ingabo zishyize hamwe zari ziyobowe na Archibald Murray zakubiswe…

Read More