TODAY IN SPORTS HISTORY : Rayon Sports yegukanye igikombe cya ‘ Agaciro’ itsinze mukeba wayo APR FC

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 1953 Umukinnyi wamagare witwa Arie Van Vliet yatwaye shampiyona y’isi muri uyu mukino . 1977- umunya-Luxembourg Gilbert Dresch yabaye umukinnyi wa kabiri uherewe ikarita itukura kuri sitade Wembley, mu mikino mpuzamahanga ubwo u Bwongereza bwanyagiraga Luxembourg 5-0. 1984 Brazil yahawe igikombe cy’isi gusimbura icy’umwimerere…

Read More

Paper Talk[Europe]: Raheem Sterling yatangiye gutekereza andi mayira nyuma yo guterwa ishoti na Chelsea! Barcelona yamaze kumvikana na  Federico Chiesa

Leicester City   igezekure  ibiganiro byo gusinyisha  umusore w’ikipe ya  Crystal Palace  w’imyaka  32  Umunya-Ghana Jordan Ayew akaba akina kuruhande yataka. (Sky Sports) Umutoza  wa Leicester   City  Steve Cooper  arifuza  abandi byibuze bakinnyi babiri bakina mu kibuga hagati bataka mbere y’uko isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rifunga kugirango arebeko uyu mwaka w’imikino 2024-2025 wazamugendekera neza  . (Telegraph – subscription…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Rayon Sports yamenye ko izahura na Enyimba yo muri Nigeria muri 1/4 cya muri Total CAF Confederation Cup

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 2017 Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yasezereye Tanzania mu gushaka itike ya CHAN 2018, kubera agaciro k’igitego cyo hanze. Ni nyuma yo kunganya umukino ubanza n’uwo kwishyura. Amavubi yagiye mu kiciro gikurikiraho yahuye na Uganda yari idafite umutoza wayo Milutin Sredojevic “Micho” wari weguye…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ibyaburiye muri ruhago birikuboneka muri Basketball! ikipe ya young africans irasha arenga miliyoni y’Amadorali mu mukinnyi wayo

Wydad AC  yatanze ubusabe mu ikipe ya Young Africans bufite agaciro ka $100K bifuza gusinyisha  Umunya-Tanzania Clement Mzize ndetse basezeranyaga ikipe  ya  Young Africans kuzageza no $400K ariko iyi  kipe imaze gutwara shampiyona  eshatu z’ikurikiranya   yayanze  ivugako igiciro ke kirenga miliyoni y’Amadorali.(#MickyJr) Nyuma yo gufata rutema ikirere  akajya gushaka abakinnyi igotamasimbi  Rhulani Mokwena yamaze gufasha…

Read More

Paper Talk[Europe]: Umweyo uvuza ubuhuha muri Chelsea ugiye gutuma Ben Chilwell yerekeza muri Manchester United! Barcelona  igiye  gutwa Federico Chiesa    

West Ham United  irasha  gusinyisha Umunya-Spain  w’imyaka 27  Carlos Soler  wa  Paris St-Germain  gusa kubera igiciro cye  birasaba  ko  the hummers ibanza kugurisha bamwe mu bakinnyi bayo. (Guardian) Ikipe  ya  Brighton irashaka  gutiza myugariro  wa  yo  Valentin Barco, 20,   mu ikipe  ya  Sevilla  yo mu gihugu cya Esipanye, gusa  biteganyijwe ko  ntamahirwe yo kumutwara mu buryo  bw’aburundu…

Read More

Tariki ya 21 Kanama mu mateka : Latvia yasabye ubwigenge busesuye

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1878: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abanyamategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rizwi ku izina rya American Bar Association. 1959: Perezida Dwight D. Eisenhower wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasinye amasezerano yemeza Hawaii nka Leta ya 50 muri Amerika. 1968: James Anderson Jr yahawe umudali w’ishimwe nk’umwirabura wa mbere wabaye umusurikare wa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Amavubi y’Abatarengeje imyaka 17 yakatishije itike y’igikombe cy’Isi

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo 1925 Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Buholandi yitwa FC Emmen yashinzwe kuri iyi tariki mu mujyi wa Emmen mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Drenthe mu Buholandi . 2004 Nicolás Massú & Fernando González begukanye umudali wa zahabu muri tennis mu bagabo mu mikino Olempike yabereye…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC irimo kwitegura bidasanzwe ikipe ya Azam,  Al Hilal na Al Merriekh zo muri Sudan z’igiye gukina muri shampiyona ya Mauritania !

Byamaze kwemezwa ko amakipe abiri yo muri Sudan Al Hilal ndetse  na  Al Merriekh  zose umwaka w’imikino tugiye kwinjiramo  wa   2024/25  z’izakina  muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri   Mauritania  “Mauritania Ligue 1” .(#MickyJr) Kizigenza w’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania Joshua Mutale,  Umunya-Zambia w’imyaka 22 yamaze kugira ibibazo by’imvune bizatuma uyu mababa uca kuruhande…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea ifite abakinnyi barenga 40 igiye kongeramo n’undi wakiniraga Manchester United! Barcelona irashaka mababa wa AC Milan

Liverpool  yamaze gutanga ubusabe buvuguruye bufite agaciro ka  £34m mu ikipe  ya   Valencia kugirango  isinyishe umuzamu wayo  Giorgi Mamardashvili, w’imyaka  23, n’imugihe binogwanogwa ko umuzamu wa  yo  Caoimhin Kelleher akaba uwakabiri ashobora gusohoka muri iyi kipe . (Relevo – in Spanish) Paris St-Germain  yamaze guha amahirwe ikipe ya   Manchester United   yo  gusinyisha   Umunya- Uruguay ukina hagati…

Read More