Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27,  arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror) Chelsea  itangiye gutekerezakongerera amasezerano  umusore wayo w’imyaka  24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na  Aston Villa ndetse na  Tottenham Hotspur. (Guardian) AC Milan ikomeje ibiganiro…

Read More

Paper Talk[Europe]: Xavi Hernandez  agiye kujya muri Premier League,Arsenal irasabwa iki kugirango ibone Douglas Luiz?

Everton  yamaze gutangira ibiganiro byo gusinyisha umusore ukomoka mu gihugu cya Albania Armando Broja, 22, akaba intizanyo ya ekipe ya Chelsea, ikipe ya Everton ishobora gutanga agera kuri £30m . (Ben Jacobs) Wolverhampton Wanderers F.C. yamaze kumvikana  n’umusore w’imyaka  20-ukomoka mu gihugu cya  Portugal Rodrigo Gomes usanzwe akinira n’ubundi ikipe yomugihugu cya Portugal ariyo Braga. (Athletic – subscription…

Read More

Paper Talk[Europe]:Erik Ten Hag Aracyaganje ijabiro, Gahunda ya Julian Alvarez muri Manchester city! Arsenal,Liverpool,Real Madrid, FC Barcelona

Newcastle United yamaze gutanga agera kuri £16m  mu ikipe ya  Burnley kugirango babahe umuzamu wayo w’imyaka  21- wumwongereza James Trafford, ariko Clarets irifuza agera kuri £20m nyuma yokumanuka mu cyiciro cya kabiri. (Mail) Nyuma yokuvanwa mu ikipe y’igihugu ya bongereza izitabira imikino y’igikombe cy’Iburayi Jarrad Branthwaite, 21, biteganyijwe ko Manchester United igomba kurangiza gahunda yokumutwara mbere ya…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ineos iherutse kugura imigabane muri Manchester United igiye kugurisha imigabane! Manchester city, Liverpool,Arsenal,Chelsea, Barcelona

Umusore w’ikipe ya Crystal Palace ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Eberechi Eze, 25, afite amafaranga ya musohora muri  Crystal Palace(release clause)  atari munsi ya   £60m, Tottenham Hotspur irifuza uy’umusore. (Mail) Ikipe ya Aston Villa igomba kubona  by’ibuze angana £60m avuye mu kugurisha abakinnyi bayo muri iyi mpeshyi kugirango y’irinde kugongana n’ibibazo bya   profit and sustainability rules bikaba bya y’iviramo…

Read More

Paper Talk[Europe]:  umutoza mushya wa Barcelona akomeje Kwerekana abakinnyi bazakomezanya ,Chelsea Nyuma yogukora Transfer yambere nticogora! Arsenal, Liverpool na United

Umusore akaba na rutahizamu w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Belgium Romelu Lukaku, 31, ya maze gufungura imiryango ku ma ekipe yo muri shampiyona ya Saudi pro-League  muri Saudi Arbia y’ifuza gutwara uy’umusore , gusa n’anone AC Milan, Napoli zose z’ikomeje kumwirukaho ndetse na Fenerbahce. (#Telegraph, subscription required) Napoli yo mu gihugu cy’Ubutaliyani nayo iratekereza kugutwara  Lukaku gusa izamutwara  igihe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal umukinnyi yari kuvanamo amafaranga byanze! icyemezo cya Manchester City kuri Pep Guardiola

Atletico Madrid nyuma yo gutunga abanya Argentina benshi barimo Angel Correa, Rodrigo de Paul Nahuel Molina  na bandi  irashaka n’undi munya Argentina w’imyaka 24  wa  Manchester City  Julian Alvarez nyuma yo kubura umwanya uhagije wo gukinga kubera Erling Braut Haaland. (#Marca – in Spanish) Gusa n’anone Paris St-Germain irifuza  Alvarez. (#Fabrizio Romano) Manchester United yamaze kwiyunga kuri Liverpool mu gushaka…

Read More

Paper Talk [Europe]:Chelsea ibonye umusimbura wa Thiago Silva, Ole Gunnar Solskjaer na Frank Lampard bagiye kongera kubona akazi

Arsenal  irifuza gutwara umusore w’Ikipe ya  Girona ,26 ukomoka mu gihugu cya Ukraine Viktor Tsygankov unifuzwa cyane na  AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliya. (Sport – in Spanish) Chelsea ishobora guhanga cyane n’ikipe ya Arsenal mu gusinyisha umusore w’imyaka  21 ukomoka mu gihugu cya Slovenia Benjamin Sesko kuva mu ikipe ya  RB Leipzig. (Standard) Manchester United y’umutoza Eric Ten…

Read More

Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports) Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More

Paper Talk:Chelsea yabererekeye Arsenal, Ederson Moraes arasohoka muri city? Akazoza ka Mason Greenwood

Borussia Dortmund  biragoye ko ya twara mu buryo bw’a burundu intizanyo ya  Manchester united  Jadon Sancho, 24 kubera ibibazo by’Ubushobozi buke bw’Amafaranga,  uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (#Sky Sports) Umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Kobbie Mainoo, 19, biteganyijwe ko ashobora gusinya amasezerano mashya muri Manchester United nyuma y’Igikombe ki Burayi kiza tangira muri uku kwezi…

Read More