Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk:Chelsea yabererekeye Arsenal, Ederson Moraes arasohoka muri city? Akazoza ka Mason Greenwood

\"\"

Borussia Dortmund  biragoye ko ya twara mu buryo bw’a burundu intizanyo ya  Manchester united  Jadon Sancho, 24 kubera ibibazo by’Ubushobozi buke bw’Amafaranga,  uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (#Sky Sports)

Umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Kobbie Mainoo, 19, biteganyijwe ko ashobora gusinya amasezerano mashya muri Manchester United nyuma y’Igikombe ki Burayi kiza tangira muri uku kwezi kwa kamena, 2024. (#Star)

Everton irategura kugurisha bamwe mu bakinnyi beza bayo  barimo umuzamu wambere wa Bongereza Jordan Pickford, 30, na  Jarrad Branthwaite,21 w’Ifuzwa n’Ikipe ya   Manchester United Y’umuhorandi Eric Ten Hug. (#Sun)

Tottenham Hotspur ishobora kwibikaho rutahizama w’Umwongereza Ivan Toney, 28,  kuri  £40m  ba muvana mu ikipe ya Brentford y’Umutoza Thomas Frank muri iyi mpeshyi ya 2024 .(#Football Insider)

Umusore wa Real Sociedad  ukomoka mu gihugu cya Spain Martin Zubimendi, 25,  ngo ntago y’Ifuza kujya mu ikipe ya  Arsenal nu’bwo yo imwifuza cyane kugira ngo aze gufasha hagati mu kibugabuga. (#Sport – in Spanish)

Mason Greenwood, 22, gahunda yo kwerekeza mu gihugu cy’Ubutaliyani mu ikipe ya  Juventus igeze kure  nyuma yo gusoza intizanyo muri Getafe mu gihugu cya Spain , uyu musore w’Ikipe ya  Manchester United(#Sun)

Arsenal  ira cyari gushaka rutahizamu by’Umwihariko iracyari gukurikirana Victor Osimhen, 25, ukomoka mu gihugu cya Nigeria , nyuma y’uko  Chelsea inaniwe kumvikana n’Uyu munya Nigeria.(#Gianluca di Marzio)

Napoli  yamaze kugera ku masezerano ya burundu  na Antonio Conte wa hoze ari umutoza wa  Chelsea na Tottenham .(#Fabrizio Romano)

Manchester United irifuza gutwara  umusore w’Imyaka ,20 , ukomoka mu gihugu cya Ivory Coast  w’Umudefanseri Ousmane Diomande kuva mu ikipe ya  Sporting Lisbon(#Express)

Nottingham Forest  iza shyiraho igiciro cya £40m ku musore w’Umuhanga cyane  ukina hagati mu kibuga wayo Morgan Gibbs-White, 24, w’Ifuzwa na Tottenham hotspur y’Umutoza Ange Postecoglou. (#Football Insider)

Umunya Brazil Ederson Santana de Moraes, 30, bikomeje kuvugwa ko  ashobora  kwerekeza muri Saudi Arabia gusa azabanza abazwe n’iba aza sohoka muri  Manchester City muri uku kwezi kwa kamena, 2024.(#SPN)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *