Paper Talk:Chelsea yabererekeye Arsenal, Ederson Moraes arasohoka muri city? Akazoza ka Mason Greenwood
Borussia Dortmund biragoye ko ya twara mu buryo bw’a burundu intizanyo ya Manchester united Jadon Sancho, 24 kubera ibibazo by’Ubushobozi buke bw’Amafaranga, uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (#Sky Sports)
Umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Kobbie Mainoo, 19, biteganyijwe ko ashobora gusinya amasezerano mashya muri Manchester United nyuma y’Igikombe ki Burayi kiza tangira muri uku kwezi kwa kamena, 2024. (#Star)
Everton irategura kugurisha bamwe mu bakinnyi beza bayo barimo umuzamu wambere wa Bongereza Jordan Pickford, 30, na Jarrad Branthwaite,21 w’Ifuzwa n’Ikipe ya Manchester United Y’umuhorandi Eric Ten Hug. (#Sun)
Tottenham Hotspur ishobora kwibikaho rutahizama w’Umwongereza Ivan Toney, 28, kuri £40m ba muvana mu ikipe ya Brentford y’Umutoza Thomas Frank muri iyi mpeshyi ya 2024 .(#Football Insider)
Umusore wa Real Sociedad ukomoka mu gihugu cya Spain Martin Zubimendi, 25, ngo ntago y’Ifuza kujya mu ikipe ya Arsenal nu’bwo yo imwifuza cyane kugira ngo aze gufasha hagati mu kibugabuga. (#Sport – in Spanish)
Mason Greenwood, 22, gahunda yo kwerekeza mu gihugu cy’Ubutaliyani mu ikipe ya Juventus igeze kure nyuma yo gusoza intizanyo muri Getafe mu gihugu cya Spain , uyu musore w’Ikipe ya Manchester United. (#Sun)
Arsenal ira cyari gushaka rutahizamu by’Umwihariko iracyari gukurikirana Victor Osimhen, 25, ukomoka mu gihugu cya Nigeria , nyuma y’uko Chelsea inaniwe kumvikana n’Uyu munya Nigeria.(#Gianluca di Marzio)
Napoli yamaze kugera ku masezerano ya burundu na Antonio Conte wa hoze ari umutoza wa Chelsea na Tottenham .(#Fabrizio Romano)
Manchester United irifuza gutwara umusore w’Imyaka ,20 , ukomoka mu gihugu cya Ivory Coast w’Umudefanseri Ousmane Diomande kuva mu ikipe ya Sporting Lisbon. (#Express)
Nottingham Forest iza shyiraho igiciro cya £40m ku musore w’Umuhanga cyane ukina hagati mu kibuga wayo Morgan Gibbs-White, 24, w’Ifuzwa na Tottenham hotspur y’Umutoza Ange Postecoglou. (#Football Insider)
Umunya Brazil Ederson Santana de Moraes, 30, bikomeje kuvugwa ko ashobora kwerekeza muri Saudi Arabia gusa azabanza abazwe n’iba aza sohoka muri Manchester City muri uku kwezi kwa kamena, 2024.(#SPN)