Watch Loading...
EuropeHomePaper Talk

Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

\"\"

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports)

Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro League muri iyi mpeshyi y’ukwezi kwa gatandatu, 2024. (#Teamtalk)

Aston Villa irigutegura gutanga  anganana  £5m kumusore w’Umwongereza  w’Imyaka 30 Ross Barkley kuva mu ikipe ya Luton Town  nyuma y’uko imanutse mu kiciro cya kabiri   (#talkSPORT)

Arsenal iri gutegura kurekura  Eddie Nketiah, 25,  nyuma yo kutagira umwaka  w’Imikino mwiza, Fulham yatangiye gutegura £30m zo kuzatanga kuri uy’u mukinnyi uri no kwifuzwa cyane na  Crystal Palace, Wolves na Everton. (#Sun)

The Gunners n’anone y’iteguye  kugurisha myugariro wabo w’ibumoso( left-back) Oleksandr Zinchenko, 27, uri kwifuzwa cyane na  Bayern Munich yo mu gihugu cy’Ubudage.(#Football Insider)

Umusore w’Ikipe yaLeeds United ya n’aniwe  kuzamuka mukiciro cy’ambere Crysencio Summerville ukomoka mu gihugu cy’Ubuhorandi , ari kwifuzwa cyane na  Liverpool kuri  £30m. (#Mirror)

Sunderland  iragaragara nki dasha kugurisha umukinnyi wayo ukiri muto ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Jobe Bellingham, 18,  akaba murumuna wa Jude Bellingham wa real Madrid w’Ifuzwa cyane na Tottenham, Brentford na Crystal Palace. (#Guardian)

Manchester United na Liverpool z’ikomeje gukurikirana  umusore wa Sporting Lisbon yo mu gihugu cya  Portugal Goncalo Inacio  ukina mumutima w’Ubwugariza(centre-back) w’Imyaka  22.(#Fabrizio Romano)

Real Madrid ngo yaba yafashe umwanzuro  wo gusinyisha muburyo bw’aburundu  rutayizamu w’abo Joselu, 34, ukomoka mu gihugu cya Spain  akaba yari intizanyo ya  Espanyol. (#The Athletic – subscription required)

Liverpool   iri gutegura  gusimbuza  umusore  wabo ukina hagati  mu kibuga y’ugarira (defensive midfielder), Wataru Endo, 31 bazanye mu ntangiriro z’umwaka  w’Imikino wa 2023/2024. (Football Insider)

Borussia Dortmund  ntago amahitamo y’abo y’ambere  arugutwara muburyo bw’aburundu Ian Maatsen, 22, b’atijwe  n’ikipe ya Chelsea ,aho b’asabwa kwishyura  £35m kuri chelsea nka release clause  y’uyu mu left-back ukomoka mu gihugu cy’Ubuhorandi.(#Mail)

Mugihe Jadon Sancho, 24, we azaguma gusunika kugirango  azagume muri Dortmund  kuko ntiyifuza kugaruka muri Manchester United. (#Star)

Umutoza wa Lille Paulo Fonseca w’Imyaka, 51 b’iteganyijwe ko ariwe ugomba kuba umutoza mushya wa    AC Milan agasimbura Stefano Pioli. (#La Gazzetta dello Sport in Italian)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *