Paper Talk[Europe]: umutoza mushya wa Barcelona akomeje Kwerekana abakinnyi bazakomezanya ,Chelsea Nyuma yogukora Transfer yambere nticogora! Arsenal, Liverpool na United
Umusore akaba na rutahizamu w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Belgium Romelu Lukaku, 31, ya maze gufungura imiryango ku ma ekipe yo muri shampiyona ya Saudi pro-League muri Saudi Arbia y’ifuza gutwara uy’umusore , gusa n’anone AC Milan, Napoli zose z’ikomeje kumwirukaho ndetse na Fenerbahce. (#Telegraph, subscription required)
Napoli yo mu gihugu cy’Ubutaliyani nayo iratekereza kugutwara Lukaku gusa izamutwara igihe baza basha kugurisha umunya Nigeria Victor Osimhen, 25 bitaribyo ntibizakunda. (#Times, subscription required)
Everton iri mu bibazo bishobora gutuma itakaza rutahizamu wabo w’Umwongereza Dominic Calvert-Lewin kubuntu muri 2025 nyuma y’uko bikomeje kugorana kumuganiriza ngo yongere amasezerano uy’umusore w’imyaka 27. (#Football Insider)
N’inako Chelsea n’ayo iri gukurikirana bucece uko gahunda za Calvert-Lewin muri Everton z’iri kugenda , gusa mbere n’ambere b’azabanza b’ite kugutwara Benjamin Sesko w’imyaka, 21wa RB Leipzig mu gihugu cy’ubudage ukomoka mu gihugu cya Slovenia.(#Mail)
Amakipe atandatu by’ibuze yo muri Premier League – Chelsea, Aston Villa, Newcastle, Everton, Nottingham Forest ndetse na Leicester City – asa nka tegetswe kugurisha abakinnyi muri iy’impeshyi ya 2024 kugirango ahangane n’ibibazo bya Profit and Sustainability Rules. (#Sky Sports)
Umwongereza ukinira ikipe ya Bournemouth ibarizwa muri shampiyona ya bongereza premier league Dominic Solanke, 27, afite amafaranga ya tuma arekurwa (release clause) angana na £65m mu masezerano ye muri iy’ikipe mu gihe arikwifuzwa n’amakipe atandukanye yo kumugabane w\’Iburayi. (#Athletic, subscription required)
Manchester United yamaze gutanga agera kuri 60M euro mu ikipe ya Lille yo mu gihugu cy’Ubufaransa kuri myugariro wayo Leny Yoro, 18, gusa United ikomba ku mu rwanira na Real Madrid yo mu gihugu cya Spain . (#Marca, in Spanish)
Chelsea irifuza umusore w’ikipe ya Crystal Palace ukomoka mu gihugu cy’ubufaransa w’imyaka -21 Michael Olise, 22, nyuma yo kwibikaho myugariro w’Umwongereza Tosin Adarabio , ariko igomba kumurwanira na Manchester United aya makipe asabwa gutanga by’ibuze £60m kuri uy’umukinnyi. (#Standard)
Mababa w’ikipe ya Chelsea Raheem Sterling, 29, ntago ashaka kujya muri Fenerbahce iherutse kubona José Mourinho nk’umutoza mushya nyuma y’uko Sterling yanavuzwe cyane muri Saudi Arbia muri Saudi Pro League. (#Mail)
Uwahoze ari umutoza wa Juventus Massimiliano Allegri yahawe amahirwe yo kujya gutoza muri Saudi Pro League gusa we ari fuza kugaruka gutoza muri shampiyona ya bongereza Premier League. (#Sky Sports Italy)
Borussia Dortmund irifuza gutwara umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubuhorandi w’imyaka 22- Ian Maatsen mu buryo bw’aburudnu nyuma yo kuza mu ikipe y’umwak wa UEFA Champions League 2023-24, gusa Chelsea ikeneye £35m kuri uy’umusore . (#ESPN)
Nyuma yo gutandukana n’umutaliyani Roberto De Zerbi Brighton yatangiye ibiganiro n’uwahoze ari umutoza wayo Graham Potter, 49, wanyuze no muri Chelsea akavayo adasoje amsezearano yari yasinye. (#Guardian)
Newcastle United igeze kure ibiganiro n’umusore w’ikipe ya Bournemouth Lloyd Kelly w’imyaka 25 ugomba gusoza amasezerano ye muri iy’ikipe tariki ya 30 kamena , 2024 , gusa West Ham, Tottenham, Roma na Atletico Madrid n’azo z’irifuza gutwara uy’u musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongreza (#Chronicle)
Sheffield United nyuma yo kumanuka mu cyiciro cya kabiri mu mwaka w’imikino wa 2023/2024 irifuza gutwa myugariro w’ikipe ya Nottingham Forest ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Worrall- 27 ugiye gusoza amasezerano ye muri kamena 2024 . (#Football Insider)
Umusore w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya bongereza Conor Gallagher, 24, we arategura kuguma muri iy’ikipe ya Chelsea n’ubwo iy’ikipe ikomeje gahunda yo kumugurisha ndetse amakipe arimo Aston Villa naTottenham Hotspur akomeje kumwirukaho. (#Guardian)
Mamababa w’umunya Brazil Raphinha azakomezanya n’umutoza mushya wa FC Barcelona Hansi Flick nyuma y’uko hari amakipe menshi yomuri Saudi Arbia akomeje gutekereza uy’umusore w’imyaka 27.(#Sky Sports Germany)