Rayon Sports na APR FC z\’ihombye €50 million bariguhabwa na FIFA!

Mumwaka wa 2025 muri Leta zunze ubumwe za Amerika hazakinirwa  imikino y’igikombe cy’isi cya makipe (FIFA Club World Cup 2025) kivuguruye aho umubare wa makipe azagikina aziyongera akava kuri 7 akagera kuri 32  amakipe azitabira gusa  azahabwa €50 million mugihe izegukana igikombe izatwara €100 million, iyo Rayon Sports na APR FC zitabira n’azo zari kurya…

Read More

Umwe mu bagize intumwa za rubanda umutwe wa sena yeguye ku nshingano ze

Hon .Mupenzi George wari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko y\’u Rwanda umutwe wa sena yamaze kugeza urwandiko rwemeza ubwegure bwe kuri perezida w\’iyi nteko . Bubicishije mu ubutumwa ,ubuyobozi bw\’inteko ishinga amategeko y\’ u Rwanda bwemeje aya makuru yaramaze iminsi avugwa ko uyu munya -politike ashobora kuba yeguye ku nshingano ze. ubu Ubutumwa…

Read More

Perezida Tshisekedi ntakozwa ibyo guhura na perezida Kagame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba . Iyi Nteko Idasanzwe ya 23 y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki 07 Kamena 2024, yabaye hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga. Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yitabirwa n’abakuru…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ineos iherutse kugura imigabane muri Manchester United igiye kugurisha imigabane! Manchester city, Liverpool,Arsenal,Chelsea, Barcelona

Umusore w’ikipe ya Crystal Palace ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Eberechi Eze, 25, afite amafaranga ya musohora muri  Crystal Palace(release clause)  atari munsi ya   £60m, Tottenham Hotspur irifuza uy’umusore. (Mail) Ikipe ya Aston Villa igomba kubona  by’ibuze angana £60m avuye mu kugurisha abakinnyi bayo muri iyi mpeshyi kugirango y’irinde kugongana n’ibibazo bya   profit and sustainability rules bikaba bya y’iviramo…

Read More

Golden State yatwaye shampiyona yayo ya kabiri,Serena Williams,Javier Mascherano abona izuba… ,iyi taliki ya 8/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 160 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1922 Umukino wa 1 mpuzamahanga wikipe yigihugu ya Romania wabereye Belgrade wabahujije na Yugosilaviya. 1922 Francisc Ronay yaciye agahigo aho yatsinze igitego cya 1…

Read More

Abraham Lincoln yatorewe indi manda, urupfu rwa George Floyd na Muhammad ibn ‘Abdullāh….uyu munsi mu mateka taliki ya 8/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 160 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1783: Nibwo ikirunga cya Laki cyo mu gihugu cya Islande cyatangiye kuruka bikaza kurangira gihitanye abantu 9000 mu mezi 8. Mu 1864, Abraham Lincoln yatorewe indi manda yo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rayon Sports na Kevin Muhire,Joackiam Ojera Police, APR FC gahunda y\’u mutoza n’abagomba gusohoka!

Umusore w’imyaka 35  ukomoka mu gihugu cya South Africa George Maluleka Nyiko wa kiniraga ikipe ya AmaZulu Football Club  bamaze  gutandukana, nyuma y’uko iy’ikipe ibonye umwanya wa 11 muri shampiyona ya South Africa n’amanota 36.(#Micky Jnr) Wydad Athletic Club nyuma yo kugira umwaka mubi w’imikino wa 2023/2024 aho itazakina imikino nya Africa haba Champions League …

Read More

Amerika itangaje amagambo akomeye ku Isabukuru y\’Imyaka 80 hatangijwe igitero Cya Normandy mu Bufaransa

Ni igitero cyatangijwe ku wa 6 Kamena 1944, cyari kigamije kuganza no guhashya aba Nazi bari barangajwe imbere na Adolf Hitler. Uyu munsi ufatwa nk\’umunsi udasanzwe kuri politiki y\’ibihugu Byose hamwe byarwanyaga Ubudage,birimo,Ubufaransa,Ubwongereza,Leta Zunze Ubumwe Za Amerika n\’ibindi cyane ko bamwe bemeza ko Ari imwe mu ngamba zatumye abadage batsindwa intambara. Kuri uyu wa 05…

Read More

Ingengabihe ,amakipe y\’ibihugu ,amatsinda agabanijwemo,aho aza kinira ?… subizwa byose wibaza kuri EURO 2024 [FULL COVERAGE]

Ubwongereza bwatomboye Seribiya, Sloveniya na Danemark mu itsinda C; Scotland yatomboye mu itsinda rimwe n\’Ubudage, Ubusuwisi na Hongiriya; Euro 2024 iratangirira i Munich ku ya 14 Kamena; umukino wa nyuma uzabera i Berlin ku ya 14 Nyakanga. Ni hehe, kandi ni ryari Euro 2024 izabera ? Euro 2024 izaba kuva kuwa gatanu 14 kamena kugeza…

Read More

Paper Talk[Europe]:  umutoza mushya wa Barcelona akomeje Kwerekana abakinnyi bazakomezanya ,Chelsea Nyuma yogukora Transfer yambere nticogora! Arsenal, Liverpool na United

Umusore akaba na rutahizamu w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Belgium Romelu Lukaku, 31, ya maze gufungura imiryango ku ma ekipe yo muri shampiyona ya Saudi pro-League  muri Saudi Arbia y’ifuza gutwara uy’umusore , gusa n’anone AC Milan, Napoli zose z’ikomeje kumwirukaho ndetse na Fenerbahce. (#Telegraph, subscription required) Napoli yo mu gihugu cy’Ubutaliyani nayo iratekereza kugutwara  Lukaku gusa izamutwara  igihe…

Read More