EURO 2024: Portigal ya Cristiano Ronaldo igiye kumanuka mu kibuga mu kanya na ekipe y’igihugu ya repubulika ya czechia[Full report]

Ikipe y’iguhugu ya Portigal iri muzihabwa amahirwe yo gutwara Euro 2024 iraza kumanuka mu kibuga ku i saha y’i saa tatu,aho iraza kuba ihanganye na ekipe y’igihugu ya repubulika ya czechia kuri sitade Red Bull Arena isanzwe ikinirwaho n’ikipe ya RB Leipzig ya hariya mu budage. Ni umukino wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Portigal la…

Read More

Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye indahiro za abofisiye bato bashya b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora

Abofisiye 166 barimo abakobwa 27 mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), barangije amasomo mu Ishuri rya RCS rya Rwamagana, banahabwa ipeti rya AIP (Assistant Inspector of Prison). Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yakiriye indahiro z’abofisiye bato bashya b’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, bahuguriwe bwa mbere mu ishuri ry’amahugurwa ry’uru rwego. Yabasabye kutajya mu bikorwa…

Read More

Perezida Netanyahu yasheshe goverinoma ye yari ifite mu nshingano intambara yo muri Gaza

Ku wa mbere, Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasheshe Inama y’Abaminisitiri y’intambara, iki kikaba ari igikorwa gishimangira uruhare rwe mu ntambara yo muri Isiraheli na Hamas kandi bikaba bishobora guhagarika imirwano mu karere ka Gaza vuba aha. Perezida Netanyahu yatangaje ibi nyuma y’iminsi mike uwo bahanganye mu bya politiki, Benny Gantz, avuye muri Guverinoma…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Omborenga Ubwe icyo avuga kukujya muri Rayon Sports aganiriye n’Itangazamakuru,Younga Africans mu bibazo b’iyisaba arenga $100,000!

Umuzamu ukomoka mu gihugu cya Sudan Mohamed Mustafa  wari intizanyo y’ikipe ya Al Merriekh muri Azam yo mu gihugu cya Tanzania iy’ikipe yamaza kumwibikaho mu buryo bw’aburundu uy’u musore w’imyaka 28 yamavuko.(#Micky Jr) Simba SC bidasubirwaho yamaza gutandukana na rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Uburundi  Saidi Ntibazonkiza  w’imyaka 40 uri no gutekerezwa cyane n’amakipe yo mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 18/Kamena Joan Cruyff yabonye izuba,Mohammed Salah abona incundura ku nshuro ye ya mbere mu gikombe cy’isi naho Kieran Trippier na Bernard Leno babona amakipe mashya

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo; uyu munsi ku wa kabiri ,Tariki 18/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 170 mu igize umwaka, hasigaye 196 ukagera ku musozo. 1905 sitade Kickers Platz iherereye i Stuttgart mu gihugu cy’ubudage yarafunguwe ku mugaragaro mu gihugu cy’ubudage. 1927,FC Dynama Minsk yashinzwe kuri uyumunsi. Batsindiye…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 18/kamena ,Inkiko Gacaca zasoje imirimo yazo mu Rwanda ndetse Amerika na Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete byashyize umukono ku masezerano

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku wa kabiri ,Tariki 18/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 170 mu igize umwaka, hasigaye 196 ukagera ku musozo. Kiliziya gatolika irazirikana mutagatifu Amand w’i Bordeaux, Cyriaque na Léonce. 1429: Ingabo z’u Bufaransa ziyobowe na Joan of Arc zakubise inshuro iz’u Bwongereza zari ziyobowe na John Fastolf…

Read More

Paper Talk[Europe]: Amakipe atatu yo muri Premier League ahanganiye umukinnyi umwe, umwanzuro wa Bayern Munich kuri Alphonso Davies!

Byamaze kumenyekana ko Liverpool yatanze agera kuri 50m euro (£42m) kumusore w’ikipe ya Lille Umufaransa Leny Yoro, 18, gusa ikipe ya Lille yamaze kwanga ayo mafaranga y’ikipe ya Liverpool. (Mundo Deportivo – in Spanish) Bayern Munich yamaze kuva muri gahunda yo gutwa umusore w’ikipe ya Chelsea ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Levi Colwill  w’imyaka  21, nyuma yokubona neza ko …

Read More

EURO 2024:ikipe y’igihugu y’Ababiligi bakubiswe kimwe kitishyurwa maze bataha bimyiza imoso

Mukanya gashize ikipe y’igihugu y’ububiligi imaze gutsindwa kimwe kitishyurwa n’ikipe y’igihugu ya Romaniya mu mukino wayo wa mbere wa Euro 2024 iri kubera mu gihugu cy’ubudage. uyu wari umukino wa mbere w’ikipe y’iguhugu y’ububiligi ndetse ukaba n’umukino wa kabiri mu itsinda rya gatanu [E] riherereyemo amakipe nka Romaniya bari bahuye ,slovakia ,Ukraine ndetse n’ububiligi .Uyu…

Read More

Menya inkomoko y’ubuhanga bw’imyandikire bwumvikana mu ndirimbo ᗰIYᗩᗰOᖇE ya Lyan Neizon

kuri uyu wagatandatu umuhanzi neizon Lyan yasohoye indirimbo yakoze ku mitima yabatari bake ndetse ikanavugisha imbaga yise “MiYaMoRe”,ikaba ari ndirimbo yuje amarangamutima y’urukundo ndetse n’ubuzima butoroshye . menya byinshi byimbitse kuri iyi ndirimbo . Umuhanzi Ishimwe Moses wamenyekanye cyane nka Neizon Lyan usanzwe ukora umwuga w’ubuvangamuziki mu birori byinshi bigiye bitandukanye byumwihariko mu ntara y’amajyepfo…

Read More

Bakabaye barakoresheje ayo mafaranga n’imbaraga zabo mu bindi. U Rwanda rurahari ndetse ruzakomeza gutera imbere buri mwaka:Perezida Kagame

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu,perezida wa repubulika y’u Rwanda Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda rutazigera rugendera ku gitutu cy’amahanga ndetse n’abandi batifuriza igihugu ibyiza. Nyakubahwa Kagame Paul kuri iki gicamunsi yagiranye ikiganiro na RBA byumwihariko cyagarukaga ku ncamake y’ibyagezweho ,imbogamizi ndetse na amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri nyakanga taliki 15,umuyobozi…

Read More