Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wa Police FC Ani Elijah yagarutse mu Rwanda , yatoje muri Real Madrid none aje gutoza muri Africa!

Umunya-Africa y’Epfo Rulani Mokwena w’imyaka 37  umutoza mushya wa Wydad AC yo muri Morocco  hagiye hanze amafaranga azajya atangwaho buri kwezi  ndetse  n’abo bazakorana bose uko ari batanu bazajya batangwaho agera ku $74,000 buri kwezi.(#MickyJr) Umufaransa David Bettoni  w’Imyaka 52  wabaye umutoza wungirije  wa  Zinedine  Zidane muri Real Madrid yamaze kuba umutoza mushya w’ikipe ya…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Zinedine Zidane yafashije ubufaransa kwegukana igikombe cy’isi naho James Rodríguez na Vinícius Júnior babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1817 Karl Drais von Sauerbronn yegukanye isiganwa rya magare rya shampiyona y’isi muri uyu mukino 1928 Umukino wa tennis wa 1 werekanwe kuri tereviziyo mu mateka. 1934 Willy de Supervise yaciye agahigo mu mukino wo koga ku isi muri metero 400 akoresheje igihe cyingana…

Read More

KENYA : Perezida William Ruto yazingishije abaminisitiri bose utwabo!

kuri uyu wa Kane, Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yirukanye abaminisitiri bose bari bagize Guverinoma y’iki gihugu, asigaza umwe rukumbi. Perezida wa Kenya uri munsi y’umuriro, William Ruto, yirukanye ako kanya abaminisitiri be bose n’umushinjacyaha mukuru, nyuma y’imyigaragambyo iherutse guhitana abantu yaturutse ku umushinga w’imisoro utarishimiwe na Banyakenya. Perezida yavuze ko iki cyemezo cyaje…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Espagne yatsinze ubuholandi itwara igikombe cyisi cya FIFA 2010 naho Éric Abidal abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1900 Charlotte Cooper yatsinze Hélène Prévost aba shampiyo wa 1 wa tennis mu bagore mu mikino Olempike ndetse na shampiyo wa 1 w’umubagore mu mikino ya Olempike muri siporo iyari yoyose. 1982 Umukino wanyuma wigikombe cy’isi cya FIFA, kuri sitade Santiago Bernabéu, i Madrid muri Espagne: Ubutaliyani bwatsinze…

Read More

Harabura Iminsi 4 ngo amatora atangire: Uko umunsi wa 19 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Bugesera i Mayange.Uyu mukandida kandi nk’uko…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 11/Nyakanga,Hatangiye ibibazo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavutse nyuma y’aho Intara ya Katanga yiyomoroye ku gihugu naho John Quincy Adams abona izuba

Tariki ya 11 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga w’abaturage, World Population day, uyu munsi ugamije kumenyekanisha ibibazo byugarije abaturage batuye isi nko Kuringaniza imbyaro, uburinganire, ubukene, n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Ibarura ryo ku wa 06 Gashyantare 2016 ryagaragazaga ko isi izaba igize abantu 7,400,000,000 ku wa 24 mata 2017. Uyu munsi kuwa kane,Taliki ya cumi n’imwe/Nyakanga ni umunsi…

Read More

Inzira  y’u musaraba yerekeza mu matsinda kuri APR FC na Police! uko tombora yagenze kumakipe azahagararira u Rwanda mu mikino  Nya-Africa

Ikipe ya APR FC na Police FC z’igomba guhagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Confederetions Cup zamenya abobagomba gukina mu mikino y’Ibanze (Preliminary Round) aho APR FC izakina na  Azam mu gihe Police izakina  na SC Constantinois yomuri Algeria.  Kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nyakanga 2024 I Cairo mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Gahunda yabakinnyi mu Rwanda yokurega amakipe muri Ferwafa irakomeje! umukino wazo bizasaba kwifashisha abasifuzi baturutse muri Esipanya

Wydad AC igeze mu biganiro byanyuma n’uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri Africa y’Epfo Rulani Mokwena ibijyanye n’imishahara byumvikanyweho ndetse n’ibyuduhimbaza mushyi igisigaye n’ugufata indege imwerekeza muri Morocco bikaba binateganyijweko ariwe mutoza wambere uzaba uhembwa amafaranga menshi mu mupira w’amaguru wa Morocco mu mwaka utaha w’imikino ntagihindutse.(#MickyJr) Umunya-Esipanye  Javier Alberola Rojas  akaba umwe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Kylian Mbappé agiye gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid, Bayern Munich  igiye kurangiza transfer yayo ya kabiri!

Paris St-Germain  yiteguye guhangana  n’ikipe ya  Manchester United murugamba rwo gusinyisha umusore w’Ikipe ya   Benfica w’Imyaka  19- Portugal Joao Neves  akabakina hagati mu kibuga gusa saya makipe gusa amwifuza hari nadi kumugabane w’Iburayi akomeje kwifuza uyu musore (Le10Sport – in French) Barcelona  ngoyaba yamaze kumvikana ibyibanze  n’umusore w’Ikipe ya  Athletic Bilbao Nico Williams  w’Imyaka 21 Umunya-Spain ukomeje no kuyifasha…

Read More

Mifotra yavuze ko mu gihe cy’amatora bizaba ari ikiruhuko cy’abakozi haba mu nzego za Leta n’izabikorera

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo [MIFOTRA], yatangaje ko iminsi ibiri ya mbere y’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo gutuma Abanyarwanda babasha kuzuza inshingano mboneragihugu z’amatora. iyi Minisiteri yabitangaje ibinyujije mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X.Minisiteri y’Abakozi ba Leta yagize iti “Iyo minsi yombi [Ku wa Mbere no ku wa Kabiri] izaba…

Read More