Twagirumukiza Janvier

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Rayon Sports iri gukora  remontada muri taransiferi! Umunya-Africa yanditse amateka muri Tour de France

Umunya-Eritrea Biniam Girmay, yabaye umukinnyi mu mukino w’amagare wa mbere w’Umwirabura wegukanye agace (Etape) mu isiganwa rikomeye ku Isi rya Tour de France, iyi ntsinzi yabonetse kuri uyu wa Mbere tariki 01 Nyakanga 2024, ubwo hakinwaga agace ka gatatu kiri siganwa rya Tour de France.(# Tour de France 2024) Simba SC  ikomeje kwiyubaka  yitegura  umwaka…

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 10 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 01 Nyakanga ,2024 ndetse na gahunda y’Umunsi wa 11

Ku munsi wa 10   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uy’u wambere taliki ya 01 Nyakanga 2024 hiyamamaje gusa umukandida peresida  w’ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije  “ Democratic Green Party”  Dr Frank Habineza. Uy’u mukandida wa Green Party ibikorwa bye byo kwiyamamaza  yabikoreye  mu ntara  yuburengerazuba mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe …

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea iguze rutahizamu wa Barcelona, Newcastle United yatanze igisubizo kubifuza  Alexander Isak!

Liverpool, Arsenal, Chelsea ndetse na  West Ham United  zose z’irifuza gutwara  umusore w’imyaka 22  ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani   Riccardo Calafiori  myugariro mwiza cyane  gusa zose z’ifite umusozi wo kurira  bishyura agera kuri  £40m kugirango  ave muri  Bologna. (Express) Bamwe mu ba directors b’ikipe ya  Barcelona ntago bari kwemera  kuba bazana umusore ukomoka mu gihugu cya Esipanye  …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wanenzwe na Rayon Sports  ya bonye ikipe nshya  Ikipe izakina Confederation, Abdelhak Benchikha wanzwe na Simba ya bonye indi kipe!

CAF Club Licensing Online Platform (CLOP)  ni uburyo bwa sizweho  n’impuza mashyirahamwe y’umupira  wa maguru muri Africa  “CAF” kugirango amakipe agaragaze ko y’ujuje ibyangombwa  byo gukina imikino nya  Africa ndetse n’ibijyanye n’a masitade ku girango yemerwe cg nti yemerwe  kuri uy’u  wa mbere taliki ya 01 Nyakanga, 2024  yamaze gufunga ku makipe ashaka kugaragaza ko…

Read More

Inkuru Yose:Uko Umunsi wa Cyenda  wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze kuri uy’u wa  30 kamena ,2024

Ku munsi wa Cyenda  wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024  Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Nyanza mu murenge…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende munzira zo kubona undi mu dende, Mbwana Ally Samatta  wa banya Tanzania agiye gukina hamwe na Cristiano Ronaldo!

Umunya-South Africa Fadlu Davids w’imyaka 43 niwe uzaba umutoza mushya w’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania  guhera umwaka utaha w’imikino nyuma y’uko iy’ikipe ikomeje kwitara n’abi cyane dore ko imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara byose byikubirwa n’ikipe ya Young Africans.(#Micky Jr) Kuri uy’u wambere  hateganyijwe  umukino w’ishiraniro hagati y’ikipe ya Raja…

Read More

Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal  ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !

Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore  w’imyaka 24  wu munya Netherland Matthijs de Ligt,  akina nka myugariro (centre-back )  w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi  . (Sky Sport Germany) Paris St-Germain  y’iteguye kwishyura  amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Darko Nović  umutoza wa APR FC icyo avuga kukujya  mu matsinda , Azam iriguca umukinnyi  $200,000  kugirango imurekure!

Umunya Zimbwabwe  Prince Mpumelelo Dube ukinira ikipe ya Azam  yo mu gihugu cya Tanzania ashobora gutandukana  n’ayo  gusa arasabwa  kubanza kwishyura by’ibuze agera USD $200,000 kugirango  Azam imurekure ya muhaye ajya gusinya amasezerano.(#Micky Jr) Mu ijoro ryo kuwa Gatanu, ikipe ya Mukura VS yakiriye myugariro wo hagati Umunya-Ghana Abdul Jalilu wakiniraga ikipe ya Dreams FC…

Read More

Paper Talk[Europe]: Paris St-Germain  na Marcus Rashford, ubumwe  ntayegayezwa bwa  Ruud van Nistelrooy  na Ten Hag buzaba buteye ubwoba!

Chelsea  irifuza bikomeye umusore  w’ikipe ya Nottingham Forest 21- ukomoka mu gihugu  cya  Brazilian  Murillo akaba myugariro mwiza cyane  w’ifuzwamo agera kuri  £70m,  gusa Chelsea iratekereza  gukoresha  umwongereza wayo w’imyaka 24  Trevoh Chalobah  muri gahunda yo gutwa uy’u musore.(Guardian) Chelsea  yamaze gutanga intanga marara mu ikipe ya   Leicester City  ku musore wabo w’imyaka  25- Kiernan…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abdul Rahman Rukundo muri Rayon byi fashe gute kugeza ubu? Cameroon yapfushije umukinnyi wa y’ikiniye igihe kire kire

Orlando Pirates yo mu gihugu  cya Africa yepfo yatanze agera ku USD $200,000 kugirango itwara  Augustine Okejepha  w’imyaka 20  ukomoka mu gihugu cya Nigeria usanzwe ukinira ikipe ya  Rivers United gusa yaratinze cyane kuberako yamaze kumvikana na Simba SC.(#Micky Jr) Landry Nguémo umunya Cameroon wanyuze ma makipe menshi atandukanye yo ku mugabane w’iburayi arimo  Bordeaux,…

Read More