Twagirumukiza Janvier

Paper Talk:Imyitozo ya Rayon Sports ; Omborenga yagaragaye mu mwambaro wayo! Young Africans yongeye kujabura umukinnyi muri mukeba nyuma yo gutanga akayabo

Umunya-Zimbabwe Prince Mpumelelo Dube  yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania  nyuma y’uko iy’Ikipe yamaze gushyira agera  $275,000 kuri Konti y’Ikipe ya Azam bituma uyu mukinnyi agomba gusoka muri iy’Ikipe ,uyu musore w’Imyaka 27 nk’uko yabigaragaje ko yashakaga kuyivamo kuva na mbere.(# Prince Mpumelelo Dube  ) Ahmed Refaat  wakiniraga ikipe ya Modern…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Inkuru yakababaro itashye umupira w’u Rwanda, hatangajwe igihe Rayon Sports izazanira umutoza

Ahoyikuye Jean Paul bitaga Mukonya wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali, yitabye Imana azize impanuka yo mu kibuga ubwo yakoraga imyitozo mu batarabigize umwuga, uyu musore  y’Itabye Imana  kumyaka 26 kuko yavuzetse  taliki ya 16 Kanama 2024.(#DailyBox) Fadlu Davids Umunya-South Africa w’Imyaka 43  yamaze kuba umutoza mushya w’Ikipe  ya Simba SC yo mu gihugu cya…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea yatangiye gukoresha Marc Cucurella kugirango areshye Nico Williams ! Amerekezo mashya ya  Joao Felix nyuma  y’uko  Barcelona ibyo kumuguma yabivuyemo

Manchester City  ibizineza ndetse iraniteguye kwakira ubusabe buvuye mu makipe yomuri Saudi  Arabia muri Saudi pro Legue kuri Ederson Santana de Moraes  gusa iramushakamo arenga  £30m bikavugwako  Al-Nassr arimwe mu makipe y’Ifuza cyane uy’u muzamu ukomoka mu gihugu cya Brazil. (Talksport) Marseille  yomu gihugu cy’Ubufaransa  ifite ikizere cyane cyo gutwara  umusore w’Ikipe ya Manchester United Mason Greenwood  n’ubwo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Samuel Eto’o Fils  na CAF hasi hejuru agomba kwishyura $200K , Mugiraneza Jean Baptiste (Migi) impamvu itangaje yavuye muri Musanze!

Nyuma  yo  gutandukana  n’Ikipe ya  Petro Luanda yomu gihugu cya Angola  Alexandre Santos yamaze gusesekara mu gihugu cya Tunisia aho  agiye gutangira imirimoye  nk’Umutoza mushya wa  CS Sfaxien yo muri iki gihugu, uy’u mutoza akaba akomoka mu gihugu cya Portugal  afite imyaka 47.(#MickyJr) Akanama kimyitwarire  mu mpuzamashyirahamwe  y’Umupira wa maguru muri Africa “ CAF” ariko…

Read More

Nigeria yongeye kugabizwa u Rwanda! ukotomora isize “Amavubi” mu rugamba rwo kwerekeza mu gikombe cy’Africa muri Morocco 2025

Ikipe y’Igihugu yu Rwanda “ Amavubi” y’isanze mu itsinda rya kane mugushaka tike y’Igikombe cya Africa kizabera mu gihugu cya Morocco mu mwaka wa 2025 , tombora yabereye  I Johannesburg, muri South Africa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa  kane taliki ya 07 Nyakanga 2024. U Rwanda ruheruka mu gikombe cya Africa mu mwaka wa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC na Police zahawe italiki ntarengwa na CAF ! AS Kigali na Kiyovu Sports hakurikijwe  uko bimeze z’ishobora  kudakina shampiyona

Abdulrazack Mohamed Hamza Umunya-Tanzania  w’Imyaka 21 yamaze gusinyira ikipe ya Simba SC yomuri icyo gihugu avuye mu ikipe ya SuperSport United yomu gihugu cya Africa Yepfo  akaba yasinye amasezerano y’Imyaka ibiri akinira iy’ikipe.(#SimbaSC) Umunya-South African Fadlu Davids  akaba yatozaga ikipe ya Raja Club Athletic yomuri Morocco nk’Umutoza wungirije biravugwa ko arimunzira zimerekeza mu ikipe ya…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal irenda gusinyisha umukinnyi wa mbere , Paris St-Germain  y’Injiye mu rugamba rw’Umukinnyi  w’Ifuzwa na makipe menshi!

Real Madrid yatangiye gutekereza gutwa myugariro w’ikipe ya  Crystal Palace w’Imyaka 23   Marc Guehi unarikumwe n’ikipe y’igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Iburayi  gusa ari no kwifuzwa cyane n’Ikipe ya   Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye  n’Ikipe ya   Juventus  yo mu Gihugu cy’Ubutaliyani. (Sun) Arsenal  y’Iteguye gutwa  umusore w’Ikipe ya Bologna Riccardo Calafiori  wa gize…

Read More

Paper Talk[Rwanda &Africa]: APR FC  yamenya abobazatana mu mitwe muri CECAFA Kagame Cup , Umutoza wa Mangwende  yahonzwe agera ku $60,000! Rayon Sports nyamara izahanga mu mwaka utaha

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yisanze mu Itsinda rya Gatatu [C] mu mikino ihuza Amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame Cup y’umwaka wa 2024 muri tombora yatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 3 Nyakanga 2024, ni itsinda isangiye n’amakipe ya SC Villa yo muri Uganda, Singida Black Stars yo muri…

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 11 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 02 Nyakanga ,2024  ndetse na gahunda y’Umunsi wa 12

Ku munsi wa 11   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uyu wa Kabiri  taliki ya 02 Nyakanga 2024 abakandida bose  uko aribatatu bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza nyuma y’uko bamwe muribo bari babisubitse kuri uyu wa mbere w’icyumweru. Umukandida w’Umuryango wa   FPR Inkotany Paul Kagame yasubukuriye ibikorwa bye byokwiyamamaza  mu Karere ka Kirehe kuri  site ya Kirehe …

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea irikwitwara neza cyane ku isoko pe! Yageze no kuri Nico Williams, Manchester United igiye kugura umukinnyi wa mbere akaba myugariro  

Anthony Gordon Umwongereza w’imyaka 23   ari kwifuzwa cyane  n’ikipe ya  Liverpool  yumutoza Arne Slot  ariko biragoye cyane  kuko Newcastle United  ivugako ntagahunda ifite yokugurisha  uyu musore ukina nka mababa  (Telegraph – subscription required) Manchester United biravugwa ko yamaze guha amasezerano y’imyaka itanu myugariro   Matthijs de Ligt, 24, ukomoka mu gihugu cya  Netherlands  mu gihe…

Read More