Twagirumukiza Janvier

Amerika yatangiye gushinja Irani kuba ariyo yashatse guhitana Donald Trump ishaka kwihorera kubyabaye 2020

Hatangiye gukekwa uruhare rw’igihugu cya Irani mu kugerageza guhitana uwahoze  ari peresida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump uri no gushaka kugaruka kuntebe iruta izindi muri iki gihugu. Ubwo yari mu bikorwa byo gushaka amajwi kumwanya w’umukuru w’igihugu muri Leta ya Pennsylvania  kandida peresida w’ishyaka ryaba Republicans Donald John Trump yarashwe muburyo butungaranye ubwo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri academy ya Bayern Munich hongeye gucishwamo umweyo, abatoza bomuri Cameroon bategetswe kuza gutoza bambaye amakote!

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon ryashyizeho itegeko rishya rireba ndetse rikanategeka abatoza batoza mu cyiciro cyambere ni cyakabiri muri ikigihugu kwambara amakote mu gihe bagiye gutoza umukino gusa abatoza bandi batari abatoza bakuru bo bazajya bemererwa kwambara imyenda yamakipe yabo umutoza uzarenga kuri iritegeko azajya ahanishwa agera ku $111,563.80.(#MickyJr) impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA”…

Read More

Paper Talk[Europe]: Real Madrid igiye gutwara Trent Alexander-Arnold, amakipe  ashaka Nico Williams akomeje kuba menshi nyuma ya Barcelona

Real Madrid  iracyatekereza  gusinyisha umusore w’Imyaka 25 Trent Alexander-Arnold w’Ikipe ya Liverpool dore ko asigaje umwaka umwe wa masezerano kuyo afite mu ikipe ya Liverpool   gusa nayo ikomeje gukora ibishoboka byose kugirango bamwongerere  amasezerano. (Talksport) Manchester United  nubwo yazatandukana na Erik ten Hag  asoje amasezerano nago yazana  Gareth Southgate  imbere ya Thomas Tuchel  wahoze atoza Chelsea…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Arafunze acyekwaho kwiba Kwizera Olivier, nyuma yo kubafasha gutwara Afcon yahisemo kubasezera!

Augustin Senghor wari pereZida w’ishyirahamwe  rya ruhago  muri Senegal  yamaze gutangaza ko yavuye kuri izi nshingano zo kuyobora umupira wa  Senegal, kungoma ye ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye  igikombe cya Africa ndetse hazamuka  na bakinnyi benshi babanya Senegal bagiye Iburayi.(#MickyJr) Wydad yo mu gihugu cya Morocco mu rwego rwo kwitegura umwaka  utaha w’Imikino wa 2023-2024…

Read More

Icyo ishyaka ritavuga rumwe na Leta rya Green Party of Rwanda rivuga kuby’ibanze byavuye mu amatora ya perezida wa Repubulika

Kuri uyu wa mbere nibwo komisiyo y’Igihugu ya amatora yatangaje ko Paul Kagame  ari we uri imbere y’abandi mu majwi y’agateganyo ku mwanya wa perezida wa repubulika, ishyaka Green Party of Rwanda ryemeza ko ryemera ibyavuye mu amatora Ni amatora yabaye guhera ku itariki ya 14 Nyakanga 2024 ku banyarwanda batuye hanze y’igihugu mu gihe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Abatoza batatu bagomba gusimbura  Gareth Southgate, Pep Guardiola ahanganye na Bayern kuri Dani Olmo

Manchester United yamaze kubaza amakuru yerekeye  myugariro  Jonathan Tah n’imugihe ikipe ya  Bayern Munich  bisankaho byayinaniye kumvikana n’ikipe ya  Bayer Leverkusen kugirango batware uyu mudage w’Imyaka 28  wagize umwaka w’Imikino mwiza wa 2023-2024 ndetse n’igikombe cyiza cy’uburayi. (Florian Plettenberg) Galatasaray ikipe yomu  gihugu ya Turkey iri mu biganiro n’ikipe ya   Manchester United kumusore wayo Scott…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri  shampiyona ya Tanzania hagiye gukoresha VAR, Abareyo bagiye kwibonera abakinnyi babo bashya mu mukino wa gicuti!

Imani Kajula  agiye kuva kunshingano zokuba   Chief Executive Officer(CEO)  w’Ikipe ya Simba SC  yomu gihugu cya Tanzania bisobanuyeko hagiye gushakwa undi mushya arinaho hashobora kuba haravuye ibihuha bijyana Uwayezu François Regis akaba Vice Chairman wa APR FC muri Simba SC.(#MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’umupirwa  w’amaguru muri Africa  “CAF”  yashyizeho itariki ya 25 Nyakanga 2024 nk’umunsi ntarengwa  wokuba…

Read More

Nta Guy Bukasa  muri Rayon Sports , Ubuyozi bwa Rayon Sports bwanyomoje amakuru y’umutoza mushya wavugwagamo!

Umunye-Congo Guy Bukasa  watozaga ikipe ya AS Kigali mu mwaka ushizwe w’Imikino byavugwaga ko ari munzira zinjira muri Rayon Sports  ayo makuru yabeshyujwe ahubwo Rayon Sports ikomeje gushaka umutoza mushya. Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kutagira umwaka mwiza w’Imikino wa 2023-2024 aho yasoje nta gikombe na kimwe itwaye  mu bikomeye mu Rwanda haba icy’amahoro…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City ifite ubwoba bwo kubura  Julian Alvarez, Liverpool igiye kuzana  myugariro witwaye neza mu igikombe  cy’uburayi!

Marc Guehi  nyuma yo gusoza igikombe cy’Uburayi  ari kwifuzwa n’ikipe ya  Liverpool  ndetse biravugwa ko ibiganiro byamaze kuba bitangira  kugirango uyu musore w’Imyaka  24 wa  Crystal Palace  ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Bongereza yerekeze muri Liverpool. (Fabrizio Romano via GiveMeSport) Umwongereza  ukina hagati mu kibuga   Adam Wharton w’imyaka 20,  biteganyijwe ko azanga amahirwe yo kwerekeza  muri imwe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ederson  Moraes  agiye kwerekeza muri Saudi Arabia, Manchester United igiye kugura umukinnyi utozwa na Jose Mourinho w’umuhanga  cyane!

Manchester United  ikomeje umugambi wayo wo kugurisha  umunya-Sweden wayo myugariro  Victor Lindelof, 29,  muri iy’impeshyi  ndetse  izumva  ubusabe bwa bifuza gutwara  Christian Eriksen  Umunya- Denmark  w’Imyaka 32 ukina hagati mu kibuga. (Manchester Evening News) Chelsea yamaze kwinjira muri gahunda yo guhanganira  Umufaransa ukina hagati mu kibuga w’Imyak 19 Desire Doue  dore  ko hari n’amakipe yandi menshi…

Read More