India : abavoka ibihumbi n’ibihumbi bari kwigaragambiriza uburyo amategeko ari gushyirwaho na Leta
Kuri uyu wa mbere, abanyamategeko babarirwa mu bihumbi mu murwa mukuru w’Ubuhinde bigaragambije bamagana ivugururwa ry’amategeko ahana ibyaha byakorewe mu murimo ndetse banamagana uburyo bw’iburanisha ry’urukiko. Benshi muri aba banyamategeko barakajwe n’amategeko mashya yaje ku ya 1 /Nyakanga yagura ububasha bwa polisi kugira ngo abantu bafungwe mbere y’urubanza kandi rikanategeka abacamanza gutanga imyanzuro y’urubanza kandi…