DailyBox

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mugihe APR ikiri gutekereza ibya Super Cup; Police yashyize hanze abakinnyi izakoresha mu rugamba rw’imikino Nya-Africa!

Rutahizamu w’umunya-Senegal Bouly Sambou Junior w’imyaka 25 ageze kure ibiganiro n’ikipe ya Raja Casablanca yo mu gihugu cya Morocco  aho ashobora kuyisinyira avuye mu ikipe asanzwe akinira ya  Konyaspor yo mu gihugu cya Turkey.(#MickyJr) Ikipe ya Orlando Pirates yo mu gihugu cya Africa y’Epfo  yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije umusore w’imyaka 27 ukina kuruhande…

Read More

Ubuhinde : abaganga bari mu myigaragambyo bamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina bahurira naryo mu mirimo yabo

Abaganga bo mu bitaro byinshi bya leta byo mu bihugu cy’u Buhinde bigaragambije mu bamagana igikorwa cyo gufata ku ngufu no kwica umuganga utabigize umwuga [umujyanama w’ubuzima] mu gace ka Kolkata ku wa gatanu. Imyigaragambyo y’abaganga isaba ubutabera n’umutekano mwiza ku kazi byatangiriye i Kolkata, muri Burengerazuba bw’agace ka Bangal, ubu bimaze gukwirakwira mu tundi…

Read More

Nord-Kivu : umutwe wa Wazalendo urashinjwa na sosiyete sivile ibikorwa byo kwinjiza abana bato mu bikorwa bya gisirikare

Sosiyete sivile yo mu gace ka Oicha yaburiye leta ko umutwe witwara gisirikare wa wazalendo uri kwinjiza ku gahato abana mu bikorwa bya gisirikare by’uyu mutwe muri teretwari za Beni na Butembo . Nk’uko uyu muryango ubitangaza, iki kibazo cyo kwinjiza abana mu gisirikare cy’imitwe yitwaje intwaro kugira ngo barwanye M23 cyatangiye ubwo izo nyeshyamba…

Read More

Padiri Jean Bosco Ntagungira yaragijwe Diyosezi Butare na papa francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoreye Padiri Jean Bosco Ntagungira kuba Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare. Padiri Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis i Remera, yasimbuye Mgr Rukamba Filipo ,Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bishinzwe itangazamakuru bya Papa kuri uyu wa Mbere, niryo rivuga izo mpinduka muri Kiliziya y’u…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : umunyamukuru shyaka clever yitabye imana naho Perezida w’Ubufaransa Louis XIII yatawe muri yombi

*Uyu munsi Kiliziya Gaturika irazirikana mutagatifu Hilarie wahowe Imana yiciwe ahitwa Ausbourg, yiciwe umunsi umwe na Quiriaque hamwe n’abandi bantu makumyabiri na bane. *Tariki ya 12 Kanama ni umunsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, ukaba n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku nzovu. Ibyaranze tariki 12 Kanama mu mateka 1952: Habayeho iyicwa ry’intiti 13 z’Abayahudi i Moscou mu Burusiya. 1981: Ni…

Read More

Tanzania : polisi yataye muri yombi abayobozi b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho

Abapolisi bo muri Tanzaniya bafunze abayobozi batavuga rumwe n’ubutegetsi kandi bakusanya abayoboke babo babarirwa mu magana ubwo baburizagamo imyigaragambyo yari iteganijwe. Ku wa mbere, abayobozi b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya Chadema, barimo Tundu Lissu wahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida, batawe muri yombi mu mujyi wa Mbeya uherereye mu majyepfo y’iburengerazuba bw’iki gihugu ,…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : ingabo za Ukraine zimaze kugera mu bilometero 30 ku butaka bw’uburusiya

Ingabo za Ukraine zamaze kugera muri kilometero 30 imbere mu gihugu cy’u Burusiya, mu gitero cya mbere cyijyeza kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira igitero gisesuye kuri Ukraine muri Gashyantare mu 2022. Umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Ukraine yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko abasirikare babarirwa mu bihumbi…

Read More

Amerika yahaye amato y’intambara Israel mu rwego rwo kwirinda ibitero bya Iran

Amerika yohereje ubwato bw’intambara buherekejwe na za misile mu burasirazuba bwo hagati, kubera ko amakimbirane akomeje kwiyongera muri aka karere. Iki cyemezo cyije mu rwego rwo gusubiza ubwoba bw’amakimbirane n’umwuka mubi w’intambara ukomeje gututumba mu karere, nyuma y’iyicwa ry’abayobozi bakuru ba Hezbollah na Hamas. Minisitiri w’ingabo, Lloyd Austin, yavuze kandi ko indege z’intambara kabuhariwe nazo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal irashaka Kingsley Coman, ahazaza ha Virgil van Dijk  usigaje umwaka umwe muri Liverpool!

Rutahizamu wa  Brentford   Ivan Toney akomeje kwifuzwa na ma ekipe yo muri   Saudi Pro League  muri Saudi Arabia, ikipe ya  Al-Ahli  niyo ifite amahirwe menshi yo gutwara uyu Mwongereza w’imyaka 28  . (Fabrizio Romano) Chelsea  iri mu biganiro byo kugarura Umunya- Portugal  Joao Felix, 24, nyuma yo gusoza amasezerano y’intizanyo mu ikipe ya Barcelona nka bimwe…

Read More

Béni : Abasivili 12 bapfiriye mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba za ADF

ku cyumweru tariki ya 11 Kanama, abasivili cumi na babiri, barimo abagore babiri n’umwana , basanzwe bapfuye bikewa ko bashobora kuba bazize ibitero by’inyeshyamba za ADF muri teritwari ya Béni iherereye muri Kivu y’Amajyaruguru . ku cyumweru tariki ya 11 Kanama, imirambo y’abasivili cumi na babiri, barimo iy’abagore babiri n’umwana, yajyanwe mu bitaro bikuru bya…

Read More