DailyBox

Igihe kirageze ngo umugabane wa afurika ugire uruhare mu micungire y’umutekano w’isi : António Guterres

António Guterres ,Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye asanga Afrika ikwiye guhabwa intebe ihoraraho mu kanama gashinzwe umutekano kw’isi nk’imwe mu mpinduka zo gukosora akarengane kagiye kibasira uyu mugabane. Umuyobozi w’umuryango w’abibumbye yasabye akanama gashinzwe umutekano ku isi (UNSC) kuvugurura imiterere avuga ko yataye igihe no guha Afurika icyicaro gihoraho ku meza, ashimangira ko uyu mugabane udahagarariwe….

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : isi yifatanya n’abantu bakoresha ukuboko kw’ibumoso naho Fidel Alejandro Castro Ruz abona izuba

Tariki 13 Kanama buri mwaka, isi yifatanya n’abantu bakoresha ukuboko kw’ibumoso ubusanzwe bifatwa nk’ibidasanzwe mu miterere ya muntu kwizihiza uyu munsi udasanzwe wabashyiriweho. Uyu munsi watangiye kwizihizwa mu mwaka w’1976, ni ukuvuga ko uyu mwaka wizihijwe ku nshuro ya 39, ukaba warashyizweho n’ihuriro mpuzamahanga ry’abantu bakoresha imoso (Lefthanders International) aho washyiriweho kuzirikana ibizazane abantu bakoresha…

Read More

Turukiya nk’umuhuza wa Etiyopiya na Somalia ku kibazo cyirebana n’ukwigenga kw’intara ya Somaliland.

Igihugu cya Turukiya cyateguye ibiganiro by’iminsi ibiri bigamije kwumvikanisha igihugu cya Etiyopiya na Somalia ku bibazo bijyanye no kwigenga kw’intara ya Somaliland. Abayobozi bakubutse muri Turukiya bavuga ko ibyo bihugu bifitaniye amakimbirane ajanye n’amasezerano Etiyopiya yagiranye n’intara ya Somaliland, yiyomoye ku gihugu cya Somaliya akaba ari nayo mpamvu nyamukuru yatumye Turukiya iri kugerageza kwumvikanisha Etiyopiya…

Read More

DR Congo – Rwanda : umuhuza João Lourenço yatanze uburyo bwo guharika urusaku rw’imbunda burundu mu burasirazuba wa congo -kinshasa

Perezida wa Angola João Lourenço yahaye bagenzi be b’u Rwanda na DR Congo umushinga wuzuye uganisha ku mahoro mu burasirazuba bwa DRC , mu ruzinduko yagiyemo i Kigali n’i Kinshasa ku cyumweru no ku wa mbere. Lourenço yabashije kugeza u Rwanda na DR Congo ku masezerano y’agahenge mu mirwano yo mu ntara ya Kivu ya…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Ukraine yamaze kwigarurira kilometero kare igihumbi z’ubutaka bw’Uburusiya

ubuyobozi bw’ ingabo za Ukraine bwatangaje ko abasirikare b’iki gihugu barimo kugenzura ubuso bwa kilometero kare 1,000 z’ubutaka bw’Uburusiya, mu gihe barimo gutsinsura mu gitero cya mbere kinini cyambukiranya umupaka bagabye kuva Uburusiya bwashoza intambara isesuye kuri Ukraine imaze imyaka ibiri n’igice. Komanda wo ku rwego rwo hejuru w’ingabo za Ukraine witwa Oleksandr Syrskyi yatangaje…

Read More

Paper Talk[Europe]: Vinicius Jr  muri Saudi Pro-League, Manchester United  ntirashirwa irashaka rutahizamu mushya!

Southampton yamaze kumvikana na  Hoffenheim  kubagurisha myugariro wayo  Armel Bella-Kotchap  w’imyaka 22 kuri £12.8m (15m euro) nyuma y’uko Hoffenheim itakaje rutahizamu wayo Maximilian Beier werekeje mu ikipe ya Borussia Dortmund  . (Sky Sports) Napoli yatanze ubusabe bufite agaciro ka  25m euros (£21.4m)  hakiyongeraho  5m euros (£4.3m)  mu ikipe ya Chelsea kuri rutahizamu  Romelu Lukaku, 31 Umubiligi igomba…

Read More

DRC : Abashinzwe dipolomasi barashima intambwe imaze guterwa ku gahenge kumvikanyweho n’u Rwanda

abashinzwe ububanyi n’amahanga bw’ibihugu by’u Rwanda na DRC batangaje ko ibiganiro birimo kugenda neza mu gahenge kumvikanyweho n’u Rwanda na DR Congo ,Nyuma y’ikiganiro cyihariye hagati ya Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo na João Lourenço wa Angola ku wa mbere nimugoroba . Nyuma yo guhura kwa Lourenço na Tshisekedi, minisitiri w’ububanyi n’amahanga Téte António…

Read More

Inzira ya Luanda no guhagarika imirwano hagati ya DRC n’u Rwanda nk’intandaro y’uruzinduko rwa Perezida wa Angola i Kinshasa

Perezida wa Angola, João Lourenço, usanzwe ari umuhuza w’umuryango Afurika yunze ubumwe mu kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DRC, yageze kuri uyu wa mbere, tariki ya 12 Kanama i Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi na Perezida Félix-Antoine Tshisekedi. Abakuru b’ibihugu byombi bari bagiranye ibiganiro by’imbonankubone [tête-à-tête] bakurikirwa n’inama y’akazi yagiranye n’abo bakorana cyane. Ibiganiro byibanze, nk’uko…

Read More