Umutoza wajyanye Rayon Sports mu matsinda ‘Ivan Minnaert’ yagaragaje uburyo yatunguwe no kuba Meddie Kagere agihamagarwa mu Mavubi

Umutoza watoje Rayon Sports akayijyana mu matsinda ya CAF Confederations Cup mu 2018 , Ivan Jacky Minnaert yanenze bikomeye kuba Meddie Kagere agihamagarwa mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Kandi hari amakipe akomeye mu Rwanda ahemba amafaranga menshi ari yo ya Rayon Sports na APR FC yakabaye abacura. Mu kiganiro yagiranye na Radio/TV 10 Rwanda, uyu…

Read More

inkomoko y\’umuryango wa OTAN na amakimbirane hagati yawo n\’ubu-Russia

Iki gitekerezo cya generali marshall ntabwo cyoroheje kwishyira hamwe kwubukungu bw’ibihugu by’i Burayi gusa ahubwo byateje imbere igitekerezo cy’inyungu n’ubufatanye hagati y’Amerika n\’Uburayi. Abasoviyeti banze kugira uruhare muri gahunda ya Marshall cyangwa kwemerera ibihugu by’icyogajuru mu Burayi bw’iburasirazuba kwakira ubufasha bw’ubukungu byafashije gushimangira amacakubiri yiyongera hagati y’iburasirazuba n’iburengerazuba mu Burayi.Mu 1947–1948, ibintu byinshi byatumye ibihugu…

Read More

Sudan : Abana bakomeje guhunga intambara ku bwinshi

Abana barenga miliyoni eshanu bahunze ingo zabo muri Sudani kubera intambara za hato na hato zibasira ibice bitandukanye by’iki gihugu. Mahmoud Ni impfubyi yo muri Sudani yatereranywe kabiri, kandi yimuwe kabiri mu ntambara ikomeye y’igihugu cye – bamwe  mu bana bo muri  Sudani bagera kuri miliyoni eshanu babuze hafi ibintu byose kuko basunitswe bava ahantu…

Read More

Jennifer Lopez yasabye umukunzi we gatanya !

Jennifer Lopez yasabye gatanya na Ben Affleck nyuma y’isabukuru y’imyaka ibiri bashyingiwe . Lopez yasabye gatanya ku wa kabiri mu rukiko rukuru rw’i Los Angeles, nk’uko biri mu nyandiko z’urukiko .Urukundo rwabo rwatangiye nyuma y’uko bahuye mu 2003 barimo gukora kuri filimi yitwa Gigli. Bari bateganyije gushyingirwa muri uwo mwaka, ariko mu 2004 bahagarika urukundo…

Read More

PaperTalk[Europe]:Ibura ry’indege  riratuma bamwe batareba final ya EURO! umuyobozi wa  La Liga yavuze amagambo yahumurije abafana ba Barcelona kuri  Nico Williams

Newcastle United  iratekereza  gutanga ubundi busabe bwabo  mu ikipe ya  Everton ku umusore wabo witwa Dominic Calvert-Lewin  w’Imyaka 27 akaba akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  nyuma yuko  amafaranga batanze bwa ambere  yanzwe n’ikipe ya Everton y’umutoza Sean Dyche . (Football Insider) Napoli  iracyakomeje umugambi wayo wo   gatwara umusore w’ikipe ya Chelsea bakunze gutiza  cyane witwa Romelu Lukaku…

Read More

Minisitiri Mukazayire yateye amatsiko abari i Budapest yo kuzitabira shampiyona y’isi y’amagare mu Rwanda

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yakanguriye abitabirirye isiganwa ryamagare I Budapest muri Hongrie kuzitabira shampiyona y’isi y’amagare izabera mu Rwanda muri Nzeri uyu mwaka. Kuri uyu wa gatatu, Minisitiri wa Siporo mu Rwanda Nelly Mukazayire yaganiriye n’abitabiriye irushanwa ry’isiganwa ry’amagare mu gihugu cya Hongrie, abakangurira kuzitabira irushanwa ry’isiganwa ry’amagare ku rwego rwisi rizabera mu Rwanda…

Read More

Premier League : batanu bashobora kutagaragara ku ruhande rwa Manchester united igiye guhura na Burnely

Abakinnyi batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley ubwo Ruben Amorim araba yitezweho gufata icyemezo kigoye. Amwe mu makuru mashya yerekeye imvune za Manchester United ubwo ikipe y’umutoza Ruben Amorim iraba yitegura gukina na Burnley kuri uyu wa gatandatu. Abakinnyi bagera kuri batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley…

Read More

DRC : M23 yigaruriye umujyi wa Nyabiondo muri Masisi

Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira umujyi wa Nyabiondo uherereye mu ifasi ya Masisi mu majyaruguru ya Kivu nyuma yo gutsinsuramo ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo [ FARDC ] zakoreraga muri kariya gace . Ifatwa rya Nyabiondo rije nyuma y’imirwano ikomeye yabaye hagati y’uyu mutwe n’ingabo za FARDC zari zifite ubufasha bw’ingabo…

Read More