Paper Talk[Europe]:Manchester City yafashe umwanzuro kungingo yokuzana abakinnyi, bamwe mu bakinnyi ba Barcelona bari kwanga kuyivamo!

Brighton yamaze gutangira gukurikirana umusore w’imyaka 22 ukomoka mu gihuhu cy’Ubuhorandi  Crysencio Summerville ukinira ikipe ya   Leeds United uy’umusore watsinze ibitego 20 muri shampiyona y’ikiciro cya kabiri mu gihugu cy’Ubwongereza  ndetse atanga n’imipira icyenda yavuyemo ibitego. (Talksport) Mababa ukomoka mu gihugu cya Spain Ferran Torres arifuzwa cyane n’ikipe ya  West Ham United muri iy’impeshyi gusa uy’umusore w’imyaka…

Read More

Rusizi : Umugore w’imyaka 37 amerewe nabi nyuma yo kurumwa n’ingurube

Umugore witwa Ngendakumana Marie utuye mu murenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi arasaba ubufasha kubera ko aherutse kurumwa n’ingurube y’uwitwa Celestin Nsengimana ikamukomeretsa cyane ubwo bahuraga ayivanye kuyibangurira . Ngendakumana Marie w’imyaka isaga 37 utuye mu mudugudu wa Banamba , akagari ka Rasano mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi arasaba leta…

Read More

Umweyo na Transfert muri Police fc biravuza ubuhuha.

Ikipe y\’igipolisi cy\’igihugu nyuma yo gusoza shampiyona y\’umwaka w\’imikino wa 2023/2024 warangiye mu buryo butashimishije benshi abareberera hafi iby\’ikipe harimo n\’abafana bayo bijyanye n\’intwaro zigiye zikomakomeye yari yaragiye yibibikaho mu ntangiriro z\’iyi season kuko yasoreje ku mwanya ku mwanya wa karindwi n\’amanota mirongo itatu n\’icyenda yizigamye igitego kimwe gusa mu mikino 30 ya shampiyona usibye…

Read More

Inama Mpuzamahamanga mu by’Ikoranabuhanga yagombaga kubera i Kigali yasubitswe

Mukanya gashize , Ishyirahamwe ‘Global System for Mobile Communications Association (GSMA)’ ryari rifite mu nshingano gutegura inama Mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’Ikoranabuhanga, MWC Kigali 2024, yagombaga kubera i Kigali ku wa 29-31 Ukwakira 2024, rimaze gutangaza ko isubitswe kugeza igihe kitigeze kitangazwa . Ishyirahamwe ‘Global System for Mobile Communications Association (GSMA)’ ryayiteguraga ryatangaje ko riri…

Read More

Leta y’u Rwanda yagejeje ku nteko nshingamategeko ibiteganyijwe mu myaka itanu iri imbere

Leta y’u Rwanda yatangarije abaturage bayo bahagarariwe n’abagize inteko nshingamategeko imitwe yombi ibiteganyijwe kugerwaho muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere NST2 (2024-2029) ibi bikaba byatangajwe na Minisitri w’intebe Dr.Edouard Ngirente. Ni kuri uyu wa mbere,mu nzu y’inteko Nshingamategeko intumwa za Rubanda mu izina ry’abaturage zagejejweho iyi gahunda igamije kwihutisha iterambere ishingiye ku guha amahirwe…

Read More

Vinicius junior ntagitwaye Ballon d’or nk’uko byari byitezwe biha amahirwe Rodri

Umunya-Brazil Vinicius junior w’imyaka  24  byavugwaga ko ariwe ugomba kwegukaga  Ballon d’or  ya  2024 , byatangajwe ko atariwe uri buyegukane, amahirwe menshi akajya kuri Rodri wa Manchester City. Vinicius Junior w’imyaka  24  yegukanye  UEFA Champions League ndetse na shampiyona y’Igihugu ya Esipanye  mu mwaka ushize w’imikino gusa ntakintu kigaragara yigeze afasha ikipe ye y’igihugu ya…

Read More

Dore byinshi wamenya ku buzima n’amateka bya nyakwigendera Liam Payne wahoze mu itsinda rya One Direction

Umuhanzi w’umwongereza Liam Payne, wamenyekanye mu itsinda One Direction ryakunzwe cyane muri muzika y’ubwongereza ndetse no ku isi hose muri rusange, kuri uyu wagatatu taliki 16 Ukwakira 2024, Yatabarutse. Dore iby’ingenzi wamumenyaho Lyam James Payne, wamenyekanye nka Liam Payne, yabonye izuba kuwa 29 kanama 1993, mu mujyi wa Wolverhampton west midlands wo mu gihugu cy’Ubwongereza, avukira…

Read More

Ikipe ya Napoli yazibukiriye kuri Victor Osimhen

Ikipe ya Napoli na Galatasaray bamaze kugera ku masezerano ya burundu ku igurishwa rya rutahizamu w’Umunya-Nijeriya Victor Osimhen, nyuma y’igihe gito yari amaze mu ntizanyo. Galatasaray yashakaga kumusinyisha burundu nyuma y’uko yabatsindiye ibitego 37 n’imipira 8 yavuyemo ibitego mu mikino 41 yakinnye mu marushanwa yose. Nubwo Galatasaray yemeye kwishyura miliyoni €75m (na €5m y’inyongera) zari…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Ibya Kategaya Elie ushobora gusohoka mu ikipe ya APR FC, amakipe yo muri Tanzania akomeje kuregwa muri FIFA ku  bwinshi !

Umunya-Tanzania Israel Patrick Mwenda akaba umukinnyi  wa  Simba SC  w’Imyaka  24  yamaze kurega  ikipe  Singida Black Stars yiwabo muri Tanzania  mu mpuzamashyirahamwe  y’Aruhago  ku isi  “FIFA”  nyuma yo kutamwishyura ibyo yamugombaga.(#MickyJr) Umunya-Morocco  Brahim Diaz  w’Ikipe  ya  Real Madrid  yamaze  kugera mu mwiherero  w’Ikipe y’Igihugu  aho  aje kuyifasha mu mikino  yo  gushaka tike y’Imikino  y’Anyuma  y’Igikombe…

Read More