Intambara ya Israel na Palestine : Isirayeli yateye Ibirindiro birindwi by’Umutwe wa Hezbollah muri Libani

Ingabo za Isirayeli kuri uyu wa kane zatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro birindwi by’abarwanyi ba Hezbollah muri Libani. Zatangaje kandi itabwa muri yombi ry’umuturage wa Isirayeli ukekwaho kugira uruhare mu mugambi wa Irani wo gushaka guhitana bamwe mu bayobozi b’igihugu. Mw’itangazo bwasohoye, ubutegetsi buvuga ko uwatawe muri yombi ari umucuruzi ufite abantu akorana na…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea ikomeje umugambi wo kurekura abakinnyi,Real Madrid yabuze umutoza yashakaga!

Mababa  w’Ikipe y’Igihugu  ya  Brazil Antony Matheus dos Santos, 24,  ntago ashaka gusohoka mu ikipe ya  Manchester United nubwo ikipe  ya  Fenerbahce  y’umutoza José Mourinho yamushakaga cyane. (ESPN) Amakipe atandukanye yo muri shampiyona   ya  Turkey  ariyo   Super Lig   Istanbul Basaksehir, Fenerbahce, Besiktas ndetse na Eyupspor  zose ntizikibonye  Umwongereza    Kieran Trippier  wa  Newcastle  United  uyu myugariro akaba afite…

Read More

Paper Talk: Manchester United  yamaze kumvikana  na rutahizamu kandi udahenze , birasa nkaho Chelsea yagarutse muri gahunda yo gutwara  Victor Osimhen!

Arsenal  ntago irabasha gutanga amafaranga y’ifuzwa  n’Ikipe ya  Bologna  angana miliyoni £42.3  kuri myugariro Riccardo Calafiori, w’imyaka 22 gusa kugeza ubu ibiganiro birakomeje hagati y’amakipe yombi  . (Football Italia) Umudage ukina hagati mu kibuga  Pascal Gross  yamaze kumvikana ibimureba byose na ekipe ya  Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage   kugirango uyu musore asohoke mu ikipe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Real Madrid igiye gutwara Trent Alexander-Arnold, amakipe  ashaka Nico Williams akomeje kuba menshi nyuma ya Barcelona

Real Madrid  iracyatekereza  gusinyisha umusore w’Imyaka 25 Trent Alexander-Arnold w’Ikipe ya Liverpool dore ko asigaje umwaka umwe wa masezerano kuyo afite mu ikipe ya Liverpool   gusa nayo ikomeje gukora ibishoboka byose kugirango bamwongerere  amasezerano. (Talksport) Manchester United  nubwo yazatandukana na Erik ten Hag  asoje amasezerano nago yazana  Gareth Southgate  imbere ya Thomas Tuchel  wahoze atoza Chelsea…

Read More

Abapolisi bagera ku 154 barimo ACP Celestin Twahirwa bahawe ikiruhuko k’izabukuru

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwatangaje ko ACP Celestin Twahirwa wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda n’abandi bagera 153 barimo umwe ufite ipeti rya CP (Commissioner of Police), na batandatu bafite irya ACP (Assistant Commisioner of Police) bashyizwe mu kiruhuko k’izabukuru . Ku munsi wejo  ku Cyumweru tariki 10 Ugushyingo 2024 ,nibwo Polisi y’u…

Read More

Ishyirwaho ry’agahenge mu myanzuro myinshi yafatiwe i Dar es Salam

Inama yaberaga muri Tanzania y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC, yigaga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC, yafashe imyanzuro irimo ko ibikorwa by’urugomo bihagarara, hagatangwa agahenge. Iyo nama yasabye ko hasubukurwa ibiganiro hagati y’ibihugu birebwa n’iki kibazo ndetse n’izindi mpande zaba iza gisirikari n’iza gisivili, harimo n’umutwe wa M23. Ubwo yatanganga ijambo kubitabiriye…

Read More

EURO 2024 : Anthony Gordon yagarukanye ibikomere mu myitozo

Kuri uyu wa kane, Anthony Gordon yagaragaye mu myitozo ya ekipe y’igihugu y’ubwongereza abifite igikomere ku kanananwa no kubiganza nyuma y’uko uyu mukinnyi wa Newcastle yaguye ari ku igare rye ku wa gatatu mu kigo ikipe y’Ubwongereza icumbitsemo . Uko Bigaragara Anthony Gordon w’imyaka 23 ukinira Newcastle yarakomeretse bikomeye cyane nyuma yuko we n’abandi bakinnyi…

Read More

Sobanukirwa VISA yitwa ‘Schengen’ iguhesha kujya mu gihugu cyose ushaka mu Burayi

Visa ya Schengen ni visa itangwa na bimwe mu bihugu binyamuryango by’Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi ku bantu baturutse hirya no hino ku isi , aho yemerera umuntu uyibonye kwinjira no kugenda muri ibyo bihugu nta nkomyi. Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 27 bibarizwa ku mugabane birimo nka Germany, Austria, Belgium, Croatia, Czech Republic, Denmark,Finland, France, Greece, Hungary,…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mohamadou Lamine Ba mababa mushya wa APR FC,Mucyo Junior Didier yatandukanye na Rayon Sports kandi  n’aho yakoze igeragezwa byaranze!

Abafana b’ikipe ya  Dynamos FC yo mu gihugu cya Zimbabwe  bahanganye n’abayobozi b’iyi ikipe mu rwego rwo gushyigikira abakinnyi b’iyi kipe bamaze igihe batazi ikitwa umuashahara ndetse abakaba baberewemo amafanga menshi y’uduhimbazamusyi batahawe mu bihe bitandukanye  n’abo bakaba bafashe umwanzuro wo kudakora imyitozo bitagura umwaka w’Imikino.(#MickyJr) Ayamakipe  n’iyo atazakina imikino y’Ibanze(preliminary round)  ya CAF Champions 2024/25…

Read More

Rubavu : Abaturage barembejwe n’indwara y’amavunja bemeza ko ari amarogano

Rubavu, 5 Ukuboza 2024 – Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu baratangaza ko bafite ikibazo cy’amavunja, ariko bagasanga iyi ndwara itarimo gukira kubera ko abarwaye bayarogwa. Nyamara, ubuyobozi buvuga ko amavunja ari indwara y’umwanda, bityo bukaba bugiye gushyira imbaraga mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturage kugira isuku. Aba baturage barimo…

Read More