Morgan Gibbs-White yateye umugongo Tottenham Hotspur

Morgan Gibbs-White yashyize umukono ku masezerano mashya azatuma azageza mu mwaka 2028 ari umukinnyi wa Nottingham Forest, akuraho urujijo rw’ahazaza he. Uyu mukinnyi w’imyaka 25 yasaga nk’ugiye kwerekeza muri Tottenham Hotspur, nyuma y’uko iyi kipe yo mu majyaruguru ya Londres yatekerezaga ko niyishyura amafaranga yakwemerera umukinnyi gusohoka(release clause) angana na miliyoni £60 bizakunda. Tottenham yari…

Read More

Uganda; Minisitri Phionah Nyamutoro yarusimbutse,Batanu batawe muri yombi.

Polisi mu karere ka Rubanda ko mu Burengerazuba bwa Uganda, yatangaje ko yataye muri yombi abacunga umutekano Batanu bakekwaho gusuka urufaya rw’amasasu kuri Minisitri ushinzwe ingufu,ubucukuzi asuye ikirombe byavugwaga ko gikorerwamo ubucukuzi butemewe. Mu masaha yatambutse nibwo humvikanye urusaku rw’amasasu muri aka gace ka Butare- Kajooko,byari bizwi ko minisitiri Phionah Nyamutoro aza kugirirayo uruzinduko. Akigera…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Rayon Sports yongereye amasezerano Masoud Djuma

Bimwe mu bihe byaranze uyu munsi muri siporo[Tariki ya 30/kanama] 1986 Gelindo Bordin yegukanye marato ya Stuttgart akoresheje igihe kingana na 2:10:54. 1987 Ben Johnson wo muri Kanada yatwaye ya metero 100 anashyiraho amateka yisi nyuma yo gukoresha iminota icyenda n’amasegonda mirongo inani n’atatu [9.83]. 1991 umukinnyi witwa Mike Powell wo muri Amerika yashizeho agahigo…

Read More

Bakabaye barakoresheje ayo mafaranga n’imbaraga zabo mu bindi. U Rwanda rurahari ndetse ruzakomeza gutera imbere buri mwaka:Perezida Kagame

Kuri uyu wa kabiri mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru cy’igihugu,perezida wa repubulika y’u Rwanda Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda rutazigera rugendera ku gitutu cy’amahanga ndetse n’abandi batifuriza igihugu ibyiza. Nyakubahwa Kagame Paul kuri iki gicamunsi yagiranye ikiganiro na RBA byumwihariko cyagarukaga ku ncamake y’ibyagezweho ,imbogamizi ndetse na amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri nyakanga taliki 15,umuyobozi…

Read More

Amakipe abiri akomeye muri Tanzania ategerejwe i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC biteganyijwe ko zizakina n’amakipe ya Simba SC na Young Africans mbere y’uko umwaka w’imikino utaha 2025-2026 utangira. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Young Africans Ally Kamwe yemeje ko bazakina na Rayon Sports tariki 15 z’u kwezi kwa munani 2025, bikazaba ari umunsi w’igikundiro nk’uko abafana ba Rayon Sports bawita(Rayon…

Read More

Menya amakuru agezweho ku burwayi bw’umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gaturika ku isi Papa Francis amerewe neza nubwo akiri mu bitaro aho arikuvurwa indwara zibasira ibihaha ndetse n’izibasira impyiko, aho impyiko ze zitari gukora akazi kazo neza. Abaganga batangaje ko ibimenyetso by’amaraso byagaragaje ko impyiko ze zitarimo gukora akazi kazo neza, ko kuyungurura amaraso no gusohora imyanda mu mubiri, akaba akirwariye mu…

Read More

Sobanukirwa n’amateka ya Rukara Rwa Bishingwe uvugwaho kuba yaba yarishe umuzungu

Amateka y’ibihangange byabayeho mu Rwanda harimo abagiye bagira imyitwarire ifite amateka yihariye n’imvugo zikakaye zifite byinshi zihatse mu mibereho yabo ndetse no mu mateka y’igihugu.Ubimburiye abandi tugiye gutekererezwa imyifatire yamuranze n’imvugo ze, ni Rukara rwa Bishingwe. Icyivugo cye ari na cyo cyari gikubiyemo ibigwi n’ibirindiro bye cyari “Rukara rw’igikundiro, urwa Semukanya Intahanabatatu.” Rukara Rwa Bishingwe…

Read More

Vinicius junior ntagitwaye Ballon d’or nk’uko byari byitezwe biha amahirwe Rodri

Umunya-Brazil Vinicius junior w’imyaka  24  byavugwaga ko ariwe ugomba kwegukaga  Ballon d’or  ya  2024 , byatangajwe ko atariwe uri buyegukane, amahirwe menshi akajya kuri Rodri wa Manchester City. Vinicius Junior w’imyaka  24  yegukanye  UEFA Champions League ndetse na shampiyona y’Igihugu ya Esipanye  mu mwaka ushize w’imikino gusa ntakintu kigaragara yigeze afasha ikipe ye y’igihugu ya…

Read More

perezida Putin yavuze ko uburusiya na Koreya ya Ruguru bigiye gufatanya buvandimwe;uzajya utera umwe uhangane na babiri

Perezida w’uburusiya Vladmir Putin kuri uyu wa gatatu yatangaje ko umubano uri hagati cya Koreya ya Ruguru na uburusiya wamaze kuba ntajegejega ;ko uzajya ashotora igihugu kimwe azajya ahangana n’ibi bihugu bishuti byombi kandi akirengera ingaruka n’ikiguzi cyibo aza akoze. Ibi Perezida Putin yabitangaje kuri uyu wakane ubwo yagiriraga uruzinduko mu gihugu cya Koreya yepfo…

Read More