Thomas Tuchel vuba aha ashobora kuza kwisanga ari umutoza wa manchester united

Umuherwe wa Manchester united sir Jim Ractife yamaza gutangaza ko mu mpera z\’iki cyumeru bashora kuza kwerekana umutoza mushya ugomba gusimbura Eric Tenhag wari usanzwe utoza iyi ikipe. Nk’uko ikinyamakuru sky sports kibitangaza ngo uwitwa Sir Jim Ratcliffe yagiranye ibiganiro imbonankubone na Thomas Tuchel, bishobora kuza gutuma Manchester United yizeye ko izabona umusimbura ku mwanya…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rayon Sports ubwumvikane bukomeje kuba iyanga! Kiyovu Sports irakomerewe, Pitso Mosimane abuze akazi yari y’izeye

Umunya Malawi w’imyaka ,22, Lanjesi Nkhoma  yamaze kumvikana na TP Mazembe yo muri Democratic Republic of Congo avuye mu ikipe  Nyasa Big Bullets yo mu gihugu cya  Malawi, nyuma yogutsinda ibitego 20 mu mwaka w’imikino wa 2023/2024. (# Micky Jnr) Marcel Koller usanzwe ari umutoza wa ekipe ya Al Ahly yamaze kongererwa amasezerano muri iy’ikipe…

Read More

World cup 2026 Qualifiers;Cameroun ibifashijwemo bikomeye na Onana yatsinze Cape verde

Ikipe y\’igihugu ya Cameroun ibifashijwemo n\’Andre anana baraye banyagiye ekipe y\’igihugu ya Cape Verde ibitego 4-1 mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy\’isi cya 2026 amakipe y\’ibihugu y\’Africa akomeje guhatana ashakisha itike iyajyana mu mikino y\’igikombe cy\’isi 2026 kizabera muri America y\’epfo mu bihugu bya; Canada, Mexico na Leta zunze ubumwe za…

Read More

Rafael Nadal yandagaje Dominic Thiem,Los Angeles Lakers yisasira Boston Celtics inayitwara NBA , FC SC Enschede…. uyu munsi taliki ya 9/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1910 ,Imyaka 114 irashize kugera uyumunsi, ikipe ya Fc SC Enschede ishinzwe. Iyi kipe yo mu Buholandi yegukanye igikombe cya shampiyona kimwe rukumbi . 1990 Cashpoint-Arena…

Read More

Umwami w’Ubudage Henry IV yatsinze Ubwami bwa Saxony,Papa Clement wa VII,Umwamikazi Elizabeth II….uyu munsi mu mateka taliki ya 9/Kamena

uyu munsi ku cyumweru,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161 mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 641 Ingabo z\’Abarabu n\’Abisilamu zatsinze Abanyaroma muri Alegizandiriya, zigarurira Misiri. 721 Odo wa Aquitaine yatsinze ingabo z\’abayisilamu zari zikunzwe gutazirwa Umayyad ku rugamba rwa Toulouse. 1075 Intambara ya Langensalza:…

Read More

Madamu Jeanette yahaye urubyiruko umukoro wo kurwanya abasebya u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi, asaba urubyiruko kugira uruhare mu guhangana n’abasebya u Rwanda ndetse n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Mu kiganiro cyibanze cyane cyane ku mateka y’u Rwanda cyatanzwe na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yabwiye uru rubyiruko ko u…

Read More

Rayon Sports na APR FC z\’ihombye €50 million bariguhabwa na FIFA!

Mumwaka wa 2025 muri Leta zunze ubumwe za Amerika hazakinirwa  imikino y’igikombe cy’isi cya makipe (FIFA Club World Cup 2025) kivuguruye aho umubare wa makipe azagikina aziyongera akava kuri 7 akagera kuri 32  amakipe azitabira gusa  azahabwa €50 million mugihe izegukana igikombe izatwara €100 million, iyo Rayon Sports na APR FC zitabira n’azo zari kurya…

Read More

Umwe mu bagize intumwa za rubanda umutwe wa sena yeguye ku nshingano ze

Hon .Mupenzi George wari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko y\’u Rwanda umutwe wa sena yamaze kugeza urwandiko rwemeza ubwegure bwe kuri perezida w\’iyi nteko . Bubicishije mu ubutumwa ,ubuyobozi bw\’inteko ishinga amategeko y\’ u Rwanda bwemeje aya makuru yaramaze iminsi avugwa ko uyu munya -politike ashobora kuba yeguye ku nshingano ze. ubu Ubutumwa…

Read More

Perezida Tshisekedi ntakozwa ibyo guhura na perezida Kagame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba . Iyi Nteko Idasanzwe ya 23 y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki 07 Kamena 2024, yabaye hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga. Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yitabirwa n’abakuru…

Read More