EURO 2024: Germany Vs Scotland ,amateka hagati y’ibihugu,amakuru avugwamo ,11 bashobora kubanzamo n’imvamutima z’abatoza n’abakinnyi

Ikipe y’igihugu y’ubudage[ Die Nationalmannschaf] kuri uyu wa kane igiye kwakira ikipe y’igihugu ya Ecosse cyangwa Scotland kuri sitade mberabyombi ya Fußball Arena München iherereye mu mujyi wa Munich ku isaha y’i saa tatu z’ijoro z’i kigali mu Rwanda no mu Bujumbura mu Burundi ,uyu uraza kuza kuba ari umukino ifungura irushanwa ku mugaragaro rya…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 14 /Kamena ,ikipe ya Chelsea yasinyishije Umwongereza Frank Lampard,Sir Bobby Charlton na Real Madrid

uyu munsi kuwa kane ,Tariki 14/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 166 mu igize umwaka, hasigaye 200 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo; 1897 Real Madrid yatwaye shampiyona ya Laliga ku nshuro yayo ya 22 nyuma yo gutsinda Real Zargoza bitatu ku busa iyi ikipe ikaba ari…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Zamalek SC yongeye gukora ibara! Transfer mu Rwanda zashyushye Rayon Spors, APR FC ,Mukura VS

Igihugu cya Morocco kigiye gutangira umushinga mugari wokubaka sitade nini kandi igezweho izaba ifite ubushobozi bwo kwakira byibuze ugereranyije abantu 115,000 bicaye neza bitegura kwakira igikombe cy’isi cya 2030.(#Micky Jr) Eric Sekou Chelle uy’umutoza ukomoka mu gihugu cya ivory coast gusa yakiniye ikipe y’igihugu ya Mali arinayo yatozaga, yamaze rero kwirukanwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri…

Read More

TO DAY IN HISTORY: Ernesto Che Guevara na Donald Trump babonye izuba,kimwe mu bibuye (asteroid) bibungera mu isanzure… uyu munsi mu mateka ,taliki ya 14/Kamena

uyu munsi kuwa kane ,Tariki 14/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 166 mu igize umwaka, hasigaye 200 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; 1777 kongere ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yemeje ibendera igihugu cyagombaga kujya gikoresha. 1868 : Havutse Karl Landsteiner, wavumbuye ubwoko bw’amaraso (Blood Groups-Groupes Sanguins), abantu bose batuye isi…

Read More

Paper Talk[Europe]:Chelsea Transfer yayo y’indi n’irutahizamu, imyaka Ten Hag agiye guhabwa muri United!

Umusore w’ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Joe Gomez, 27,  arifuzwa cyaneze n’ikipe ya Bayern Munich nyuma yokuzana umutoza mushya Umubiligi vincent company waruvuye mu ikipe ya Burnley. (Mirror) Chelsea  itangiye gutekerezakongerera amasezerano  umusore wayo w’imyaka  24 ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Conor Gallagher, w’ifuzwa cyane na  Aston Villa ndetse na  Tottenham Hotspur. (Guardian) AC Milan ikomeje ibiganiro…

Read More

Rayon Sports ifasha umwanzuro wa kigabo, ikura amashyiga y’inyuma muri bamukeba yerekana ko y’iteguye urugamba rw’amahoro!

Ikipe ya Rayon sports iri kwitegura  urugamba izakinabo n’ikipe y’igingabo z’igihugu APR FC yamaze kwibikaho abandi bakinnyi babiri barimo Fitina Omborenga na Muhadjiri Hakizimana kuva kuri bamukeba APR FC na Police FC. Nyuma yogutandukana n’abakinnyi benshi biganjemo ababanyamahanga ndetse n’abanyarwanda harimo n’uwagiye muri mukeba Tuyisenge Arsene ndetse no kugira Umwaka mubi w’imikino wa 2023/2024 Kubera…

Read More

Paper Talk[Rwnda&Africa]: Ubuyobozi bw’ikipe ya As Kigali bugiye gukora inama, igihugu cyo muri Africa kigiye gukoresha VAR muri shampiyona!

Umunya Uruguay w’imyaka 33  ukinira ikipe ya   Mamelodi Sundowns yomuri South Africa akomeje gukurikiranwa cyane n’ikipe ya Wydad Athletic Club, doreko uy’umukinnyi wibereye iwabo mu biruhuko atekereza gusohoka muri iy’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri South Africa.( #Micky Jnr) Jürgen Klinsmann umugabo  watoje amakipe akomeye  arimo  ikipe y’igihugu y’Abadage ,Bayern Munich, USA, Hertha ndeste na ekipe…

Read More

Micheal Jordan yaciye agahigo ko gutsinda amanota 38,Raphael Nadal yatsinze bikomeye cyane Novak Djokovic,orlando Magic ….. uyu munsi mateka mu isi ya siporo taliki 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi mu isi ya siporo; 1938 Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ya Cricket yatsindiye Australiya ibizamini 58 ku 8 akaba ari umukino wabereye kuri kuri Trent Bridge. 1955 Impanuka yimodoka ya…

Read More

Minisitiri w’Intebe wa Canada Stephen Harper yasabye imbabazi ku mugaragaro,Manuel Uribe,Umuvumbuzi Edwin Armstrong yakoze FM…,uyu munsi mu mateka ,taliki ya 11/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri,Tariki 11/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 163 mu igize umwaka, hasigaye 203 ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi mu byaranze uyu munsi; 1776: Hashyizweho itsinda rigizwe na Thomas Jefferson, John Adams, Benjamin Franklin, Roger Sherman, na Robert R. Livingston ryari rigamije gukora inyigo ijyanye no gusaba ubwigenge bwa Leta Zunze…

Read More

Indege yari itwaye Vice-president wa Malawi yaburiye irengero!

Saulos Chilima,Perezida wungirije wa Malawi,yaburiwe irengero mu ndege yafashe mu masaha ya mugitondo Aho yerekezaga Mzuzu mu majyaruguru y\’icyo gihugu. Mu masaha yashize, ibiro bya perezida wa Malawi,byatangaje ibura ry\’indege yari itwaye uyu mwunganizi wa perezida mu nshingano,yaburiwe irengero ndetse na radari zikaba zakomeje kuyibura.Iyi ndege yari itegerejwe kugera I Mzuzu ku isaha ya saa…

Read More