Today in history : taliki ya 22 /Kamena,Mu Bwongereza habaye intambara ya mbere yahuje amoko yabarizwaga muri iki gihugu naho Jomo Kenyatta, wabaye Perezida wa Kenya guhera mu 1964 aratabaruka

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 22 Kanama 2024 ni umunsi wa 174 w’umwaka ubura iminsi 192 ngo urangire. 1642 : Mu Bwongereza habaye intambara ya mbere yahuje amoko yabarizwaga muri iki gihugu 1775 : George III, umwami w’u Bwongereza yatangaje ko intara za Amerika bari barigaruriye zatangiye…

Read More

EURO 2024: Shaparenko na Yaremchuk bongeye gutuma abatuye Kyiv bongera kugira icyizere cyo kurenga amatsinda

Mu kanya kuri sitade Merkur spiel- Arena, Ikipe y’igihugu ya Ukraine ibonye itsinzi yayo ya mbere iyikuye imbere y’ikipe y’igihugu ya slovakia y’ibitego bibiri kuri kimwe muri EURO 2024. Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Ukraine Serhiy Rebrov yaje asa nkaho yawukaniye bijyanye yabanje hafi intwaro ze zose mu kibuga byumwiahariko abasore bakina mu ma shampiyona akomeye…

Read More

Abakwiye ikipe y’ingabo z’Igihugu nka APR FC batangiye ku hasesekara bahereye kumutoza wajyanye ikipe mu matsinda y’imikino nya Africa!

Nyuma  y’uko ikipe ya APR FC  isoje umwaka w’imikino  wa 2023/2024  igahitamo gutandukana n’uwari  umutoza wayo Umufaransa Thierry Froger  yamaze kubona umutoza mushya  umunya Serbia  w’imyaka 52 Darko Novic. Ikipe y’ingabo z’igihugu  “APR FC “  izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League mu mwaka utaha w’imikino ifite intego z’iremereye zo kugera  mumatsinda nyuma…

Read More

Chelsea fc ku isoko ry’abakinnyi : ibya Samu Omorodion wa Atheltico Madrid na Michael Olise wa crystal palace berekeza muri iyi ikipe bigeze he ?

Ikipe ya Chelsea yo muri shampiyona y’ubwongereza nyuma yo kuzana umutoza mushya enzo Maresca nayo yamaze gutera amatako ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri iki ki, nibande iyi ikipe iri gushaka kungeramo ?… Umutoza Enzo Maresca arashaka abataka bagomba kuzafasha  umunya Senegal Nicolas Jackson,aho ibi byatumye iyi ikipe ikomanga mu ikipe ya Atletico Madrid…

Read More

Ingabo z’ u Rwanda ziri muri Central Africa zongeye kwambikwa umudali ku bw’ubudashyikirwa bukomeje kuziranga

Ingabo z’u Rwanda ziherereye muri central afurika mu butumwa bw’amahoro zongeye guhabwa umudali wishimwe na Loni kubera gukora neza inshingano zazo muri iki gihugu. Ejo ku wa kane taliki 21/Kamena nibwo Umuyobozi wungirije ukuriye Ingabo za Loni zishinzwe kugarura Amahoro muri Santrafurika, Maj Gen Luis Manuel Ricardo Monsanto, yayoboye umuhango wo gushimira byajyanye no kwambikwa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki 21/Kanama,ikipe y’igihugu ya Brazil hamwe na Pele batwaye igikombe cy’isi cyabo ku nshuro ya gatatu naho Richard Jefferson na Frank Vogel baravuka

uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 21/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 173 mu igize umwaka, hasigaye 193 ukagera ku musozo,uyu munsi ukaba umunsi muremure kurusha indi muyigize umwaka bizwa nka [SOLSTICE] mu ndimi za amahanga. 1954 Umukinnyi wiruka wo muri Ositaraliya John Landy yirutse ibirometero 3 akoreheje amasaha (3: 58.0) i Turku, muri Finlande….

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Umukinnyi w’umunyarwanda yabuze igihembo n’akimwe mu byatanzwe, APR FC ishobora kubura muri CECAFA!

Nyuma yabafana babiri  b’itabye Imana  kumukino wahuzaga Al Ahly ndetse n’ikipe ya Al Ittihad  muri shampiyona y’umupira  w’amaguru  mu gihugu cya  Misiri , abakinnyi  b’ikipe ya Al Ahly bagiye gutanga igice cy’umushahara wabo kugirango bafashe imiryango yabasigaye ndetse peresida w’ikipe  ya Al Ahly  Mahmoud El Khatib  ndetse  n’abo bayoboranye  n’abo biyemeje gufasha umuryango.(#Micky Jr) Ikipe…

Read More

TODAY IN HISTORY: Taliki ya 21/Kamena ,James Anderson Jr yahawe umudali w’ishimwe nk’umwirabura wa mbere wabaye umusurikare wa mbere wa Amerika mu mutwe w’abarwanira mu mazi naho Umwami Mohammed IV wa Maroc abona izuba

uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 21/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 173 mu igize umwaka, hasigaye 193 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1878: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abanyamategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rizwi ku izina rya American Bar Association. 1959: Perezida Dwight D. Eisenhower wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasinye…

Read More

Paper Talk[Europe]:Umwanzuro wa Manchester United ku mu kinnyi y’ifuzaga, transfer z’ikipe ya Arsenal ntiziri kwishimirwa na bafana

Liverpool ngo yaba irigutekereza gutwara umunya  Turkey w’imyaka 19 ukina mu kibuga hagati yataka (sattacking midfielder )  Arda Guler  bakamukura mu ikipe  Real Madrid yo mu gihugu cya Spain. (Teamtalk) Fulham  nyuma yo gutira  Armando Broja  b’iravugwa ko igiye kongera kwijira muri gahunda yokugura umusore w’ikipe ya Chelsea w’imyaka  24 myugariro  Trevoh Chalobah  ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (Standard)…

Read More

Umweyo muri Bugesera football club : batanu imaze kwemeza ko itandukanye nabo.

Bugesera FC ibicishije ku mbugankoranyambaga zayo yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi batanu ari bo Stephen Bonney, Vincent Adams, Cyubahiro Idarusi, Dushimimana Olivier wasinyiye APR FC na Ani Elijah werekeje muri Police FC. iyi ikipe yo mu burasirazuba ,Kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kamena 2024, nibwo Bugesera FC yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo imenyesha…

Read More