Abakwiye ikipe y’ingabo z’Igihugu nka APR FC batangiye ku hasesekara bahereye kumutoza wajyanye ikipe mu matsinda y’imikino nya Africa!

Nyuma  y’uko ikipe ya APR FC  isoje umwaka w’imikino  wa 2023/2024  igahitamo gutandukana n’uwari  umutoza wayo Umufaransa Thierry Froger  yamaze kubona umutoza mushya  umunya Serbia  w’imyaka 52 Darko Novic. Ikipe y’ingabo z’igihugu  “APR FC “  izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League mu mwaka utaha w’imikino ifite intego z’iremereye zo kugera  mumatsinda nyuma…

Read More

EURO 2024 : umugore wa Alvaro Morata yifatiye ku gahanga ibitanganzamakuru by’iwabo bikomeje kugaya umusaruro w’umugabo we

Umugore wa Alvaro Morata yamaganye ibitangazamakuru byo muri esipanye bikomeza kwandika ndetse no gusiga icyasha umugabo we ,bimushinza umusaruro mucye muri iyi ikipe y’igihugu mu mikino ya Euro 2024 iri kubera mu Budage. Bimwe mu bitangazamakuru byifatiwe ku gahanga na madame  Alice Campello biyobowe n’ikitwa  El Confidencial, giherutse gushyira hanze umutwe w’inkuru uharabika ndetse unerekana…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

UBubiligi bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda bakoreraga i Buruseli

Ububiligi bwatangaje ko bwamaganye icyemezo cyafashwe na leta y’u Rwanda cyo guhagarika umubano bari bafitanye ndetse bunemeza ko nabwo bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda bakoreragayo . Nkuko yabicishije ku rukuta rwe rwa X , Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi bwana Maxime Prevot yavuze ko igihugu cye cyizakomeza kwimika inzira y’ibiganiro ndetse ko icyemezo cy’u Rwanda cyerekena…

Read More

Knowless na Ariel Wayz bagiye gushyira hanze indirimbo bahuriyemo

Umuhanzikazi ukomeye muri muzika nyarwanda, Butera knowless ubarizwa muri imwe munzu zitunganya umuziki mu Rwanda izwi nka KinaMusic, afatanyije na mugenzi we Ariel Wayz uri mu bakunzwe hano mu rw’imisozi igihumbi bateguje abanyarwanda indirimbo nshya bagiye gushyira hanze bise “Katira.” Kuri uyu wambere taliki 21 Ukwakira 2024, Umuhanzikazi knowless Butera ukunzwe cyane mu gihugu cy’u…

Read More

Dore ibisubizo byihuse Mikel Arteta azafata mu kuziba icyuho cya Kai Havertz uzagaruka umwaka utaha

Ikipe ya Arsenal iherutse kuvunikisha rutahizamu wayo Kai Havertz waje usanga abandi Batanu b’iyi kipe, benshi bakomeje kwibaza abagomba kuza kuziba icyuho cye ndetse n’abandi badahari mu gice cy’imbere. Muri iyi nkuru reka tugaruke kuyandi mahitamo ahari nk’uko ababasesenguzi bakomeye i Burayi bari kubigarukaho! 1.Raheem Sterling : Uyu ni Umwongereza batijwe n’ikipe ya Chelsea gusa…

Read More

DRC : Abaregwa Kugerageza coup d’État ku wa 19 Gicurasi basabiwe urwo gupfa

Umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare yasabiye igihano cyo kwicwa abantu 50 baregwa kugerageza guhirika ku ngufu ubutegetsi bwa Kinshasa tariki 19 Gicurasi, uruhande rwabo rwavuze ko icyo gihano gikabije. Baregwa ibyaha birimo; iterabwoba, gutunga intwaro bitemewe, kwica, umugambi wo kwica, no gutera inkunga iterabwoba n’ibindi.Kuri 51 baregwa, ubushinjacyaha bwasabiye umwe gusa kudakatirwa urwo gupfa kuko “agaragaza…

Read More

DRC:Hatangajwe agace kagiye kwimurirwamo ibigo bya leta byari muri Goma

Kuri iki cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2024 ,Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyaruguru yategetse ko ibiro by’inzego bwite za leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo biherereye muri Goma ko bigomba kwimurwa bikajyanwa mu gace ka Beni mu gihe hategerejwe ko uyu mutwe ubanza gutsinsurwa na FARDC muri kariya gace wamaze kwigarurira. Ibyicaro by’ibigo bya…

Read More

Marina yerekanye icyatumye asiba indirimbo yari afitanye na Yampano

Marina yasohoye itangazo risobanura impamvu yasibishije kuri YouTube indirimbo yari yakoranye na Yampano. Mu itangazo ryanditse yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram aryandikiye abafana be n’abakunzi b’umuziki muri rusange , Marina yavuze ko ubunyamwuga buke bwa Yampano aribwo bwatumye asibisha indirimbo kuri YouTube. Yagize ati” ndashaka gushyira umucyo ku byavuzwe byose ku ndirimbo nakoranye na…

Read More