Paper Talk[Rwanda&Africa]:Rayon Sports iri gukora  remontada muri taransiferi! Umunya-Africa yanditse amateka muri Tour de France

Umunya-Eritrea Biniam Girmay, yabaye umukinnyi mu mukino w’amagare wa mbere w’Umwirabura wegukanye agace (Etape) mu isiganwa rikomeye ku Isi rya Tour de France, iyi ntsinzi yabonetse kuri uyu wa Mbere tariki 01 Nyakanga 2024, ubwo hakinwaga agace ka gatatu kiri siganwa rya Tour de France.(# Tour de France 2024) Simba SC  ikomeje kwiyubaka  yitegura  umwaka…

Read More

AMATORA MURI AMERIKA : Nyuma yo kubyemeranyaho n’umuryango we ;perezida Biden azakomeza guhatanira ku mwanya wa Perezida

Akanama ka abagize umuryango wa Perezida Joe Biden kamaze kwemeza ko agomba kutava ku izima mu kwiyamamariza ku mwanya wa perezida nubwo Biden yitwaye nabi cyane ndetse agakubitwa incuro na mugenzi we Trump bahanganye mu kiganiro mpaka giherutse kubera kuri CNN i Atlanta. Umuryango wa Perezida w’Amerika ndetse akaba n’umudemokarate , Joe Biden wamushishikarije gutera…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 2 /Nyakanga, Luis Suarez yahesheje Uruguay intsinzi imbere ya Ghana naho umubiligi Maarten Martens abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi byumwihariko mu isi ya Siporo : 1932 Muri Tennis , umunyamerika Ellsworth Vines yatsindiye ku mukino wa nyuma Bunny Austin mugenzi we bahuje ubwenegihugu amaseti atatu…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 2/Nyakanga ,Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) naho Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge bw’icyahoze ari Zaire abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 1266 : Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) arangiza intambara yahuzaga Ecosse na Norvège na Espagne….

Read More

Inkuru Yose: Uko umunsi wa 10 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu wagenze ku italiki 01 Nyakanga ,2024 ndetse na gahunda y’Umunsi wa 11

Ku munsi wa 10   wo kwiyamamaza kuba kandida perezida kuri uy’u wambere taliki ya 01 Nyakanga 2024 hiyamamaje gusa umukandida peresida  w’ishyaka riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije  “ Democratic Green Party”  Dr Frank Habineza. Uy’u mukandida wa Green Party ibikorwa bye byo kwiyamamaza  yabikoreye  mu ntara  yuburengerazuba mu Karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe …

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea iguze rutahizamu wa Barcelona, Newcastle United yatanze igisubizo kubifuza  Alexander Isak!

Liverpool, Arsenal, Chelsea ndetse na  West Ham United  zose z’irifuza gutwara  umusore w’imyaka 22  ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani   Riccardo Calafiori  myugariro mwiza cyane  gusa zose z’ifite umusozi wo kurira  bishyura agera kuri  £40m kugirango  ave muri  Bologna. (Express) Bamwe mu ba directors b’ikipe ya  Barcelona ntago bari kwemera  kuba bazana umusore ukomoka mu gihugu cya Esipanye  …

Read More

EURO 2024 : Jude Bellingham ashobora kutazongera gukina EURO ukundi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi [UEFA] iri gukora iperereza ricukumbuye ku myitwarire y’umwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego cyo kwishyura mu mukino wabahuzaga n’ikipe y’igihugu ya Slovakia muri EURO iri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uefa iri gukora iperereza ku kimenyetso cyakozwe n’umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego ikipe…

Read More

SOUTH AFRICA :Perezida Ramaphosa yatangaje guverinoma nshya kandi idasanzwe

Kuri uyu wa mbere ,Cyril Ramaphosa ,Perezida wa Afurika yepfo amaze gushyira hanze abagize guverinoma nshya kandi idasanzwe kuko ihuriweho n’andi mashyaka atavuga rumwe na ANC iri kubutegetsi magingo aya . Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ibi , nyuma yuko ishyaka rye rya ANC (African National Congress) ritakaje ubwiganze mu nteko ishingamategeko mu matora…

Read More

#AMATORA MU BUFARANSA: Madame Marine Le Pen n’ishyaka rye bari kubyina intsinzi y’amatora

Ishyaka Rassemblement National rya Madame Marine Le Pen rimaze kubona intsinzi yo mu cyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite mu gihugu cy’ubufaransa nyuma yo guhigika iry’abaharanira demokarasi na repubulika rya Perezida Emmanuel Macron. Uruhande rw’ishyaka ry’abahezanguni mu gukomera ku migirire ya kera ryo mu Bufaransa riri mu mu byishimo nyuma y’icyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite, cyemeje kugira…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Rutahizamu wanenzwe na Rayon Sports  ya bonye ikipe nshya  Ikipe izakina Confederation, Abdelhak Benchikha wanzwe na Simba ya bonye indi kipe!

CAF Club Licensing Online Platform (CLOP)  ni uburyo bwa sizweho  n’impuza mashyirahamwe y’umupira  wa maguru muri Africa  “CAF” kugirango amakipe agaragaze ko y’ujuje ibyangombwa  byo gukina imikino nya  Africa ndetse n’ibijyanye n’a masitade ku girango yemerwe cg nti yemerwe  kuri uy’u  wa mbere taliki ya 01 Nyakanga, 2024  yamaze gufunga ku makipe ashaka kugaragaza ko…

Read More