Perezida wa La Liga yatangaje amagambo yakuye umutima abafana ba Barcelona ku ngingo ya Nico Williams

Umuyobozi wa shampiyona y’igihugu ya Esipanye, Javier Tebas yatangaje ko kuri ubu ikipe ya Barcelona nta bushobozi ifite bwo kwandikisha Nico Williams iramutse imuguze. Ibi perezida wa La Liga abitangaje mu gihe Barcelona iyoboye urugamba rwo gusinyisha uyu Munya-Esipanye ufite amamuko muri Ghana , Nico Williams ndetse bakaba biteguye kwishyura amafaranga yatuma ava mu ikipe…

Read More

Paper Talk:Karim Benzema yaje gusura ku ivuko,BAL 2024 yashyizweho akadomo! abatoza muri Africa bakomeje kwirukanwa

Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, mu gihe Rivers Hoopers ya twaye umwanya wa gatatu muri BAL 2024.(#BAL 2024) Karim Mostafa Benzema,36 ya geze iya Béjaïa muri Algeria aho aba byeyi be bakomoka  kuri uyu wa…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku urutonde rw\’abakinnyi 100 beza mu Rwanda rwasohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena 2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena 2024 ;batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100 beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More

Perezida Kagame agiye kwakira indahiro z’abagize Guverinoma nshya

Mu kanya ,Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko hagiye kubera umuhango wo kwakira indahiro z’abagize Guverinoma n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho abagize Guverinoma n’abandi bayobozi, itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rikaba rigaragaza ko abayobozi Umukuru w”igihugu yashyizeho ari Abaminisitiri 21, Abanyamabanga…

Read More

U Rwanda rwahakanye ko nta ngabo zarwo ziri I Maputo ni mu gihe Abanyarwanda bahatuye bari guhohoterwa

Leta y’u Rwanda yanyomoje ku mugaragaro ibihuha bivuga ko hari ingabo zarwo zaba ziri I Maputo mu murwa mukuru wa Mozambique muri iki gihe hakomeje kurangwa umwuka mubi. Kuva muri 2021 inzego zishinzwe umutekano mu Rwanda harimo ingabo na polisi ziri muri Mozambique mu bikorwa byo kurandura burundu ibyihebe mu ntara ya Cabo Delgado iherereye…

Read More

Joseph Kabila na M23 bagiranye inama ya mbere i Goma

Ku wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025 Joseph Kabila, Uwari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hamwe n’abambari be, bakoreye inama ya mbere i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru mu burasirazuba bw’iki gihugu, hamwe n’umuyobozi mukuru wa M23  Corneille Nangaa. Mu butumwa yashyize kuri X (Twitter), Nangaa yavuze ko iyi…

Read More

DRC yasabiye ibihano bikomeye abayobozi ba RDF na M23

Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye umuryango w’abibumbye gufatira umutwe wa M23 n’igisirikare cy’u Rwanda ibihano bikakaye nyuma yuko bakomeje kuvunira ibiti mu matwi mu kubahiriza bijyanye no gishyira hasi intwaro ndetse bakanavana abasirikare mu babo mu burasirazuba bw’iki gihugu . Mu ibaruwa yo ku ya 17 Ukuboza 2024, yandikiwe akanama k’umuryango w’abibumbye…

Read More

Intambara ya Israel na Palestine : Abarimo abana 13 bapfiriye mu gitero cya Israel muri Gaza

Kuri iki cyumweru , Igitero cya Isiraheli yagabye ku nzu ziri mu nkambi y’impunzi ya Jabalia icumbikiye abanyapalestine bari bimuwe n’intambara cyahitanye nibura abantu 32, barimo abana 13 ndetse ibi bibaye mu gihe imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu iburira isi ko ibintu bikomeye cyane mu majyaruguru ya Gaza . Minisiteri y’ubuzima muri Gaza yavuze ko abantu…

Read More

Ubwongereza : Imyigaragambyo ikomeye irakomeje nyuma y’Ubwicanyi bw’abana 3 bikekwa ko bwakozwe n’Umunya-Rwanda

Mu gihugu cy’ubwongereza akajagari ni kose k’abigarambya barwanya iyicwa ry’abana batatu ritagize icyo rikorwaho n’inzego z’umutekano zo muri iki gihugu bivigwa ko bwakozwe n’Ukomoka mu Rwanda . Polisi yavuze ko ukekwaho icyaha yitwa Axel Rudakubana ufite imyaka 17, yavukiye mu Bwongereza ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda dore ko akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda.Kugeza ubu Imyigaragambyo imaze imisi…

Read More