Kigali : Hatangijwe ku mugaragaro Isiganwa ry’Imodoka, rizwi nka ‘Rwanda Mountain Gorilla Rally ya 2024’

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 / 10 /2024 , kuri Kigali Convention Centre hatangijwe ku mugaragaro Isiganwa ry’Imodoka, rizwi nka “Rwanda Mountain Gorilla Rally ya 2024”, Iri siganwa ryitabiriwe n’imodoka 23 rizakinwa hagati yo ku wa 18-20 Ukwakira 2024, mu mihanda ya Kigali n’iya Nyamata mu Bugesera. Abakinnyi bitabiriye Isiganwa ry’imodoka, “Rwanda Mountain…

Read More

USA PRESIDENTIAL DEBATE RESULTS : Izabukuru zatumye Trump akubitira Joe Biden ahareba i Nzega

Perezida Joe Biden yaraye atsinzwe bikomeye ndetse agaragaza intege nke mu kiganiro mpaka yagiranye na Donald Trump mugenzi we bahanganiye umwanya mu matora y’umukuru ateganijwe mu kiganiro mpaka cyabereye ku cyicaro cya televisiyo ya CNN. Mbere yo ku wa kane nimugoroba, Abanyamerika benshi bari baragaragaje impungenge ku myaka ya Joe Biden no kuba ameze neza…

Read More

Tshisekedi niwe kibazo cya Congo; ihuriro AFC/M23 ryariye karungu nyuma y’uko Leta irenze kugahenge kemeranyijwe

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nyakanga 2024, ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka ARC/M23, riyobowe na Corneille Nangaa bagarutse ku mpungenge bafite ku bijyanye n’agahenge kari kagamije ahanini kugira ngo abaturage bahunze intambara bahabwe ubufasha bitagoranye. Nubwo AFC yashimye uruhare rw’umuryango mpuzamahanga, cyane cyane Leta Zunze Ubumwe…

Read More

Nigeria : abaturage babyukiye mu mihanda bigaragambiriza izamuka ry’ikiguzi cy’ubuzima n’ubuyobozi bubi

Kuri uyu wa gatanu, Abanyanijeriya bagiye mu mihanda bamagana izamuka ry’imibereho muri iki gihugu ,aho Ibihumbi n’ibihumbi by’abatuye mu murwa mukuru , Lagos, no mu yindi mijyi minini bakoze urugendo bafite ibyapa byanditseho inzara, imiyoborere mibi n’ibindi. Abigaragambyaga banyuze mu duce dutuwemo n’abantu benshi bazamura ibyapa byamagana igiciro kinini cy’ibiribwa ndetse n’izamuka ry’imibereho, mu gihe…

Read More

Amerika: abasenateri babiri basabye NBA ubusobanuro bwimbitse ku mikoranire yayo na Perezida Kagame bavuga ko ayoboza igitugu

Abasenateri babiri bo muri sena y’Amerika basabye umukuru w’ishyirahamwe ry’umukino wa basketball muri icyo gihugu rizwi nka NBA kwisobanura ku mikoranire y’iryo shyirahamwe na Perezida Kagame w’u Rwanda bashinja igitugu no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu byo agomba kwisobanuraho nk’uko bikubiye muri iyi baruwa, harimo kwerekana imbago z’imikoranire y’ishyirahamwe ayoboye na leta y’u Rwanda.Aba basenateri…

Read More

Musonera wari ugiye kuba Umudepite ubu ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakatiwe gufungwa by’agateganyo iminsi 30

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwafashe icyemezo cyo  icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 , uwitwa Musonera Germain ukekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi nyuma yuko ajuririye icyemezo yari yafatiwe mbere . Uyu Musonera Germain wiyamamarizaga kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda mu matora y’umukuru w’igihugu n’aya abadepite yabaye muri Nyakanga uyu mwaka ndetse…

Read More

Menya byinshi ku mirongo y’umuhondo inyuranamo ishyirwa mu masangano [ explainer]

Mu mihanda yo mu Rwanda by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, ahakunze kubera umuvundo w’ibinyabiziga hatangiye gushyirwamo imirongo y’umuhondo inyuranamo izwi ku izina rya ‘Yellow Box’. Iyi mirongo iba izengurutswe n’undi murongo w’umuhondo ukoze ishusho ya Kare cyangwa urukiramende ishyirwa mu masangano y’umuhanda, igaragaza aho ikinyabiziga kitagomba guhagarara igihe cyose cyageze muri iri shusho. Iyi mirongo…

Read More

Minisitiri Dr Utumatwishima yasabye urubyiruko kwirinda amacakubiri

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kumenya amateka y’u Rwanda kuko yuje iby’ingenzi byose byaruyobora ku kwanga ikibi n’amacakubiri, ahubwo bakarushaho gukunda Igihugu no kugikorera. Ibi yabitangarije mu ihuriro ryahuje abarenga 800 baturutse mu Turere twa Karongi, Rubavu, Rusizi, Ngororero, Nyamasheke na Rutsiro, bahuriye mu biganiro bizwi nka ‘Rubyiruko…

Read More

BPR Bank Rwanda imaze kubarura amakuru y’abanyamigabane bayo basaga 42%

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/ Mutarama /2025 ,Banki y’Abaturage y’u Rwanda (BPR Bank Rwanda) imaze gutangaza ko muri gahunda yo kwandikisha abanyamigabane bayo bose, imaze kuvugurura amakuru y’abagera kuri 42% y’abagenerwabikorwa bose. Iyi banki ishamikiye ku iterambere ry’igihugu,  yasobanuye ko abanyamigabane bayo 576,245 aribo bagombaga kuvugururirwa amakuru, kandi kugeza ubu, abagera kuri 239,531…

Read More

BOBI WINE yashubijwe i Kampala ikubagaho.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Uganda cyateye ibyotsi byiryana mu maso bizwi nka tear gas mu muhanda wacagamo imodoka zari zitwaye Robert Kyagulanyi uzwi nka BOBI Wine utavuga rumwe n\’ubutegetsi buriho mu gihugu cya Uganda ubwo yararimo yinjira mu karere ka KAMULI ;aho byari biteganijwe kuza guhura n\’abarwanashyaka bashyigikiye uyu muhanzi mu rwego rwo…

Read More