Nyuma ya José Mourinho wacyeje AFCON ; undi mutoza ukomeye i burayi yavuze igikombe abona gikomeye hagati ya AFCON  na EURO!

Umufaransa Hervé Renard  umutoza w’Umunyabigwi cyane hano ku mugabane wa Africa ndetse n’Iburayi yavuze ko igikombe cya Africa ari cyiza cyane ndetse kinaryoha kuruta igikombe cy’Iburayi  ubwo yasabwaga kubigereranya! Hervé Renard   n’umwe mu batoza bumvaneza  umupira w’amaguru kuri iy’Imigabane yombi kubera ko hose yarahatoje kandi igihe kirekire  muri Africa yatoje amakipe arimo ikipe y’Igihu ya…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 10/Nyakanga, Inteko Ishinga Amategeko ya Pakistan, yafashe umwanzuro wo kwemera ubwigenge bwa Bangladesh naho Lt. Emmanuel Butera abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi kuwa gatatu,Taliki ya cumi/Nyakanga ni umunsi w’i 191 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 175 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . 138: Umwami w’Abami wa Roma, Hadrian, yahitanywe n’indwara y’umutima. 511: Hasojwe inama ya Concile d’Orléans yagennye imikorere ya kiliziya mu bwami…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mohamadou Lamine Ba mababa mushya wa APR FC,Mucyo Junior Didier yatandukanye na Rayon Sports kandi  n’aho yakoze igeragezwa byaranze!

Abafana b’ikipe ya  Dynamos FC yo mu gihugu cya Zimbabwe  bahanganye n’abayobozi b’iyi ikipe mu rwego rwo gushyigikira abakinnyi b’iyi kipe bamaze igihe batazi ikitwa umuashahara ndetse abakaba baberewemo amafanga menshi y’uduhimbazamusyi batahawe mu bihe bitandukanye  n’abo bakaba bafashe umwanzuro wo kudakora imyitozo bitagura umwaka w’Imikino.(#MickyJr) Ayamakipe  n’iyo atazakina imikino y’Ibanze(preliminary round)  ya CAF Champions 2024/25…

Read More

Amerika yemeje bidasubirwaho ko u Rwanda rufasha M23 mu guteza intambara muri DR.congo

Leta zunze ubumwe z’Amerika zemereye akanama k’umuryango w’abibumbye ko u Rwanda rufite abasirikare barenga ibihumbi bine muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amerika yashinje u Rwanda kohereza ingabo zirenga 4000 mu gushimangira ubushobozi bwa M23 n’imitwe y’inyeshyamba za Congo River Alliance mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Raporo nshya impuguke za Loni…

Read More

Paper Talk[Europe]: Bayern Munich igiye gutandukana n’abakinnyi batandatu, naho ikipe ya Manchester United n’iyo kipe  irikuvugwa cyane ku isoko!

Chelsea  yatangiye ibiganiro  n’Ikipe ya Borussia Dortmund  yo mu gihugu cy’ubudage kubagurisha umusore wabo  Karim Adeyemi  w’Imyaka 22 akabakina nka rutahizamu. (Bild – in German) West Ham United  irifuza gutwa umusore w’ikipe ya   Aston Villa w’Imyaka   20- Colombia  Jhon Duran wanatekerejweho n’Ikipe ya Chelsea . (Sky Sports) Manchester United  yamaze kumvikana muburyo bw’amagambo  n’Ikipe  ya  Bayern…

Read More

Copa America: Lionel Messi yagejeje Argentine ku mukino wa nyuma

Rutahizamu wa Argentine, Lionel Messi yongeye gufasha igihugu cye kugera ku mukino wa nyuma wa Copa America. Cumi n’imwe umutoza wa Argentine Lionel Scaloni yabanjemo harimo Emiliano Martínez,Gonzalo Montiel,Cristian Romero,Lisandro Martínez,Nicolas Tagliafico,Ángel Di María,Rodrigo De Paul,Enzo Fernández,Alexis Mac Allister,Lionel Messi na Julián Álvarez . Naho mugihe kuruhande rwa Canada umutoza Jesse Marsch yabanjemo Cyle Larin,Jonathan…

Read More

EURO 2024: Lamine Yamal yatumye esipanye igera ku mukino wa nyuma

mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 9 Nyakanga 2024,Ikipe y’Igihugu ya Espagne yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’u Burayi itsinze u Bufaransa ibitego 2-1.   Ikipe y’igihugu ya Spain itsinze ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ibitego 2-1 biyihesha amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma y’irushanwa rya EURO ikaba itegereje kuzacakirana n’izava hagati ya Netherlands…

Read More

AMATORA 2024: Uko Umunsi wa 17 wo kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’itangazamakuru.Mpayimana yasezeranije abaturage ko…

Read More

EURO 2024 : umugore wa Alvaro Morata yifatiye ku gahanga ibitanganzamakuru by’iwabo bikomeje kugaya umusaruro w’umugabo we

Umugore wa Alvaro Morata yamaganye ibitangazamakuru byo muri esipanye bikomeza kwandika ndetse no gusiga icyasha umugabo we ,bimushinza umusaruro mucye muri iyi ikipe y’igihugu mu mikino ya Euro 2024 iri kubera mu Budage. Bimwe mu bitangazamakuru byifatiwe ku gahanga na madame  Alice Campello biyobowe n’ikitwa  El Confidencial, giherutse gushyira hanze umutwe w’inkuru uharabika ndetse unerekana…

Read More