Inzira  y’u musaraba yerekeza mu matsinda kuri APR FC na Police! uko tombora yagenze kumakipe azahagararira u Rwanda mu mikino  Nya-Africa

Ikipe ya APR FC na Police FC z’igomba guhagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League na Confederetions Cup zamenya abobagomba gukina mu mikino y’Ibanze (Preliminary Round) aho APR FC izakina na  Azam mu gihe Police izakina  na SC Constantinois yomuri Algeria.  Kuri uyu wa kane taliki ya 11 Nyakanga 2024 I Cairo mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Gahunda yabakinnyi mu Rwanda yokurega amakipe muri Ferwafa irakomeje! umukino wazo bizasaba kwifashisha abasifuzi baturutse muri Esipanya

Wydad AC igeze mu biganiro byanyuma n’uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Mamelodi Sundowns yomuri Africa y’Epfo Rulani Mokwena ibijyanye n’imishahara byumvikanyweho ndetse n’ibyuduhimbaza mushyi igisigaye n’ugufata indege imwerekeza muri Morocco bikaba binateganyijweko ariwe mutoza wambere uzaba uhembwa amafaranga menshi mu mupira w’amaguru wa Morocco mu mwaka utaha w’imikino ntagihindutse.(#MickyJr) Umunya-Esipanye  Javier Alberola Rojas  akaba umwe…

Read More

Paper Talk[Europe]: Kylian Mbappé agiye gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid, Bayern Munich  igiye kurangiza transfer yayo ya kabiri!

Paris St-Germain  yiteguye guhangana  n’ikipe ya  Manchester United murugamba rwo gusinyisha umusore w’Ikipe ya   Benfica w’Imyaka  19- Portugal Joao Neves  akabakina hagati mu kibuga gusa saya makipe gusa amwifuza hari nadi kumugabane w’Iburayi akomeje kwifuza uyu musore (Le10Sport – in French) Barcelona  ngoyaba yamaze kumvikana ibyibanze  n’umusore w’Ikipe ya  Athletic Bilbao Nico Williams  w’Imyaka 21 Umunya-Spain ukomeje no kuyifasha…

Read More

Mifotra yavuze ko mu gihe cy’amatora bizaba ari ikiruhuko cy’abakozi haba mu nzego za Leta n’izabikorera

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo [MIFOTRA], yatangaje ko iminsi ibiri ya mbere y’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo gutuma Abanyarwanda babasha kuzuza inshingano mboneragihugu z’amatora. iyi Minisiteri yabitangaje ibinyujije mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X.Minisiteri y’Abakozi ba Leta yagize iti “Iyo minsi yombi [Ku wa Mbere no ku wa Kabiri] izaba…

Read More

EURO 2024 : Olie Watkins afashije ubwongereza kugera ku mukino wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’ubwongereza imaze kugera ku mukino wa nyuma wa EURO 2024 nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’ubuholandi les oranges ibitego 2-1. uyu wari umukino watangiye ikipe y’igihugu y’ubuholandi yataka cyane ndetse biza no kuyikundira kuko ku makosa ya Declan Rice aho yari amaze gutsikira aza kwisanga uwitwa Xavi Simons yamupapuje umupira maze nawe arekura…

Read More

Ukraine igomba gutsinda intambara : Joe Biden, inama ya OTAN irarimbanije mu gihe Uburusiya bukomeje kugera amajanja Ibice Byose bya Ukraine.

Kuri uyu wa gatatu abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bagize Umuryango wo gutabarana w’igihugu by’uburengerazuba na Amerika ya ruguru uzwi nka OTAN bitabiriye inama y’uyu muryango ku nshuro ya 75. Uyu muryango wo gutabarana washinjwe mu Kwa Kane mu mwaka wo ,mu 1949,uteraniye I Washington DC,aho nk’ibisabzwe uri kwiga ku rwego rwawo rw’imikoranire y’ibihugu binyamuryango,mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Arsenal yatangaje ko yasinyishije Alexis Sanchez imuvanye muri Barcelona naho Mario Gómez abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1960 ,Mu gikombe cy’uburayi cyo muri uyu mwaka Viktor Ponedelnik yafashije igihugu cye cya leta zunze ubumwe z’abasoviyeti kwitwara neza ku mukino wanyuma w’iki gikombe imbere ya Yugoslavia aho bayitsinze bibiri kuri kimwe mu mukino waberaga kuri sitade ya Parc des Princes mu bafaransa. 1977 Nyuma y’imyaka ibiri…

Read More

Frank Habineza atanze amazi y’ubuntu ! ; Uko Umunsi wa 18 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngoma na Huye. Yahereye mu karere…

Read More

Menya byinshi ku rutonde ngarukakwezi rw’abakinnyi beza 100+ mu Rwanda rwasohowe n’ikinyamakuru DailyBox  ruzwi nka  “Rwanda Best”

Kuri uyu wa kabiri  taliki ya 09 Nyakanga nk’uko byari biteganyijwe ikinyamakuru  DailyBox cyasohoye  urutonde  ngarukakwezi  rw’abakinnyi 100+  beza kuruta abandi mu Rwanda “Rwanda Best” mu mupira wamaguru rwayobowe  n’umusore  w’Ikipe ya Rayon Sports  Kevin Muhire. Ni urutonde rwari rusohotse kunshuro yarwo ya kabiri nyuma y’urwa kamena , aho hagaragayemo impinduka zitandukanye  ariko nanone zitari…

Read More