Paper Talk[Europe]: Abatoza batatu bagomba gusimbura  Gareth Southgate, Pep Guardiola ahanganye na Bayern kuri Dani Olmo

Manchester United yamaze kubaza amakuru yerekeye  myugariro  Jonathan Tah n’imugihe ikipe ya  Bayern Munich  bisankaho byayinaniye kumvikana n’ikipe ya  Bayer Leverkusen kugirango batware uyu mudage w’Imyaka 28  wagize umwaka w’Imikino mwiza wa 2023-2024 ndetse n’igikombe cyiza cy’uburayi. (Florian Plettenberg) Galatasaray ikipe yomu  gihugu ya Turkey iri mu biganiro n’ikipe ya   Manchester United kumusore wayo Scott…

Read More

Paul Kagame arayoboye na 99.15%; Ibyavuye mu matora ku mwanya w’umukuru w’igihugu bishyizwe ahagaragara.

none aha Komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gutangaza iby’ibanze bavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu, ibyerekanye ko Paul Kagame ari we uri imbere y’abandi bakandida bahanganye. Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko yari…

Read More

LIVE🛑AMATORA 2024 ;PARTIAL RESULTS ,KAGAME PAUL ON THE TOP WITH 99.15 % VOTES

AMAJWI Y’AGATEGENYO KU MWANYA W’UMUKURU W’IGIHUGU ⚫PAUL KAGAME 99.15⚫DR.Frank HABINEZA 0.53⚫MPAYIMANA PHILLIPE 0.32 uko amajwi y’ibanze ateye kugeza ubu. Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza ageze kuri Olympic Hotel. Kuri iyi hoteli iherereye mu Kagari ka Bibare mu…

Read More

BREAKING NEWS : imyirondoro y’uherutse kurasa Donald Trump yamaze kujya ahagaragara

Urwego rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika rw’ubugenzacyaha [FBI] rumaze gutangaza ku mugaragaro imyirondoro y’uwashatse kwica Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu gihe yarimo yiyamariza mu leta ya Pennsylvania. Agace gato ka Pittsburgh gaherereye muri parike ya Beteli muri Pennsylvania karahangayitse nyuma yuko FBI ivuze ko umusore uhakomoka witwa Thomas Matthew Crooks, ari we…

Read More

Ibisigisigi bya EURO 2024: abatoza batatu bagomba gusimbura Gareth Southgate bamaze kumenyekana

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu bwongereza [FA] ryemeje ko rigiye gushaka umutoza ugomba gusimbura Gareth Southgate nyuma y’uko Southgate agiye gutandukana n’iyi ikipe. Abatoza barimo Eddie Howe, Graham Potter, Lee Carsley na Mauricio Pochettino bari mu bahatanira kuba bakwegukana uyu mwanya.Southgate azagirana ibiganiro n’abayobozi be ba FA mu minsi iri imbere ikurikira ijoro ryo gutsindwa na…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri  shampiyona ya Tanzania hagiye gukoresha VAR, Abareyo bagiye kwibonera abakinnyi babo bashya mu mukino wa gicuti!

Imani Kajula  agiye kuva kunshingano zokuba   Chief Executive Officer(CEO)  w’Ikipe ya Simba SC  yomu gihugu cya Tanzania bisobanuyeko hagiye gushakwa undi mushya arinaho hashobora kuba haravuye ibihuha bijyana Uwayezu François Regis akaba Vice Chairman wa APR FC muri Simba SC.(#MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’umupirwa  w’amaguru muri Africa  “CAF”  yashyizeho itariki ya 25 Nyakanga 2024 nk’umunsi ntarengwa  wokuba…

Read More

India : abavoka ibihumbi n’ibihumbi bari kwigaragambiriza uburyo amategeko ari gushyirwaho na Leta

Kuri uyu wa mbere, abanyamategeko babarirwa mu bihumbi mu murwa mukuru w’Ubuhinde bigaragambije bamagana ivugururwa ry’amategeko ahana ibyaha byakorewe mu murimo ndetse banamagana uburyo bw’iburanisha ry’urukiko. Benshi muri aba banyamategeko barakajwe n’amategeko mashya yaje ku ya 1 /Nyakanga yagura ububasha bwa polisi kugira ngo abantu bafungwe mbere y’urubanza kandi rikanategeka abacamanza gutanga imyanzuro y’urubanza kandi…

Read More

Nta Guy Bukasa  muri Rayon Sports , Ubuyozi bwa Rayon Sports bwanyomoje amakuru y’umutoza mushya wavugwagamo!

Umunye-Congo Guy Bukasa  watozaga ikipe ya AS Kigali mu mwaka ushizwe w’Imikino byavugwaga ko ari munzira zinjira muri Rayon Sports  ayo makuru yabeshyujwe ahubwo Rayon Sports ikomeje gushaka umutoza mushya. Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kutagira umwaka mwiza w’Imikino wa 2023-2024 aho yasoje nta gikombe na kimwe itwaye  mu bikomeye mu Rwanda haba icy’amahoro…

Read More

Amatora 2024: Abanyarwanda batoye umukuru w’igihugu n’abadepite Biteguye neza ibisubizo by’ibanze mu masaha y’umugoroba.

Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko komisiyo y’igihugu y’amatora yabitangaje,amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga batoye ku munsi w’ejo, mugihe ab’imbere mu gihugu batoye uyu munsi kuva saa moya kugera saa Cyenda…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City ifite ubwoba bwo kubura  Julian Alvarez, Liverpool igiye kuzana  myugariro witwaye neza mu igikombe  cy’uburayi!

Marc Guehi  nyuma yo gusoza igikombe cy’Uburayi  ari kwifuzwa n’ikipe ya  Liverpool  ndetse biravugwa ko ibiganiro byamaze kuba bitangira  kugirango uyu musore w’Imyaka  24 wa  Crystal Palace  ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Bongereza yerekeze muri Liverpool. (Fabrizio Romano via GiveMeSport) Umwongereza  ukina hagati mu kibuga   Adam Wharton w’imyaka 20,  biteganyijwe ko azanga amahirwe yo kwerekeza  muri imwe…

Read More