Rutahizamu uri mu bakomeye i Burayi Barcelona yashakaga ntibigikunze ko imubona

Ikipe ya Barcelona ifite ibibazo by’ubukungu byari byitezwe ko izasinyisha rutahizamu wa Lille Jonathan David ku buntu, byatangajwe ko itazamusinyisha nubwo uyu musore yari yaciye amarenga ko nawe yifuza gukinira iyi kipe. Uyu rutahizamu w’Umunya-Canada ni umwe mu beza bari ku Mugabane w’Iburayi badahenze kuko afite amasezerano ari kugana ku musozo dore ko azarangirana na…

Read More

Sudani : ingabo z’Umuryango w’abibumbye zimwe ikaze

Sudani yanze ubusabe bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kohereza ingabo zawo zitagira aho zibogamiye mu butumwa bwo kurinda umutekano w’abasivili bakuwe mu byabo n’intambara hagati y’ingabo za leta n’umutwe wa Rapid Support Forces wayigometseho. Itsinda ry’impuguke z’ abashakashatsi b’Umuryango w’Abibumbye ryoherejwe muri Sudani ryatangaje kuwa gatanu ushize ko babonye ibikorwa biteye ubwoba bibangamiye uburenganzira bwa muntu bikorwa…

Read More

indwara y’ubushita bw’inkende yamaze kugera ku mugabane w’uburayi

Minisiteri y’ubuzima yo muri Suwede yatangaje ko yatahuye umuntu ufite ubu bwoko bukaze kurushaho bw’ubushita bw’inkende muri iki gihugu. Olivia Wigzell ukuriye ikigo cy’ubuzima cya Sweden yavuze ko uwo muntu wanduye yari yabanje kurwarira mu karere k’umurwa mukuru Stockholm, gusa ko kuba arimo kuvurirwa muri iki gihugu bidateye inkeke ku baturage bose bacyo. Olivia yabwiye…

Read More

Minisitiri mushya wa siporo ntamwanya wo guta afite akazi yagatangiriye muri BK Arena atangiza ibirori bya Basketball

Minisitiri mushya wa siporo Nyirishema Richard yafunguye ku mugaragaro imikino y’ijonjora yo gusha tike y’igikombe cy’isi cya 2026 cya Basketball mu bagore igiye kubera muri BK Arena. Hano mu Rwanda iminsi yari ibaye myinshi hitegurwa imikino y’injonjora muri Basketball hashakwa itike y’imikino yanyuma y’igikombe cy’isi cya 2026 mu bagore igomba kuber muri BK Arena kuva…

Read More

ANALYSIS : Ibihugu bitanu byo kwitega muri CHAN 2024

Menya ibihugu bitanu bigomba guhangwa amaso mu irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN 2024). Uko iminsi ishira niko tugenda dusatira igihe nyacyo cy’itangira ry’irushanwa rya CHAN 2024. Ni irushanwa riba buri myaka ibiri rigategurwa na CAF isanzwe irebera inyungu za ruhago kuri uyu mugabane dutuye, CHAN 2024 biteganyijwe ko igomba gutangira ku italiki…

Read More

Huye: umugabo wishe umugore we babanaga yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Umugabo w’imyaka 44 wishe umugore babanaga amutemesheje umuhoro rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Uwari ukurikiranyweho icyaha, mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Mutarama 2025, ari iwe mu rugo mu mudugudu wa Gisagara, akagari ka Shyembe, umurenge wa Maraba,…

Read More

AS Kigali yaguze umwataka mushya  

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda iteganyijwe gutangira ku wa 14 Nzeri 2025, AS Kigali ikomeje kwiyubaka, aho yamaze gusinyisha rutahizamu Jesus Ducapel Moloko kugira ngo azayifashe mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Uyu mukinnyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, afite imyaka 27, akina asatira anyuze ku mpande. Uyu yanyuze mu makipe akomeye…

Read More

AMATORA MURI AMERIKA : Nyuma yo kubyemeranyaho n’umuryango we ;perezida Biden azakomeza guhatanira ku mwanya wa Perezida

Akanama ka abagize umuryango wa Perezida Joe Biden kamaze kwemeza ko agomba kutava ku izima mu kwiyamamariza ku mwanya wa perezida nubwo Biden yitwaye nabi cyane ndetse agakubitwa incuro na mugenzi we Trump bahanganye mu kiganiro mpaka giherutse kubera kuri CNN i Atlanta. Umuryango wa Perezida w’Amerika ndetse akaba n’umudemokarate , Joe Biden wamushishikarije gutera…

Read More

Lamine Yamal yakoze ibyaherukaga gukorwa na Messi mu myaka 9

Umunya-Esipanye Lamine Yamal yatanze umupira wavuyemo igitego mu ijoro rya keye bituma yuzuza uwa gatandatu mu mikino 10 byaherukaga gukorwa na Lionnel Messi muri 2014-2015. Hari mu mukino w’umunsi wa 10 w’ashampiyona y’umupira w’amaguru muri Esipanye aho ikipe y’umutoza Hansi Flick[Barcelona] yari yakiriye ikipe ya Sevilla kuri Estadio Olimpico Lluis Companys. Ni umukino warangiye Barcelona…

Read More