Uganda : Hashyizweho ingamba zihamye zo kwirinda ubushita bw’inkende

Igihugu cya Uganda cyashyizeho ibigo by’ihariye mu mavuriro yo ku rwego rw’igihugu no ku rwego rw’uturere byo kwakira no kuvura abantu banduye indwara y’ubushita bw’inkende. Ibi ni nyuma yuko Minisiteri y’ubuzima itangaje ko iyi ndwara imaze gukwirakwira mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibi byakozwe cyane mu turere twegereye umupaka n’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,…

Read More

Amakuru mashya : abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende bamaze kugaragara ku ubutaka bw’ u Rwanda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo….

Read More

Umutoza wa APR FC wari warigiriye iwabo mu biruhuko yagarutse i Kigali

Umutozo w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu Umunya-Serbia Darko Nović yamaze gusesekara hano mu Rwanda nyuma y’ibiruhuko yari yaragiyemo iwabo muri iki gihe ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakinaga imikino yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026 cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Iyi kipe, umutoza mukuru wayo nubwo yari yaragiye yakoraga imyitozo ,…

Read More

Kicukiro : Umusore yasanzwe yiyahuye ndetse anatangaza ko umurambo we uhabwa imbwa

 umusore w’imyaka28 y’amavuko yasanzwe mu nzu yapfuye ndetse yanditse ibaruwa ikubiyemo agahinda ke anasaba ko umurambo we bazawuha imbwa zikawurya Uyu umurambo w’umusore wabonetse mu nzu yabagamo, bikekwa ko yiyahuye, ndetse hafi yaho yari yiyamburiye ubuzima hari  n’ibaruwa yanditse, aho yanditseho  ko batazamushyingura, ahubwo ko umurambo we bazawuha imbwa zikawurya zikawumara. Ku mugoroba wo ku…

Read More

Imishahara y’Abayobozi  bakuru  b’Igihugu,perezida niwe uhembwa menshi arenga miliyoni isheshatu buri kwezi!

dore imishahara y’abakozi  ba Leta y’u Rwanda munzego zo hejuru  uhereye kuri peresida wa repubulika  aho we byibuze  afata arenga miliyoni esheshatu z’Amafaranga y’u Rwanda buri kwezi. Imirimo ya Leta hirya no hino ku isi irahirimbanirwa  uhereye kukuba peresida w’Igihugu, kuba Minisitiri, kuba Umudepite  ndetse n’indi myanya. Abenshi barayihirimbanira kubera ko abayigiyemo ubuzima bw’abo  burahinduka…

Read More

Esipanye na senegal basinyinye amasezerano aha amahirwe y’Akazi k’abanyasenegal byoroshye

Minisitiri w’intebe wa Esipanye, Pedro Sánchez, yabonanye na perezida wa Senegali, Bassirou Diomaye Diakhar Faye, mu rugendo ruzamugeza mu bihugu bitatu byo muri Afurika y’iburengerazuba, hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’abimukira barenga ku mategeko, bajya mu birwa bya Canaries bya Esipanye. Abo bayobozi bombi bashyize umukono ku masezerano yo guteza imbere amahirwe y’akazi k’igihe gito muri…

Read More

Ikipe ya Rutsiro FC yafatiye ibihano bikakaye umutoza n’umuzamu wayo nyuma yo kunyagirwa na APR FC

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rutsiro FC bwamaze guhagarika umutoza wayo GATERA Musa , ndetse n’umuzamu wayo Matumele Arnold Mozombo babashinja umusaruro mubi bagize ku mukino Rutsiro FC yatsinzwemo na APR FC ibitego bitanu ku busa (5-0) kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Wari umunsi wa 25 wa Shampiyona, ni umukino utaravuzweho rumwe bitewe n’uburyo ibi…

Read More

DR Congo – Rwanda : umuhuza João Lourenço yatanze uburyo bwo guharika urusaku rw’imbunda burundu mu burasirazuba wa congo -kinshasa

Perezida wa Angola João Lourenço yahaye bagenzi be b’u Rwanda na DR Congo umushinga wuzuye uganisha ku mahoro mu burasirazuba bwa DRC , mu ruzinduko yagiyemo i Kigali n’i Kinshasa ku cyumweru no ku wa mbere. Lourenço yabashije kugeza u Rwanda na DR Congo ku masezerano y’agahenge mu mirwano yo mu ntara ya Kivu ya…

Read More

Premier League : Liverpool ivuye inyuma ibona amanota atatu naho Man city ihurira n’uruva gusenya kwa Bournemouth !

Ikipe ya liverpool imaze kwegukana umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda ikipe ya Brighton and Hove Albion ibitego bibiri kuri kimwe naho ikipe ya Manchester city itsinzwe na bournemouth ibitego bibiri kuri kimwe bituma ikomezwa gusigwa na liverpool amanota agera kuri abiri ku urutonde rwa shampiyona y’ubwongereza rw’agateganyo . Ikipe ya Liverpool yari yakiriye ikipe…

Read More