Twitege iki kuri Hans Flick wasinye imyaka ibiri nk\’umutoza mukuru muri Barcelona?

Barcelona yatangaje ko hashyizweho Hansi Flick nk\’umutoza wabo mushya nyuma yo kugenda kwa Xavi Hernandez,Uwahoze ari umutoza w’Ubudage na Bayern Munich yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nyuma y’ibyumweru bike by’ibiganiro hagati niyi ekipe ikinira kuri Estadio de Camp Nou. Xavi yari yabanje gutangaza muri Mutarama ko agiye kuva ku mirimo ye mu mpeshyi,…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku rutonde rw\’abakinnyi 100+ beza mu Rwanda rwa sohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena,2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena, 2024 batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100+ beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More

iby\’ingenzi wamenya ku 100 zikunzwe mu rw\’imisozi igihumbi [Rwanda music billboard]

Inama y\’ubwanditsi bw \’ikinyamakuru Daily BOX bufatanyije ni inzobere zigiye zitandukanye mu ruganda rw\’imyidagaduro hano iwacu m\’u Rwanda ndetse no mukarere ka Afurika y\’uburasirazuba bwaricaye butegura imbonerahamwe ngaruka kwezi izajya yibanda ku ndirimbo ijana zakunzwe hano mu gihugu .[RWANDA MUSIC BILLBOARD Hot 100+]. RWANDA MUSIC BILLBOAD ni urutonde ngaruka kwezi rw\’indirimbo ijana zikunzwe za abahanzi…

Read More

Ni iki U bubiligi bwa Kevin De Brune buhatse muri EURO 2024 budafite Courtois ariko bwagaruye witsel ?

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Kevin De Bruyne, azayobora ikipe y’Ububiligi yasubiwemo harimo na Alex Witsel wigeze gusezera muri Shampiyona y’Uburayi ukwezi gutaha. Kuri uyu wa kabiri, De Bruyne na Witsel baje ku rutonde rw\’abakinnyi 25 bashyizwe ahagaragara n\’umutoza Domenico Tedesco. Umunyezamu wa Real Madrid, Thibaut Courtois, witegura umukino wa nyuma wa Champions League….

Read More

Kera kabaye sheikh salim Hitimana abonye umusimbura

Mu buryo bugoranye ,Amatora y’Abagize Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) yabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, yasize Sheikh Sindayigaya Mussa abaye Mufti w\’u Rwanda , asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani kuri izi nshingano. Ni amatora yabanjirijwe ni imvururu no kutumvikana hagati ya abagize uyu muryango ushingiye ku myemerere ya kisilamu…

Read More

Apr fc yananiwe kuvuga rumwe na zimwe mu nkingi za mwamba zayo.

Nyuma yo gusoza uyu umwaka w\’imikino mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, iyi ikipe y\’ingabo z\’igihugu yatangiye gutegura umwaka w\’imikino utaha iganiriza bamwe mu bakinnyi bayo bagenda begera ku musozo w\’amasezerano yabo bari basanzwe bafite muri iyi ekipe . Kwikubitiro habanjwe kuganirizwa bamwe mu bageze ku musozo wa amasezerano yabo ariko benda kujya kwitabira…

Read More

Ronaldo yongeye kwereka mu bworo bw\’ ikirenge mukeba we messi

Christiano Ronaldo yongeye kuyobora ibindi birangirire muri siporo mukwinjiza agatubutse ku nshuro ya kane muri career ye yo guconga ruhago. Rurangiranwa w\’umunya – Portigal Christiano Ronaldo w\’imyaka 39 ukinira al – Nassir yo muri SAUDI ARABIA yongeye guca agahigo ko kuyobora abindi muri siporo birangirire muri siporo byinshiza amafaranga menshi mu gihe cy\’ukwezi nkuko raporo…

Read More

Umweyo na Transfert muri Police fc biravuza ubuhuha.

Ikipe y\’igipolisi cy\’igihugu nyuma yo gusoza shampiyona y\’umwaka w\’imikino wa 2023/2024 warangiye mu buryo butashimishije benshi abareberera hafi iby\’ikipe harimo n\’abafana bayo bijyanye n\’intwaro zigiye zikomakomeye yari yaragiye yibibikaho mu ntangiriro z\’iyi season kuko yasoreje ku mwanya ku mwanya wa karindwi n\’amanota mirongo itatu n\’icyenda yizigamye igitego kimwe gusa mu mikino 30 ya shampiyona usibye…

Read More

Dore ibyo kumenya Ku urutonde rw\’abakinnyi 100 beza mu Rwanda rwasohowe ni kinyamakuru daily–box.com rwa Kamena 2024

Ikinyamakuru daily—box.com cyafunguye imiryango kuri uyu wa mbere , taliki ya 27 Kamena 2024 ;batangiranye na gahunda idasanzwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda byandika kuri siporo nyarwanda by’Umwihariko aho basohoye urutonde rw’abakinnyi 100 beza muri ruhago y\’u Rwanda.  1.Mu bakinnyi 10 bambere harimo abanyarwanda Batatu gusa Mu mwaka ushize wa 2023 nibwo ikipe y’Ingabo…

Read More