Watch Loading...
HomeOthers

Ronaldo yongeye kwereka mu bworo bw\’ ikirenge mukeba we messi

\"\"

Christiano Ronaldo yongeye kuyobora ibindi birangirire muri siporo mukwinjiza agatubutse ku nshuro ya kane muri career ye yo guconga ruhago.

Rurangiranwa w\’umunya – Portigal Christiano Ronaldo w\’imyaka 39 ukinira al – Nassir yo muri SAUDI ARABIA yongeye guca agahigo ko kuyobora abindi muri siporo birangirire muri siporo byinshiza amafaranga menshi mu gihe cy\’ukwezi nkuko raporo y\’ikinyamakuru Forbes magazine ibagaragaza .

\"\"

LEO Messi waje kumwanya wa gatatu wabinjiza amafaranga menshi nyuma ya CR7 na JOHN RAHM ukina umukino wa Golf.

iki gitangazamakuru gikomeza cyivuga ko Ronaldo yinjije akayabo k\’arenga miliyoni 260 zama- euros avuye kuri miliyoni 108 yari yarinjije mu umwaka ushize bimushyira kumwanya wa mbere akanasiga mukeba we wibihe byose bahanganiye byose mu isi y\’umupira LIONEL Messi aho we yaje ku mwanya wa gatatu w\’uru rutonde.

\"\"

Abandi banyamupira baje hafi kuri urutonde rw\’abagwizatungo rwa Forbes ni umufaransa ufite amamuko muri algerie Karim Mustafa Benzema ukinira al hilal nayo yo muri arabia saudite, Kylian Mbappe n\’umunya brazil witwa neymar junior de santos nawe bakinana muri al hilal.

\"\"
FORBES magazine kimwe mu bitangazamakuru bivuga ku butuzi bw\’ibyamamare bitandukanye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *