abanyeshuri bagiye guhagararira u Rwanda mu mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba berekeje muri Uganda

Itsinda ry’abantu 198 ririmo abanyeshuri 162 ni ryo rigiye guhagararira u Rwanda mu Mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba (FEASSSA) izabera i Bukedea muri Uganda tariki ya 16-27 Kanama 2024. U Rwanda rufite amakipe 14 mu mikino irimo Umupira w’Amaguru, Handball, Volleyball, Basketball (5X5), Basketball 3X3, Rugby, Netball n’ImikinoNgororamubiri. Abitabiriye iyi Mikino bafashe…

Read More

Ubushita bw’Inkende yamaze kuba indwara yugarije ubuzima rusange muri Afurika

Ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya no gukumira Indwara z’Ibyorezo, Africa CDC, cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende yugarije ubuzima rusange muri Afurika. Umuyobozi wa Africa CDC, Jean Kaseya, yavuze ko Umugabane wa Afurika ukeneye miliyoni 10 z’inkingo zo guhangana n’iki cyorezo, ari ko kugeza ubu hari izigera ku bihumbi 200 gusa. Kuva mu ntangiriro z’yu mwaka, abarenga…

Read More

Padiri Jean Bosco Ntagungira yaragijwe Diyosezi Butare na papa francis

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoreye Padiri Jean Bosco Ntagungira kuba Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare. Padiri Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Paruwasi Regina Pacis i Remera, yasimbuye Mgr Rukamba Filipo ,Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bishinzwe itangazamakuru bya Papa kuri uyu wa Mbere, niryo rivuga izo mpinduka muri Kiliziya y’u…

Read More

Nyuma y’irahira rya Perezida Kagame ; MIFOTRA yatangaje umunsi w’ikiruhuko

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ( MIFOTRA) yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024, ari ikiruhuko ku bakozi bo mu nzego za Leta n’iz’abikorera. Iri tangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, rivuga ko iyi Minisiteri menyesha abakoresha n’abakozi bo mu nzego za Leta n’iz’Abikorera ko kuri uyu wa Mbere tariki…

Read More

Gareth Southgate watozaga ubwongereza yabonye umusimbura !

Lee Carsley yagizwe umutoza w’agateganyo w’Ubwongereza mu kwezi kugirango azayifashe kwitegura imikinoi itaha iyi ikipe y’igihugu izakina . Abayobozi ba FA bashimishijwe cyane n’umusaruro w’uy’umutoza wahoze atoza abongereza batarengeje imyaka 21 kuva yatangira imirimo mu 2021 kandi akaba ahatanira kwigarurira burundu uyu mwanya wa Gareth Southgate. Uyu wahoze ari umukinnyi wo hagati wa Everton azatoza…

Read More